LONI yanyomoje amakuru ashinja RDF gufata ku ngufu abagore muri Centrefrique

  Umuryango w’Abibumbye biciye mu butumwa bwawo bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), wahakanye ibirego bishinja ingabo z’u Rwanda gufata ku ngufu abagore n’abakobwa bo muri kiriya gihugu, ushimangira ko uduce byavuzwe ko bakoreyemo biriya byaha zitadukoreramo. Ku wa 16 Ukwakira ni bwo umunyamakurukazi Barbara Debout yanditse inkuru ikubiyemo ibirego bishinja ingabo z’u […]

Continue Reading

Gen Tauzin watewe agahinda agasebywa n’Inkotanyi yiteze kurenganurwa na Charles Onana??

Gen Didier Tauzin wabaye mu gisirikare cy’u Bufaransa ni umwe mu bakomeje kugaragaza ko bahengamiye ku ruhande rwa Charles Onana, mu rubanza uyu mugabo ashinjwamo kugoreka amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Urubanza rwa Charles Onana ukomoka muri Cameroon ariko akagira ubwenegihugu bw’u Bufaransa rwatangiye kuburanishirizwa i Paris ku wa 7 Ukwakira 2024. Ikirego Onana ashinjwa […]

Continue Reading

RDF irahakana ibirego byo gufata abagore ku ngufu muri Centrafrique

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyahakanye ibirego byo gusambanya abagore ku ngufu bishinjwa abasirikare bacyo bari mu butumwa muri Centrafrique, kivuga ko abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa barangwa “n’ikinyabupfura” no “kurinda no kubaha abantu basanze”. Ikinyamakuru The New Humanitarian ku wa gatatu cyatangaje inkuru y’uburyo abagore n’abakobwa muri Centrafrique “bakomeje kwangirizwa ubuzima” bakorerwa ihohotera rishingiye […]

Continue Reading

UMUGABO WITWAJE INTWARO NA PASIPORO YIMPIMBANO YAFATIWE AHO TRUMP YIYAMAMARIZAGA

Umugabo witwaje imbunda ebyiri ntoya zitemewe n’amategeko yatawe muri yombi hafi y’aho Donald Trump yariari  kwiyamamariza i Coachella muri leta ya California, nk’uko Polisi ibitangaza. Radio BBC gahuza ivugako Vem Miller w’imyaka 49, yari atwaye imodoka ubwo yahagarikwaga n’abashinzwe umutekano kuri bariyeri bakamusaka bakamusangana izi ntwaro. Yahise ajya gufungwa nta kintu kindi kibaye, ashinjwa kuba […]

Continue Reading

PAPA FRANSISIKO YAKIRIYE PEREZIDA WA UKRAINE

Ku wa 10 ukwakira 2024 vatikani yari yasohoye itangazo rivugako papa FRANSISIKO azakira prezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky kuri uyu wagatanu tariki 11 ukwakira 2024 isiha yi saa tatu ivatikani kumasaha yaho. Bibaye inshuro ya gatatu papa FRANSISIKO ahuye na prezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky kuva igihugu cye cyaterwa nu burusiya. Vatikani ntiyahwemye kugaragaza ko […]

Continue Reading

Koreya ya Ruguru igiye gufunga inzira zose zerekeza muri Koreya y’Epfo

Koreya ya Ruguru yamaze gufata icyemezo gikomeye cyo gufunga inzira zose zishoboka zerekeza muri Koreya y’Epfo Inkuru dukesha bbc gahuza  koreya ivugako ifunga imihanda ni nzira ziyihuza na koreya yepfo Kuri uyu wagatatu murwego rwo gutandukanya burundu ibihugu byombi. Igisirikare cya koreya yaruguru cyavuze ko kizatandukanya muburyo buhoraho kikanafunga umupaka wo mu majyepfo ndetse kigakomeza […]

Continue Reading

RBA yaje ku mwanya wa mbere mu bitangazamakuru bikurikirwa cyane

Ikigo cya abanyasuwedi FOJO ishami ryacyo rikorera mu Rwanda, cyashyize hanze ubushakashatsi cyakoze ku birebana n’uko ibigo bitandukanye by’itangazamakuru bikorera mu Rwanda bikurikiranwa n’abaturage. Ni ubushakashatsi bwamuritswe ku itariki ya 16 Kanama 2024 Ikigo cya leta y’u Rwanda gishinzwe itangazamakuru RBA cyane ku mwanya wa mbere mu bikurikiranwa n’abaturage cyane. Imbuga nkoranyambaga nazo muri iki […]

Continue Reading

Mumafoto uko amatora yagenze mu Banyarwanda baba mu mahanga

Bamwe mu Banyarwanda baba mu bihugu byiganjemo ibyo muri Aziya, bamaze gutora mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko. Amatora y’Umukuru w’Igihugu ku Banyarwanda baba mu mahanga ateganyijwe kuri iki Cyumweru tariki 14 Nyakanga mu 2024. Abanyarwanda baba mu mahanga basaga ibihumbi 70 ni bo bari biyandikishije kuri lisiti y’itora, aho bari butorere kuri […]

Continue Reading

Rwamagana: Ishyaka DGPR ryagiranye amasezerano n’abaturage

Umunyamabanga mukuru w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR akaba anashinzwe ibikorwa byo kwamamaza muri Aya matora, Hon Ntezimana Jean Claude, yatangarije abanya Rwamagana ko mu gikorwa bajemo cyo kwamamaza Hon Dr Frank Habineza ku mwanya wa Perezida ndetse n’abadepite b’iri shyaka mu matora ya 2024 bagirana amasezerano n’aba baturage bakazagira igihe bazagaruka baje kureba […]

Continue Reading

Ishyaka DGPR ryagaragaje impamvu Dr Frank Habineza akwiye kuba Perezida wa Repubulika.

Umunyamabanga mukuru w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR Ntezimana Jean Claude aravuga ko Ari ngombwa gutora Dr Habineza Frank kugira ngo bafunge burundu ibigo by’inzererezi no gukuraho igifungo cy’agateganyo cy’iminsi 30. Uyu mugabo unashinzwe ibikorwa byo kwamamaza muri iri shyaka, yabitangarije I Musanze ubwo bari mu gikorwa cyo kwamamaza Dr Frank Habineza ku mwanya […]

Continue Reading