Gakenke: Urubyiruko ruteranya amatara rugiye gushinga uruganda

Itsinda ry’abasore batatu bafite uruganda ruteranyiriza amatara yo ku muhanda mu Karere ka Gakenke mu Murenge wa Gakenke, bavuga ko umushinga wabo umaze gutera intambwe ifatika ku buryo bagiye gutangira kujya bakorera ayo matara mu Rwanda aho gutumiza ibice bitandukanye byayo mu mahanga. Uru rubyiruko rwibumbiye mu kigo cyitwa MEGI rwatangiye gukora mu 2022 aho […]

Continue Reading

Imvamutima za Musengimana wahimbye ‘Azabatsinda’ nyuma yo gusuhuza Perezida Kagame

Musengimana Beatha, wakoze indirimbo ‘Azabatsinda’, akomeje kugaragaza ibyishimo bidasanzwe nyuma yo gukabya inzozi ze zo kuririmbira imbere ya Perezida Kagame, ndetse akabasha kumuramutsa. Musengimana yavuze ko guhura na Perezida Kagame bwa mbere no kumukora mu biganza ari ibintu byamuhesheje ibyishimo atigeze agira mu buzima bwe bwose. Ati: “Nyuma yo gukora indirimbo ‘Azabatsinda’, inzozi zanjye zari […]

Continue Reading

Perezida Kagame yavuze ko hakenewe ubushobozi butuma Abanyarwanda batajya kwivuriza hanze

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko bidakwiriye ko u Rwanda rukomeza kohereza Abanyarwanda kwiga ibijyanye n’ubuvuzi mu mahanga, hanyuma rukohereza abarwayi kwivuza hanze. Yasabye ko hashyirwa imbaraga mu kubaka ubushobozi bw’igihugu kugira ngo icyo kibazo gikemuke. Ibi Perezida Kagame yabitangaje kuri uyu wa 22 Nyakanga 2024, ubwo yashyiraga ibuye ry’ifatizo ku bikorwa byo kwagura Ibitaro byitiriwe […]

Continue Reading

Gen. (Rtd) Kabarebe yakomeje ku rubyiruko bwubu nyuma y’imyaka 30

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane (MINAFET), Gen. (Rtd) James Kabarebe, yavuze ko nyuma y’imyaka 30 Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe, intego yo gutegura urubyiruko rw’u Rwanda izaba yagezweho. Ibi yabigarutseho ku wa Mbere, tariki ya 22 Nyakanga 2024, ubwo yakiraga urubyiruko rw’Abanyarwanda ruba mu mahanga muri gahunda ya ‘Rwanda Youth […]

Continue Reading

Perezida Kagame yavuze ku amahanga yifatanyije na we kwishimira intsinzi

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, abikuye ku mutima yashimiye abayobozi n’abantu batandukanye bo hirya no hino ku Isi bamwifurije ishya n’ihirwe, nyuma yo gutorerwa kongera kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere. Ku wa Mbere tariki ya 22 Nyakanga, ni bwo Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yemeje bidasubirwaho ko Perezida Kagame yegukanye intsinzi […]

Continue Reading

Byemejwe burundu ko Paul Kagame yatorewe kuba Perezida

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yemeje ku buryo bwa burundu ibyavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite yabaye tariki ya 14, 15 na 16 Nyakanga 2024. Iyo Komisiyo yemeje ko amajwi ya burundu agaragaza ko Paul Kagame wari watanzwe n’Umuryango FPR Inkotanyi yatsindiye kuyobora u Rwanda […]

Continue Reading

Abakozi 1000 b’Abongereza bari bashinzwe gahunda yo kohereza abimukira i Kigali bahawe imirimo mishya

Abakozi 1000 b’Abongereza bari bashinzwe gahunda yo kohereza abimukira i Kigali bahawe imirimo mishya nyuma y’uko iyi gahunda ishyizweho na guverinoma nshya y’u Bwongereza ihagaritswe. Umunyamabanga ushinzwe umutekano w’imbere, Yvette Cooper, yatangaje ko aba bakozi bagiye kwerekeza imbaraga mu guhangana n’abakoresha batanga imirimo mu buryo bunyuranyije n’amategeko, ahanini bayihaye abadafite ibyangombwa byo kuba muri iki […]

Continue Reading

Israel Mbonyi agiye kwamamaza ikinyobwa cya SKOL Brewery Ltd

Israel Mbonyi yamaze kumvikana n’uruganda rwa SKOL Brewery Ltd ku bijyanye no kwamamaza ikinyobwa gishya cya ‘Maltona 0.0%’ kidasembuye, giherutse gushyirwa ku isoko. Amakuru ahari akaba anemezwa n’uruhande rwa SKOL Brewery Ltd, avuga ko uyu muhanzi yamaze gushyira umukono ku masezerano ndetse n’amafoto yamaze gufatwa. Igisigaye ni ukuyasohora bakamutangaza nka ‘Brand Ambassador’ mushya w’iki kinyobwa. […]

Continue Reading

Odinga Yahakanye Gukoreshwa na Ruto, Ahishura ikintu gikomeye agiye gukora

Raila Odinga yatangaje ko yiteguye guhagarika kandidatire ye ku mwanya w’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), kubera imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Perezida William Ruto ikomeje gufata indi ntera. Icyemezo Raila Odinga yatangaje mu mpera z’iki cyumweru i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, cyagaragaje ubushake bwe bwo gukemura ikibazo cy’umutekano muke […]

Continue Reading

Muhanga: Imihanda ya Kaburimbo Yashaje Imburagihe Yongeye Gusanwa

Nyuma y’igihe kirekire abaturage bo mu Mujyi wa Muhanga bataka kubera imihanda yangiritse bikomeye kandi yubatswe hashize igihe gito, ubu bari kubyinira ku rukoma kuko yose yamaze gusanwa. Mu ngengo y’imari ya 2022/2023 muri uyu mujyi hubatswe ibilometero 6.9 by’imihanda byatwaye agera kuri miliyari 5 Frw. Iyo mihanda yubatswe mu mushinga mugari wari ugamije guteza […]

Continue Reading

HEC Yasabye Abashaka ‘Équivalence’ Kwitwaza Icyemeza ko Babaye mu Bihugu Bizemo

Inama y’Amashuri Makuru na za Kaminuza mu Rwanda (HEC) yatangaje ko abize hanze basaba ‘équivalence’ bakwiriye kuzana ibyemezo bahawe n’ibihugu bizemo bibemerera kubayo, bizwi nka ‘Permis de Résidence’, aho kuba ibyemezo bahawe nyuma yo gusoza amasomo bizwi nka ‘Attestation de Résidence’. HEC nirwo rwego rwa leta rushinzwe guha abize hanze ibyangombwa byemeza ko amasomo yize […]

Continue Reading