Burera: Imbaga y’abaturage mu kamwenyu kenshi yishimiye imigambi y’ubuvugizi bwa DGPR

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2024 mu murenge wa Cyanika mu KARERE ka Ruhango, Kandida Perezida akaba n’umukuru w’ishyaka DGPR yagaragaje imigabo n’imigambi myiza azageza ku baturage namara gutuma byatumye bamwe mu baturage bagaragaza akamwenyu mu kwishimira iyi migambi. Mu ijambo rye Dr Frank Habineza yashimiye abaturage babatoye muri Manda ishize avuga […]

Continue Reading

Dr Habineza Frank n’ishyaka DGPR bahakanye gukorera mu kwaha kwa FPR

Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 11 Nyakanga 2024, yahakanye yivuye inyuma ko ishyaka rye ridakorera mu kwaha kwa FPR Inkotanyi Dr Habineza Frank yabwiye abanyamakuru ko abakwirakwiza amakuru nk’aya Ari abanzi b’igihugu birengagiza ukuri […]

Continue Reading

Gicumbi: Bahize kuzatora Dr Habineza Frank na DGPR

Kuwa gatatu tariki ya 10 Nyakanga 2024, mu murenge wa Byumba, akagari ka Gacurabwenge, Dr Frank Habineza Kandida ku mwanya wa Perezida ubwo yiyamamazaga yabwiye abaturage ko nibabagirira icyizere abakoresha mutuelle bazajya babona umuti  muri farumasi, kurwanya akarengane ndetse no gushinga ibibuga by’imikino mu BIGO by’amashuri. Abaturage bakaba bamwijeje ko bazamutora 100% Ati ” Nitwe […]

Continue Reading

Muhanga : Dr Habineza yemereye abaturage uruganda rutunganya amabuye y’agaciro

Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza, yabwiye abaturage ba Muhanga ko naramuhanga atowe azashyiraho uruganda rutunganya amabuye y’agaciro, bayongerera agaciro ndetse no gutanga akazi ku rubyiruko. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 9 Nyakanga 2024 ubwo yiyamamazaga mu KARERE ka Muhanga. Dr Frank […]

Continue Reading

BUGESERA :Dr Frank Habineza yemereye abaturage umuhanda n’uruganda rukora amagare

kuri uyu wa 8 Nyakanga 2024, mu karere ka BUGESERA, Dr Frank Habineza Perezida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ubwo biyamamazaga muri aka karere yemereye abaturage amazi meza umuhanda wa kaburimbo n’uruganda rukora amagare bishimisha cyane abaturage bitabiriye ibi bikorwa. Ibi bikorwa byatangiriye mu […]

Continue Reading

NYAMAGABE: Abaturage twahanye igihango gikomeye” Dr Habineza Frank”

Kuri iki cyumweru tariki ya 7 Nyakanga 2024, Mu murenge wa Gasaka akarere ka Nyamagabe Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR,  riratangaza ko ryahanye igihango n’abaturage b’akarere kuko mu bibazo bajyanye mu nteko 70% byarakemutse naho ibindi bakurikiranye nyuma 50% byagezweho. Hon Dr Habineza yagarutse kubyo bakoze birimo ibibazo bajyanye mu nteko uko byakemutse […]

Continue Reading

Dr yatanze igisubizo ku bibazo byugarije urubyiruko rw’akarere ka Gakenke

Ubwo yiyamamazaga mu KARERE ka Gakenke ku itariki ya 5Nyakanga 2024, Hon Dr Frank Habineza yagarutse ku bibazo byugarije urubyiruko rw’akarere ka Gakenke ndetse atanga igisubizo kirambye cyanyuze imbaga y’abitabiriye ibikorwa bye. Ibi bikorwa byo kwiyamamaza byabereye mu isoko rya Gakenke ku munsi waryo wa 12 hamamazwa Dr Frank Habineza ku mwanya wa Perezida ndetse […]

Continue Reading

PSD iraharanira ko umushahara utarenze 100 000 Frw utasorerwa

Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza (PSD) ritangaza ko ririmo guharanira ko umushahara w’umukozi utarenze ibihumbi 100 by’amafaranga y’u Rwanda wakurirwaho imisoro, kuko byafasha Abanyarwanda benshi kwiteza imbere. Ni bimwe mu byo PSD yagarutseho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Nyakanga 2024, Mu Karere ka Gasabo, mu Murenge wa Rusororo mu Kagali ka Mbandazi, mu […]

Continue Reading

Rulindo: DGPR nibatorwa Gaz bazayigura bitewe n’ingano y’amafaranga y’umuguzi

Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu KARERE ka Rulindo yabwiye abaturage ko nibatorwa umuturage ushaka kugura gazi ntibizagombera ko afite amafaranga aguze icupa ryose rya Gaz. Ibi nibyo yatangarije mu gikorwa cyo kwamamaza Hon Dr Frank Habineza ku mwanya wa Perezida ndetse n’abadepite ba DGPR cyabereye mu murenge wa Base kuri uyu wa […]

Continue Reading

Imva mutima za Rucagu Boniface wahanaguweho igisebo yari amaranye imyaka 30

Rucagu Boniface wabaye mu butegetsi bwa Repubulika ya mbere n’iya kabiri ndetse akaba n’Umudepite, yatangaje ko yishimiye kuba ukuri ku byamuvugwagaho ko yandikiye ikinyamakuru Kangura atuka ndetse anaharabika Inkotanyi kwashyizwe ahagaragara, bituma igisebo kimuvaho. Mu 1993 ikinyamakuru Kangura cyari icya Ngeze Hassan wari umuhezanguni wamunzwe n’ingengabitekerezo yo kwanga Abatutsi, muri No 46/93 yacyo hasohotsemo inyandiko […]

Continue Reading