Ruhango: Bafatiwe mu cyuho bakekwaho kwiba ihene, umwe aricwa
Abagabo babiri bafatiwe mu cyuho bari gucukura inzu ngo bibe ihene, maze bene urugo batabaye barashyamirana maze umwe muri mu bakekwaho ubujura arakubitwa cyane bimuviramo urupfu. Byabaye mu rukerera rwo ku wa 13 Nzeri 2025, mu Karere ka Ruhango, Umurenge wa Ruhango, Akagari ka Tambwe, mu Mudugudu wa Ruduha, aho urugo rw’uwitwa Uwineza Providence w’imyaka […]
Continue Reading
