Nyuma yo gutsinda APR FC Aba Rayons Bashimiye Amagaju FC Umunyezamu bamuha akayabo ikipe ihabwa ikimasa

Abafana n’abakunzi ba Rayon Sports bageneye ishimwe abakinnyi b’Amagaju FC nyuma gutsinda APR FC igitego 1-0, aho bari kubaha amafaranga n’ibindi bitandukanye. Ku Cyumweru, tariki ya 12 Mutarama 2025, ni bwo Amagaju FC yakinnye na APR FC mu mukino w’Umunsi wa 15 wa Shampiyona y’u Rwanda wabereye mu Karere ka Huye ukarangira Ikipe y’Ingabo z’Igihugu […]

Continue Reading

Abakinnyi babiri bashya ba APR FC bakuwe ku rutonde rw’Ikipe y’Igihugu ya Uganda

Paul  Put Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Uganda, yakuye Denis Omedi na Hakim Kiwanuka mu bakinnyi iki gihugu kizifashisha muri CHAN 2024 nyuma y’uko bombi bamaze gusinyira APR FC. Uganda Cranes yatangiye umwiherero kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Mutarama, yitegura CHAN 2024 izakira hamwe na Kenya na Tanzania tariki ya 1-28 Gashyantare 2025. Mu […]

Continue Reading

Chairman wa APR FC yavuze kubyo kwirukana umutoza Darko Nović

Mu gihe abafana ba APR FC bakomeje gusabira umutoza Darko Nović kwirukanwa, Chairman w’iyi kipe, Brig Gen Déo Rusanganwa, yavuze ko ifite abatekinisiye, bityo aribo bagomba kuzareba umusaruro we. Ikipe y’Ingabo yasoje imikino ibanza itsindwa n’Amagaju FC igitego 1-0, ibyasembuye abafana bayo, bongera gusabira umutoza Darko Nović kwirukanwa. Bamwe mu bafana  bagaragaje agahinda kabo ndetse […]

Continue Reading

Mukura VS ikoze mu maso Rayon Sports

Kuri uyu wa Gatandatu, ikipe ya Mukura VS yahagaritse umuvuduko wa Rayon Sports yari imaze imikino 14 idatsindwa muri shampiyona, iyitsinda ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 15 wabereye kuri stade Mpuzamahanga ya Huye hasozwa imikino ibanza. Abakinnyi 11 Rayon Sports yabanje mu kibuga: 42. Khadime Ndiaye 26. Youssou Diagne 54. Omar Gning 2. Serumogo […]

Continue Reading

Bigoranye APR FC Yatsinze Marines FC 2-1 Ikomeza Gusatira Rayon Sports

APR FC yatsinze Marines FC ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 14 wa Shampiyona y’u Rwanda, wabereye kuri Stade Umuganda i Rubavu, ku wa Gatatu. Iyi ntsinzi yashimangiye intumbero y’Ikipe y’Ingabo zo mu Rwanda yo gusatira Rayon Sports iyoboye urutonde rwa shampiyona. Uyu mukino wari utegerejwe cyane, aho abakinnyi bashya ba APR FC, Denis Omedi […]

Continue Reading

Byagenze bite ngo Byiringiro Lague wakiriwe na Rayon sports yisange muri Police FC

Byiringiro Lague wifuzwaga na Rayon Sports, yayiteye umugongo, asinya amasezerano y’umwaka n’igice muri Police FC avuye muri Sandviken IF yo muri Sweden.. Nyuma y’aho Sandviken IF yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Sweden itangaje ko yatandukanye na Byiringiro, Rayon Sports yasamiye mu kirere iyi nkuru maze itangira kugirana ibiganiro na we. Uyu mukinnyi yageze i […]

Continue Reading

Umunyamakuru Lorenzo mu nzira isohoka muri RBA

Umunyamakuru w’imikino, Musangamfura Christian Lorenzo, wari umaze igihe mu Rwego rw’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA, akaba yari amaze kubaka izina kuri Radio Rwanda, yamaze gusezera ndetse amakuru ahari agahamya ko agiye kwerekeza kuri radiyo nshya igiye gufungurwa na Sam Karenzi. Amakuru ava mu bakoranaga n’uyu munyamakuru, ahamya ko kuri uyu wa 6 Mutarama 2025 ari bwo yatanze […]

Continue Reading

Amavubi yahize gutsinda Sudan y’Epfo

  Kevin Muhire uyobora bagenzi be basangiye gukinira Ikipe y’igihugu, Amavubi, yasezeranyije Abanyarwanda ko bazatsinda umukino uzabahuza n’ikipe y’igihugu ya Sudani y’Epfo. Uwo mukino witeguwe na benshi barimo na Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire. Saa kumi n’ebyiri z’umugoroba nibwo uzabera kuri Stade Amahoro. Uzaba ari uwo kwishyura kuko ubanza uherutse kubera i Juba muri Sudani […]

Continue Reading

Amavubi yatsinzwe umukino ubanza na Sudani y’Epfo mu gushaka itike ya CHAN 2024

Ikipe y’Igihugu ”Amavubi” y’abakina imbere mu Gihugu yatsinzwe na Sudani y’Epfo ibitego 3-2 mu mukino ubanza w’ijonjora rya nyuma mu gushaka itike ya Shampiyona Nyafurika ihuza abakina mu bihugu byabo (CHAN 2024). Uyu mukino wabaye kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Ukuboza 2024, muri Juba International Stadium. Sudani y’Epfo yatangiranye umukino imbaraga nk’ikipe iri mu […]

Continue Reading

APR FC yasinyishije Nshimirimana Ismaël Pitchou

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’u Burundi, Nshimirimana Ismaël uzwi nka Pitchou, yongeye gusubira mu ikipe ya APR FC nyuma yo gutandukana na yo mu mezi make ashize kubera kubura umwanya uhoraho wo gukina. Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo kuri iki Cyumweru tariki 22 Ukuboza 2024, APR FC yemeje ko yasinyishije uyu mukinnyi amasezerano azarangirana n’umwaka w’imikino […]

Continue Reading