Adaciye kuruhande Perezida Kagame yasubije Kisekedi n’abandi bafite umugambi wo gutera u Rwanda
Mu butumwa Perezida Kagame yahaye abitabiriye ibirori byo gusoza umwaka wa 2023, kuwa Gatandatu tariki 30 Ukuboza 2023 yavuze ko kuva hatangira kumvikana imvugo z’abavuga ko biteguye gutera u Rwanda bakarushwanyaguza, igihugu cyiteguye ndetse ngo uwahirahira atera u Rwanda ashaka kurushwanyaguza yakwisanga ari we washwanyaguritse. Ibi birori byo gusoza umwaka wa 2023 byabaye nyuma […]
Continue Reading
