Umusilamukazi yakubiswe azira kujya mu rusengero

Polisi ya Uganda yatangaje ko abantu barindwi bo mu muryango umwe bafunzwe bakekwaho gubita inkoni 100 umukobwa bazizaga gusengera mu rusengero rw’abemera Kristo. Aba bantu bo mu muryango umwe barimo ba nyirarume w’umwana, amashusho yabo yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga bahondagura uyu mwana bamuziza kujya mu rusengero. Abo bantu uko ari barindwi bagaragaye mu mashusho yakwirakwijwe […]

Continue Reading

Yesu yabonekeye abantu mu gihugu cya Kenya

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, hakomeje gukwirakwizwa ifoto igaragaza ishusho ya Yesu ikozwe mu bicu iri mu kirere bikavugwa ko ari Yesu wabonekeye abantu mu gihugu cya Kenya mu isoko rya Oyuma muri Kendu. Nyuma y’uko iyi shusho igiye hanze, abantu benshi batangiye kwitirira agace kabo ko ariho iyi shusho yabonetse ndetse n’abanyarwanda bavuga […]

Continue Reading

Abayisilamu bibukijwe impamvu y’igisibo n’icyo Imana ibasaba [AMAFOTO]

Mufti w’u Rwanda, Sheikh Salim Hitimana, yibukije impamvu y’Igisibo Gitagatifu ku Idini ya Islam n’icyo Imana isaba Abayisilamu. Ibihumbi by’Abayisilamu baturutse hirya no hino bahuriye muri Kigali Pelé Stadiu, mu isengesho ryo kwizihiza Umunsi Mukuru wa Eid al-Fitr, umunsi usoza Igisibo Gitagatifu cya Ramadhan. Ati “Bavandimwe nyuma yo gusiba, icyo dusabwa ni ugukomeza kubaha Allah, […]

Continue Reading

Kiriziya Gatolika mu Rwanda yamaganye icyemezo cyo gusezeranya ababana bahuje igitsina

Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yatangaje ko Kiliziya idashobora guha umugisha umubano w’ababana bahuje igitsina kuko byaba bivuguruza itegeko ry’Imana n’Umuco Nyarwanda. Yabinyujije mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa 21 Ukuboza mu buryo busa n’ubuvuguruza ibikubiye mu rwandiko rwitwa Fiducia supplicans (Ukwizera kwambaza Imana) rwatangajwe n’Ibiro bya Papa Francis tariki 18 Ukuboza 2023. Muri […]

Continue Reading

Abapasiteri muri ADEPR bararira ayo kwarika kubera ibyo iri torero ryabakoreye

Hashize imyaka irenga ibiri mu itorero rya ADEPR habayemo impinduka mu buryo butunguranye. Icyo gihe abashumba 30 bayoboraga itorero ku Rwego rw’Ubuterere bavanweho hashyirwaho abandi bashya, ndetse abapasiteri 10 barimo batanu bayoboye Ururembo n’ababungirije biyongeraho. Abavanwe ku nshingano zabo icyo gihe banavuga ko hari 5 bari bagize Biro Nkuru y’Itorero ry’Abapantekote mu Rwanda bandi bakuwe […]

Continue Reading