Real Madrid Yabonye Intsinzi Ikomeye mu Mikino ya Kamarampaka ya UEFA Champions League

Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 11 Gashyantare 2025, habaye imikino ya kamarampaka (play-offs) ya UEFA Champions League, aho Real Madrid yatsinze Manchester City ibitego 3-2 mu mukino wari utegerejwe na benshi wabereye kuri Etihad Stadium mu Bwongereza. Real Madrid yegukanye intsinzi y’amateka Uyu mukino watangiye Real Madrid isatira cyane, igaragaza ubukana bwo […]

Continue Reading

Aziz wari umufana ukomeye wa Kiyovu Sports yitabye imana

Umufana ukomeye wa Kiyovu Sports, Harerimana Abdul Aziz ‘Nzinzi’, yitabye Imana azize uburwayi aho yari arwariye mu Bitaro bya CHUK. Iyi nkuru y’akababaro, yamenyekanye kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Gashyantare 2025 yemejwe n’umuryango we. Inkuru y’urupfu rw’uyu mufana, yongeye gushimangirwa n’buyobozi bwa Kiyovu Sports binyuje ku rubuga rw’abafana. Ati: “Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports, bubabajwe […]

Continue Reading

Godwin Odibo uheruka gutandukana na APR FC yerekeje muri Shooting Stars

Rutahizamu ukina anyuze mu mpande, Godwin Odibo, wari watandukanye na APR FC kubera umusaruro muke, yamaze kubona indi kipe nshya y’iwabo muri Nigeria yitwa Shooting Stars. Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Gashyantare 2025, ni bwo Ubuyobozi bwa APR FC bwagiranye ikiganiro n’itangazamakuru kigaruka ku mibereho y’ikipe n’imyiteguro y’imikino yo kwishyura. Mu byagarutsweho harimo […]

Continue Reading

Mu minsi 45 Bisi Nshya ya APR FC izaba yageze mu Rwanda

Umuyobozi wa APR FC, Brig Gen Déo Rusanganwa, yatangaje ko mu minsi 45 bisi Nshya y’ikipe izaba yageze mu Rwanda. Ibi nibwe mu byo yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Gashyantare 2025, ubwo yagaragazaga ishusho y’ikipe mu mikino yo kwishyura ya shampiyona. Kimwe mu bibazo yabajijwe, ni ikirebana n’imodoka […]

Continue Reading

Bizimana Djihad yerekeje muri Libya

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’, Bizimana Djihad yerekeje muri Al Ahli Tripoli SC yo muri Libya avuye muri Kryvbas Kryvyi Rih yo mu Cyiciro cya Mbere muri Ukraine yari amazemo umwaka n’igice. Iyi kipe yaciye amarenga yo kwibikaho Bizimana kuko yakoresheje ifoto yijimye ariko wayitegereza neza ukabona ko ari we. Ibi byabaye nyuma y’aho Bizimana yari […]

Continue Reading

APR FC Yegukanye Igikombe cy’Intwari 2025 Itsinze Police FC

Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cyo kwizihiza Intwari z’Igihugu nyuma yo gutsinda Police FC kuri penaliti 4-2, nyuma y’uko amakipe yombi anganyije ubusa ku busa mu minota 120 y’umukino. Uyu mukino wabaye ku wa Gatandatu tariki ya 1 Gashyantare 2025, kuri Kigali Pele Stadium. Witabiriwe n’abayobozi batandukanye barimo Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen […]

Continue Reading

Rayon Sports yinjije abakinnyi bane

Ubuyobozi bwa Rayon Sports, bwemeje ko bwaguze abakinnyi bane barimo abanyamahanga babiri n’Umunyarwanda, Biramahire Abeddy wakinaga muri Mozambique. Mu gihe yasoje imikino ibanza iyoboye urutonde rwa shampiyona, Rayon Sports ikomeje kwiyubaka igamije kongera mu gice cy’ubusatirizi kugira ngo bakomeze komngera umubare w’ibitego iyi kipe itsinda ariko kandi hanaboneke abanda bakinnyi bazajya bakorera mu ngata, Fall-Ngagne. […]

Continue Reading

APR FC yatandukanye na Godwin Odibo

Ikipe ya APR FC yemeje ko yatandukanye n’Umunya-Nigeria, Godwin Odibo, ku bwumvikane bw’impande zombi. Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 20 Mutarama 2025, APR FC yemeje ko batandukanye imushimira umusanzu we mu kibuga ndetse no hanze inamwifuriza guhirwa muri byose. Uyu mukinnyi yari amaze amezi atandatu aguzwe n’Ikipe […]

Continue Reading

Rutahizamu wa Rayon Sports yasabye gutandukana nayo

Rutahizamu w’Umunya-Uganda, Charles Bbaale, yandikiye Rayon Sports ayisaba gusesa amasezerano bafitanye kubera ko asanga atagifite imbaraga zo kuyifasha muri uyu mwaka w’imikino. Bbaale yari amaze umwaka umwe n’igice muri Rayon Sports yagezemo muri Nyakanga 2023, avuye muri Villa SC y’iwabo. Uyu mukinnyi umaze igihe yaravunitse, kuri ubu wasubiye muri Uganda, yamaze kwandikira Rayon Sports ayisaba […]

Continue Reading

APR FC yasinyishije rutahizamu

kipe ya APR FC yasinyishije rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Burkina Faso, Djibril Ouattara, wavugwaga muri Ittihad Tanger yo muri Maroc, ku masezerano y’imyaka ibiri. Djibril Ouattara waherukaga gutandukana na JS Kabylie iyoboye Shampiyona ya Algérie, yifuzwaga cyane na Ittihad Tanger ndetse amakuru menshi yavugaga ko iyi kipe yo muri Maroc yamaze kumwegukana. Uyu mukinnyi yitezweho […]

Continue Reading