Papa Francis arashinjwa gutukana

Kuri uyu wa mbere, ibitangazamakuru byinshi byo mu Butaliyani byatangaje ko Papa Francis aherutse gukoresha imvugo itukana kandi iteye isoni ubwo yavugaga ku baryamana bahuje ibitsina muri Kiliziya Gatolika. Mu cyumweru gishize, ubwo papa yari mu nama y’Abepiskopi y’Ubutaliyani (CEI), ngo yasabye abasenyeri kutakira abaryamana bahuje ibitsina ku mugaragaro mu maseminari y’idini. Ubwo yabazwaga mu […]

Continue Reading

Abayisilamu batoye Mufti mushya

Sheikh Sindayigaya Mussa yatorewe kuba Mufti w’u Rwanda asimbuye Sheikh Salim Hitimana wari umaze imyaka umunani ayoboye Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC). Mu matora yabaye kuri iki Cyumweru, Sheikh Hitimana yari mu bakandida biyamamarizaga kuri uyu mwanya ariko aza kwikura mu matora ku mpamvu yatangaje ko zishingiye ku kuba amaze igihe kirekire mu nshingano Ni […]

Continue Reading

Musenyeri wiyahuye kubera imyenda myinshi

Inzego z’iperereza muri Tanzania zatangaje ko Joseph Bundala wari Musenyeri mu itorero ry’aba- méthodiste yiyahuye akoresheje umugozi wa telefone yo mu biro, aho bikekwa ko ari icyemezo yafashe kubera imyenda yari imuremereye. Amakuru y’urupfu rwa Musenyeri Joseph Bundala yamenyekanye ku wa Gatandatu tariki 18 Gicurasi mu 2024, gusa bivugwa ko yiyahuye ku wa Kane tariki […]

Continue Reading

Tshisekedi aracyahamya  ko azashoza  intambara ku Rwanda

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yashimangiye ko agitekereza gushoza intambara ku Rwanda mu gihe ibiganiro bihuza abayobozi bo mu bihugu byombi nta musaruro mwiza byatanga.   Uyu Mukuru w’Igihugu ubwo yimamarizaga kuyobora iki gihugu mu mpera za 2023, yatangaje ko mu gihe umutwe witwaje intwaro wa M23 warasa mu […]

Continue Reading

Umusilamukazi yakubiswe azira kujya mu rusengero

Polisi ya Uganda yatangaje ko abantu barindwi bo mu muryango umwe bafunzwe bakekwaho gubita inkoni 100 umukobwa bazizaga gusengera mu rusengero rw’abemera Kristo. Aba bantu bo mu muryango umwe barimo ba nyirarume w’umwana, amashusho yabo yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga bahondagura uyu mwana bamuziza kujya mu rusengero. Abo bantu uko ari barindwi bagaragaye mu mashusho yakwirakwijwe […]

Continue Reading

Yesu yabonekeye abantu mu gihugu cya Kenya

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, hakomeje gukwirakwizwa ifoto igaragaza ishusho ya Yesu ikozwe mu bicu iri mu kirere bikavugwa ko ari Yesu wabonekeye abantu mu gihugu cya Kenya mu isoko rya Oyuma muri Kendu. Nyuma y’uko iyi shusho igiye hanze, abantu benshi batangiye kwitirira agace kabo ko ariho iyi shusho yabonetse ndetse n’abanyarwanda bavuga […]

Continue Reading

Abayisilamu bibukijwe impamvu y’igisibo n’icyo Imana ibasaba [AMAFOTO]

Mufti w’u Rwanda, Sheikh Salim Hitimana, yibukije impamvu y’Igisibo Gitagatifu ku Idini ya Islam n’icyo Imana isaba Abayisilamu. Ibihumbi by’Abayisilamu baturutse hirya no hino bahuriye muri Kigali Pelé Stadiu, mu isengesho ryo kwizihiza Umunsi Mukuru wa Eid al-Fitr, umunsi usoza Igisibo Gitagatifu cya Ramadhan. Ati “Bavandimwe nyuma yo gusiba, icyo dusabwa ni ugukomeza kubaha Allah, […]

Continue Reading

Kiriziya Gatolika mu Rwanda yamaganye icyemezo cyo gusezeranya ababana bahuje igitsina

Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yatangaje ko Kiliziya idashobora guha umugisha umubano w’ababana bahuje igitsina kuko byaba bivuguruza itegeko ry’Imana n’Umuco Nyarwanda. Yabinyujije mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa 21 Ukuboza mu buryo busa n’ubuvuguruza ibikubiye mu rwandiko rwitwa Fiducia supplicans (Ukwizera kwambaza Imana) rwatangajwe n’Ibiro bya Papa Francis tariki 18 Ukuboza 2023. Muri […]

Continue Reading

Abapasiteri muri ADEPR bararira ayo kwarika kubera ibyo iri torero ryabakoreye

Hashize imyaka irenga ibiri mu itorero rya ADEPR habayemo impinduka mu buryo butunguranye. Icyo gihe abashumba 30 bayoboraga itorero ku Rwego rw’Ubuterere bavanweho hashyirwaho abandi bashya, ndetse abapasiteri 10 barimo batanu bayoboye Ururembo n’ababungirije biyongeraho. Abavanwe ku nshingano zabo icyo gihe banavuga ko hari 5 bari bagize Biro Nkuru y’Itorero ry’Abapantekote mu Rwanda bandi bakuwe […]

Continue Reading