Abantu batanu bishwe n’imvura imaze iminsi ibiri igwa mu Rwanda

Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko ibiza byakomotse ku mvura yaguye hagati ya tariki 16 na 17 Kanama 2025 byahitanye abantu batanu mu gihe abandi 25 bakomeretse. Kuva muri Nyakanga 2025 hatangiye kugwa imvura mu gihe byari bimenyerewe ko ibihe by’impeshyi nta mvura igwamo yanagwa ikaba nke cyane. Muri Kanama ho abenshi bavugaga ko […]

Continue Reading

Wazalendo yasuzuguye itegeko rya FARDC ryo gukuraho bariyeri ikusanyirizaho imisoro

Umutwe witwaje intwaro wa Uhuru uba mu ihuriro Wazalendo wateye utwatsi itegeko ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ryo gukuraho bariyeri washyize muri teritwari ya Walilake mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Uyu mutwe washyize bariyeri mu gace ka Brazza gaherereye muri Gurupoma ya Waloa Uroba. Usanzwe ukusanyirizaho imisoro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Umuyobozi […]

Continue Reading

Burera: Inkuba yakubise abantu babiri barapfa

Abaturage babiri bo mu Karere ka Burera bakubiswe n’inkuba barapfa, ku mugoroba wo ku wa 17 Kanama 2025. Benegusenga Alpha w’imyaka 14 wo mu Murenge wa Nemba, Akagari ka Kivumu ho mu Mudugudu wa Nyamusanze, inkuba yamukubitiye mu muryango w’inzu ya sekuru, ubwo yari avuye gucyura amatungo Saa 18:00. Ni mu gihe Nyamugira Bernard w’imyaka […]

Continue Reading

Haravugwa uruhande ruri gukoresha intwaro ziremereye mu mirwano ya AFC/M23 na FARDC n’abayifasha

Ihuriro AFC/M23 riratangaza ko uruhande bahanganye rw’igisirikare cy’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abagifasha, bagabye ibitero bakoresheje intwaro ziremereye ndetse n’indege zitagira abapilote (Drones) mu duce tumwe two mu Ntara ya Kivu y’Epfo. Byatangajwe n’Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka kuri iki Cyumweru tariki 17 Kanama 2025, wavuze ko ari bwo uruhande bahangaye rwagabye ibi […]

Continue Reading

Uko mu rugo rw’umuturage hatahuwe inka zari zaribwe zirimo iyari imaze amezi umunani yarabuze

Mu rugo rw’umuturage wo mu Murenge wa Nkanka mu Karere ka Rusizi, hasanzwe inka ebyiri zari zaribwe abantu babiri, zatahuwe nyuma yo kumva muri uru rugo habirira inka kandi abaturanyi bazi ko badafite ubushobozi bwo kuzigura. Izi nka zafatiwe mu rugo rw’uwitwa Callixte n’umugore babana witwa Esperance, ruherereye mu Mudugudu wa Nyabiranga, Akagari ka Kamanyenga […]

Continue Reading

Rayon Sports yategetswe na FIFA kwishyura Robertinho arenga miliyoni 30 Frw

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ryategetse Rayon Sports FC kwishyura Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’ wahoze ari umutoza wayo, amadolari ya Amerika ibihumbi 22,5 [22,5$ arenga miliyoni 30 Frw] kubera kumwirukana binyuranyije n’amategeko. Muri Mata 2025 ni bwo Rayon Sports yahagaritse Robertinho imushinja uburwayi, nyuma yo kutishimira icyemezo iyi kipe yafashe cyo kumuhagarika. […]

Continue Reading

AFC/M23 yatangaje ko itazasubira i Doha Leta ya RDC nitarekura abantu bayo

Ihuriro AFC/M23 ryashimangiye ko ridateze gusubiza intumwa zaryo mu biganiro by’amahoro i Doha muri Qatar mu gihe ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwaba butararekura imfungwa 700. Hashingiwe ku mahame impande zombi zasinyiye i Doha tariki ya 19 Nyakanga 2025, Leta ya RDC yari yemeye kurekura abantu 700 ifunze barimo abanyamuryango ba AFC/M23 n’abakekwaho […]

Continue Reading

Amanota ya P6 na 0’ Level y’ibizamini bya Leta bya 2024/25 agiye gutangazwa

Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC yatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2024/2025 by’abo mu mashuri abanza (P6) n’Icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (O’ Level) azatangazwa ku wa Kabiri tariki ya 19 Kanama 2025. Ni ibyasohotse mu itangazo rya MINEDUC ryo ku Cyumweru tariki ya 17 Kanama 2025, ryanagaragaje ko umwaka w’amashuri wa 2025/2026 uzatangira […]

Continue Reading

Kivu y’Amajyaruguru: ADF yishe abaturage 59 mu minsi itatu

Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage bagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba baturage biciwe mu duce dutandukanye two muri Segiteri ya Bapere muri teritwari ya Lubero ndetse no mu mujyi wa Oicha muri teritwari ya Beni, kuva tariki ya 16 Kanama 2025. Mu […]

Continue Reading

Perezida wa FIFA yamaganye irondaruhu ryakorewe Antoine Semenyo

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yatangaje ko yamaganye ihohoterwa rishingiye ku irondaruhu ryakorewe rutahizamu wa AFC Bournemouth akaba n’umukinyi w’ikipe y’Igihugu ya Ghana, Antoine Semenyo. Semenyo w’imyaka 25 yakorewe irondaruhu n’umufana wa Liverpool ku wa Gatanu, tariki ya 15 Kanama 2025, ubwo AFC Bournemouth yakinaga na Liverpool FC mu mukino ufungura […]

Continue Reading