Perezida Kagame yavuze ku gukura Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique.
Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rushobora gukura Ingabo zarwo mu Ntara ya Cabo Delgado yo mu Majyaruguru ya Mozambique, aho zafashaga kurwanya imitwe yitwaje intwaro, mu gihe Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi hagarika inkunga y’amafaranga ashyirwa muri ibyo bikorwa. Mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Jeune Afrique cyagarutse ku ngingo zitandukanye aho yagaragaje ko […]
Continue Reading
