U Rwanda ntirucyakiriye igikombe cy’isi cy’aba_Veterans

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwavuze ko rwahagaritse ubufatanye igihugu cy’u Rwanda cyari gifitanye na EasyGroup EXP itegura igikombe cy’isi cy’aba-Veterans bityo irushanwa ryari riteganyijwe muri Nzeri rikaba ritakibereye mu Rwanda. Mu itangazo ryashyizwe hanze n’uru Rwego, bavuze ko nyuma yo kubitekerezaho neza ndetse no kuganira hagati y’impande zombi, byabaye ngombwa ko bafata icyemezo ko amasezerano […]

Continue Reading

Imyinjirize kuri Stade Amahoro yateye akavuyo gakabije

Ku mugoroba wo ku wa gatandatu abantu benshi mu Rwanda bagaragaje ibyishimo byo kwinjira bwa mbere muri stade Amahoro ivuguruye ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 45,000. Icyakora benshi batahanye agahinda kuko batabashije kwinjira,abandi bakomereka bari kwinjira kubera ko imyinjirize yabaye mibi cyane. Ubwo abantu bari bamaze kuba benshi kandi amasaha yo gutangira umukino yegereje, benshi […]

Continue Reading

Messi yasubije Mbappe ku magambo y’ubwishongozi ye

Umunyabigwi Lionel Messi yanyomoje Kylian Mbappe bahoze bakinana,uheruka kuvuga ko igikombe cy’Uburayi,Euro gikomeye kurusha Igikombe cy’isi. Uyu mukinnyi ukomoka muri Argentine yemeje ko iri rushanwa ry’iburayi ridakomeye cyane, kuko rititabirwa n’amakipe menshi yatwaye igikombe cy’isi yo muri amerika y’amajyepfo. Mbere ya Euro 2024 izabera mu Budage, Mbappe yavuze ko iri rushanwa ryo ku mugabane w’Uburayi […]

Continue Reading

Ibintu bitatu Eric Ten Hag yasabye Man U mbere yo gusinya andi masezerano

Umutoza Erik Ten Hag arashaka kwihagararaho mbere y’uko asinya amasezerano mashya muri Man United yashatse kumwirukana hanyuma ikisubiraho. Manchester United yahisemo gukomezanya n’uyu muholandi,nyuma y’uko inaniwe kubona undi mukandida uyibereye. Amakuru yavugaga ko Ten Hag azirukanwa nubwo yatwaye FA Cup ndetse nawe yari abyiteguye cyane ko ubuyobozi bwavuganye n’abandi batoza badafite akazi nka Thomas Tuchel […]

Continue Reading

Rayon Sports yasinyishije Hakizimana Muhadjiri

Ikipe ya Rayon Sports yarangije kumvikana n’umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’, Hakizimana Muhadjiri, warangije gushyira umukono ku masezerano y’umwaka umwe akinira iyi kipe y’i Nyanza. Ibiganiro bya Muhadjiri na Rayon Sports byatangiye ubwo umwaka wa shampiyona wasozwaga dore ko uyu mukinnyi benshi bafata nk’ufite impano kurusha abandi bakina mu Rwanda, yanze kwemera icyifuzo Police FC yamuhaga […]

Continue Reading

Manchester United yafashe icyemezo cyo kugumana na Erik ten Hag

Inama y’ubuyobozi ya Manchester United yafashe icyemezo cyo kugumana Umutoza Erik ten Hag ndetse hagiye gukurikiraho ibiganiro byo kumwongerera amasezerano dore ko asigaje umwaka umwe gusa. Mbere y’umukino wa nyuma wa FA Cup wabaye ku wa 25 Gicurasi, hari amakuru yavugaga ko Manchester United itazakomezanya na Erik ten Hag hatitawe ku cyari kuwuvamo. Nyuma yo […]

Continue Reading

Amavubi yisubije umwanya wa mbere mu itsinda atsinze Lesotho

Ikipe y’Igihugu Amavubi yatsinze Lesotho igitego 1-0, bituma yisubiza umwanya wayo wa mbere mu itsinda C mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026. Muri uyu mukino waberaga muri Afurika y’Epfo, Amavubi yihagazeho arinda iki gitego yatsinze mu gice cya mbere,bituma atahana intsinzi. Amavubi yatangiye uyu mukino ahererekanya neza ndetse akinira mu rubuga rwa […]

Continue Reading

APR FC yananiwe kumvikana na rutahizamu mwiza wa Shampiyona ya Ghana

Ikipe ya APR yananiwe kumvikana na rutahizamu w’Umunya-Uganda Steven Desse Mukwala wayisabye kumwishyura agera ku bihumbi 70$. APR FC izahagararira u Rwanda muri CAF Champions League ya 2024/25, ikomeje kurambagiza abakinnyi batandukanye bazayifasha kwitwara neza nyuma yo gusezererwa nabi mu mwaka w’imikino ushize. Amakuru dukesha  IGIHE  ni uko muri aya mezi abiri, umwe mu bakinnyi […]

Continue Reading

Ijambo rya mbere Kylian Mbappé yavuze agitangazwa nk’umukinnyi wa Real Madrid

Rutahizamu Kylian Mbappé w’imyaka 25 yamaze gutangazwa nk’umukinnyi mushya wa Real Madrid ndetse ahita agaragaza ko ari ikipe yari yarihebeye kuva mu bwana bwe. Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Kamena 2023, ni bwo iyi kipe yo muri Espagne yatangaje umukinnyi wayo mushya nyuma y’igihe kirekire bivugwa ko impande zombi zamaze kumvikana. Mbappé wahawe […]

Continue Reading

Kiyovu Sports yabonye umuyobozi mushya

Nkurunziza David niwe watorewe kuyobora Kiyovu Sports imyaka 3 iri imbere mu nama y’inteko rusange y’iyi kipe yabaye kuri iki Cyumweru,tariki ya 26 Gicurasi 2024. Asimbuye Ndolimana Jean Francois Regis “General” weguye ayisigira Mbonyumuvunyi Abdul Karim. Uyu mugabo wari umaze igihe kinini aba hafi Kiyovu Sports mu bikorwa bitandukanye birimo n’ahakenewe ubushobozi bw’amafaranga, wanayifashije kuba […]

Continue Reading