Papa Francis arashinjwa gutukana
Kuri uyu wa mbere, ibitangazamakuru byinshi byo mu Butaliyani byatangaje ko Papa Francis aherutse gukoresha imvugo itukana kandi iteye isoni ubwo yavugaga ku baryamana bahuje ibitsina muri Kiliziya Gatolika. Mu cyumweru gishize, ubwo papa yari mu nama y’Abepiskopi y’Ubutaliyani (CEI), ngo yasabye abasenyeri kutakira abaryamana bahuje ibitsina ku mugaragaro mu maseminari y’idini. Ubwo yabazwaga mu […]
Continue Reading
