Adaciye kuruhande Perezida Kagame yasubije Kisekedi n’abandi bafite umugambi wo gutera u Rwanda

Mu butumwa Perezida Kagame yahaye abitabiriye ibirori byo gusoza umwaka wa 2023, kuwa Gatandatu tariki 30 Ukuboza 2023 yavuze ko kuva hatangira kumvikana imvugo z’abavuga ko biteguye gutera u Rwanda bakarushwanyaguza, igihugu cyiteguye ndetse ngo uwahirahira atera u Rwanda ashaka kurushwanyaguza yakwisanga ari we washwanyaguritse.   Ibi birori byo gusoza umwaka wa 2023 byabaye nyuma […]

Continue Reading

Rutsiro: Babiri batwawe n’Umugezi wa Koko umwe ahasiga ubuzima

Abaturage babiri bo mu karere ka Rutsiro batwawe n’umugezi wa Koko ubwo bageragezaga kuwusimbuka umwe ahasiga ubuzima, undi abasha koga avamo ari muzima.   Ibi bibaye nyuma y’uko ikiraro cyo kuri uyu mugezi kimaze imyaka 5 cyaragiye kubera ibiza, abaturage ntibashyirirweho icyo kwifashisha.   Twagirayezu Pelagie, n’umwe mubatwawe n’uyu mugezi ku mugoroba wo kuri uyu […]

Continue Reading

Rubavu: Akanyamuneza ni kose, Icyapa cyo kwa Rujende cyasubijweho

Abakorera mu isoko rikuru rya Gisenyi akanyamuneza ari kose nyuma y’uko bamenye ko bashyiriweho icyapa gisimbura icyo kwa Rujende cyegereye isoko.   Ibi babigarutseho nyuma y’ikiganiro cyahuje inzego zitandukanye ziganira ku cyemezo cy’Inama njyanama cyo gusubizaho icyapa cyari cyaravanweho mu mujyi wa Gisenyi.   Umubyeyi witwa Maman Grace ukorera mu isoko rya Gisenyi yagize ati […]

Continue Reading

Rutsiro: Uwahoze ari Gitifu afunzwe akekwaho kurigisa amafaranga ya Mutuelle z’abaturage

Uwahoze ari Gitifu w’Akagari ka Ruronde mu murenge wa Rusebeya afunzwe akekwaho kunyereza amafaranga arenga ibihumbi 200 Frw ya Mutuelle de Sante yahawe n’abaturage ntayageze muri konti.   Uwiringiyimana Jean de Dieu, amafaranga akekwaho kurigisa,  yayahawe n’abaturage akiri mu nshingano zo kuyobora akagari, nyuma aza guhindura imirimo ajya kuba Mwarimu ku ishuri ribanza.   Nyuma […]

Continue Reading

Umwe mu nkingi za mwamba mu Muziki w’Uburengerazuba agiye gusohora EP iriho indirimbo 7

Umwe mu nkingi za mwamba mu muziki wo  mu ntara y’iburengerazuba, Patient Ntwali, ukoresha Fica Magic nk’izina ryo ku rubyiniro agiye gusohora Extended Play (EP) iriho indirimbo 7 yitiriye “Ibituruta” nk’imwe mu ndirimbo ziyigize.   Ibituruta EP ya Fica Magic, Umwe mu baririmbyi bazwiho guhogoza izajya hanze kuwa gatandatu, tariki 06 Mutarama 2024, nk’uko yabitangarije […]

Continue Reading

Abakorera mu Isoko rishaje rya Gisenyi barataka ibihombo bikabije

Bamwe mu bakorera mu isoko rishaje rya Gisenyi barataha ibihombo bikabije baterwa n’imvura, kubera ko isakaro ryaryo rishaje.   Bamwe mu baganiriye na Rwandanews24 bavuga ko iri soko ari irya kera bakeneye kwimurirwa mu isoko rishya rimaze imyaka 12 ryubakwa.   Rwagasana Silas, Avuga ko amaze imyaka irenga 40 akorera mu isoko rya Gisenyi, ni […]

Continue Reading

Uko Tujyanemo yabaye imbarutso yo kwesa Imihigo i Rusizi

Bamwe mu batuye akarere ka Rusizi basanga gahunda ya Tujyanemo igamije kwishakamo ibisubizo bafatanyije n’Ubuyobozi bw’Akarere yarabafashije kwesa Imihigo, bava ku mwanya wa nyuma bisanga mu myanya 6 ya mbere mu Gihugu.   Kuwa Kabiri tariki 28 Gashyantare 2023 nibwo hasozwaga Inama y’Igihugu y’Umushyikirano, ari nabwo uko Uturere twarushanijwe mu kwesa Imihigo 2021 – 2022 […]

Continue Reading

Expo y’Iburengerazuba yafunguriye amarembo abanyamahanga barimo abo muri Ghana

Ubwo hatangizwaga imurikagurisha ryateguwe n’Intara y’Iburengerazuba hagaragayemo abaje kumurika no kugurisha ibyo bakora bakomoka mu burengerazuba bw’Afurika, ibyo Umuyobozi w’Urugaga rw’Abikorera muri iyi ntara yavuze ko ari amahirwe kubanyarwanda bazayigana.   Ku ikubitiro Iri murikagurisha ribera ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu ryitabiriwe n’ibigo 171  birimo inganda, ibigo by’itumanaho, ubukorikori, ubuhinzi n’ubworozi, ubucuruzi busanzwe, ubukerarugendo n’ibindi, […]

Continue Reading

Ingamba dufata ni uguha agaciro ubuzima, Dukumire icuruzwa ry’abantu – Nzabonimpa Deogratias

Umuyobozi w’akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Nzabonimpa Deogratias avuga ko bitewe n’aho akarere ka Rubavu gaherereye, icuruzwa ry’abantu rishobora kuba kimwe mu bigize ibyaha byambukiranya umupaka. Akaba asanga ingamba zifatwa mu guhangana n’icuruzwa ry’abantu ari uguha agaciro ubuzima.   Ibi yabigarutseho  mu bukangurambaga bwo kurwanya icyaha cy’icuruzwa ry’abantu mu murenge wa Gisenyi uhana […]

Continue Reading

Murekatete wigeze kuyobora Rutsiro yeruye ko Dosiye ya Rwamucyo yari ibarenze

Murekatete Triphose wahoze ayobora akarere ka Rutsiro, utaherukaga kuvugwa mu itangazamakuru kuva Inama njyanama y’akarere yaboraga yaseswa na Perezida wa Repubulika, yavuze byinshi mu nzira y’umusaraba yanyuzemo ariko yageze kuri Dosiye ya Rwamucyo n’imicanga arababwa avuga ko yari irenze ubushobozi bw’akarere.   Murekatete Triphose aherutse kugaragara mu itangazamakuru ameze nkugambiriye kuvuguruza amwe mu makuru yamuvuzweho, […]

Continue Reading