Urukiko rwasubije Adil Mohamed wareze APR FC

Urukiko rushinzwe gukemura impaka muri Siporo ku Isi (TAS), rwatesheje agaciro ubujurire bw’Umutoza w’Umunya-Maroc, Adil Erradi Mohamed, wari wareze APR FC kumwirukana binyuranyije n’amategeko. Uru Rukiko muri bimwe rwagendeyeho rwarasanze mu gihe uyu mutoza APR FC yamuhagarikaga mu Kwakira 2020, atarigeze atera intambwe n’imwe ngo yandikire ikipe ayibaza icyo azira n’icyo bagendeyeho bamuhagarika. Ubuyobozi bw’ikipe […]

Continue Reading

Rayon Sports mu nzira zo kongera amasezerano bamwe mu bakinnyi b’inkingi za mwamba

Rayon Sports yatangiye kureba uburyo yaganira na bamwe mu bakinnyi ba yo yifuza kuzongerera amasezerano. Uri ku isonga ni umunyezamu w’umunya-Senegal, Khadime Ndiaye wayigezemo muri Mutarama 2024 aho yasinye amasezerano y’amezi 6. Amakuru avuga ko Rayon Sports yifuza kugumana uyu munyezamu ndetse yanamugejejeho iki cyifuzo, inatera intambwe ya mbere yo kumuganiriza ngo bazagumane ariko bivugwa […]

Continue Reading

APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona ku nshuro ya 22 {AMAFOTO}

Igitego kimwe rukumbi cya APR FC cyatsinzwe na Mugisha Gilbert, cyatumye iyi kipe yegukana igikombe cya shampiyona ya 2023-24 mu gihe habura imikino 3 ngo shampiyona irangire. Wari umukino w’umunsi wa 27 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda aho APR FC yari yakiriye Kiyovu Sports, iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu ikaba yasabwaga kunganya gusa igahita […]

Continue Reading

Niyonzima Olivier Seif udashaka gukorerwaho amateka yagarutse guhangamura APR FC

Niyonzima Olivier Seif ,kapiteni wa Kiyovu Sports,wari wahagaritswe imikino yose isigaye ya Shampiyona, akaza gusaba imbabazi, yagarutse mu kibuga mu mwambaro w’iyi kipe yiteguye gucakirana na APR mu mukino ushobora gutuma iyi Kipe y’Ingabo z’u Rwanda irarana Igikombe. Uyu mukinnyi ukina hagati mu kibuga, imbere ya ba myugariro, ntiyakiniye Kiyovu Sports mu mikino iheruka kubera […]

Continue Reading

Ikipe Zidane agiye kwerekezamo yamenyekanye

Umutoza Zinedine Zidane umaze igihe nta kazi ibiganiro n’ikipe ya Bayern Munichen bigeze kure ngo azasimbuye Thomas Tuchel uzagenda. Uyu mutoza wihariye agahigo ko kwegukana Champions League ebyiri zikurikiranya,biravugwa ko habura ibintu bike kugira ngo yemere aka kazi. Zidane yavuye muri Real Madrid muri Kamena 2021,aho kuva ubwo atarongera gutoza ikipe nimwe. Kuva icyo gihe, […]

Continue Reading

Ibihano bikomeye kuri TP Mazembe kubera kwanga kwambara Visit Rwanda

Ikipe ya TP Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yanze ibyo kwambara Visit Rwanda ku myambaro yo mu irushanwa rya Africa Football League ishobora kubiryozwa, igakatwa ibihumbi 450$ kuri miliyoni 1$ yari guhabwa U Rwanda ruri mu bafatanyabikorwa b’ingenzi ba Africa Football League ndetse ’Visit Rwanda’ ikaba yambarwa ku maboko y’imyambaro y’amakipe arikina, […]

Continue Reading

Andriy Lunin yafatiye runini Real Madrid isezerera Man City Perezida Kagame atanga ubutumwa kuri Arsenal yasezerewe na Bayern Munich {AMAFOTO}

Arsenal yasezerewe mu gikombe cya UEFA Champions League nyuma yo gutsindwa na Bayern Munich igitego 10 mu mukino wo kwishyura wa 1/4, wabereye kuri Allianz Arena. Nyuma yo kwirangaraho ikanganya na Bayern ibitego 2-2 mu rugo,Arsenal yatsindiwe mu Budage ihita isezererwa mu irushanwa itaratwara na rimwe rya UEFA Champions League. Igitego cy’umutwe cya Joshua Kimmich […]

Continue Reading

#UCL: Ijoro ry’abagabo FC Barcelona mu gahinda Dortmund yigisha Atletico Madrid

Paris St-Germain yatsindaga Barcelona ibitego 4-1 iyisezerera muri 1/4 cya UEFA Champions League kandi iyisanze mu rugo ku kibuga isigaye ikiniraho cya Estadi Olimpic Lluis Companys. PSG yorohewe n’uyu mukino wo kwishyura wa 1/4,byatumye igera muri kimwe cya kabiri cy’irangiza muri Champions League ku nshuro yayo ya kane.Ni inshuro yayo ya mbere kuva muri 2021 […]

Continue Reading

Gasogi United isebeje Police FC imbere y’abana bari basubiye kwishuri

Uyu munsi ni bwo hatangiye imikino ya 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro aho Police FC yari yakiriye Gasogi United kuri Kigali Pelé Stadium. Uyu munsi ni bwo hatangiye imikino ya 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro aho Police FC yari yakiriye Gasogi United kuri Kigali Pelé Stadium. Gasogi United yatangiye ishaka igitego hakiri ku munota wa 7, Djibrine Hassan yahawe […]

Continue Reading

AS Kigali yigize igupfwa ihagama APR FC iyibuza ibyishimo {AMAFOTO}

Ibitego 2 bya AS Kigali byatsinzwe na Ishimwe Fiston na Benedata Janvier bahoze bakinira APR FC, byatumye umukino wahuzaga aya makipe urangira ari 2-2 maze ikipe y’Ingabo z’Igihugu ntiyayitwariraho igikombe. APR FC yasabwaga gutsinda uyu mukino ngo yegukane igikombe hakiri kare,ariko igitego cyo mu minota ya nyuma cya AS Kigali cyishe ibirori byayo. Wari umukino […]

Continue Reading