Burera: Imbaga y’abaturage mu kamwenyu kenshi yishimiye imigambi y’ubuvugizi bwa DGPR
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2024 mu murenge wa Cyanika mu KARERE ka Ruhango, Kandida Perezida akaba n’umukuru w’ishyaka DGPR yagaragaje imigabo n’imigambi myiza azageza ku baturage namara gutuma byatumye bamwe mu baturage bagaragaza akamwenyu mu kwishimira iyi migambi. Mu ijambo rye Dr Frank Habineza yashimiye abaturage babatoye muri Manda ishize avuga […]
Continue Reading
