Umwe mu nkingi za mwamba mu Muziki w’Uburengerazuba agiye gusohora EP iriho indirimbo 7

Umwe mu nkingi za mwamba mu muziki wo  mu ntara y’iburengerazuba, Patient Ntwali, ukoresha Fica Magic nk’izina ryo ku rubyiniro agiye gusohora Extended Play (EP) iriho indirimbo 7 yitiriye “Ibituruta” nk’imwe mu ndirimbo ziyigize.   Ibituruta EP ya Fica Magic, Umwe mu baririmbyi bazwiho guhogoza izajya hanze kuwa gatandatu, tariki 06 Mutarama 2024, nk’uko yabitangarije […]

Continue Reading

Abakorera mu Isoko rishaje rya Gisenyi barataka ibihombo bikabije

Bamwe mu bakorera mu isoko rishaje rya Gisenyi barataha ibihombo bikabije baterwa n’imvura, kubera ko isakaro ryaryo rishaje.   Bamwe mu baganiriye na Rwandanews24 bavuga ko iri soko ari irya kera bakeneye kwimurirwa mu isoko rishya rimaze imyaka 12 ryubakwa.   Rwagasana Silas, Avuga ko amaze imyaka irenga 40 akorera mu isoko rya Gisenyi, ni […]

Continue Reading

Uko Tujyanemo yabaye imbarutso yo kwesa Imihigo i Rusizi

Bamwe mu batuye akarere ka Rusizi basanga gahunda ya Tujyanemo igamije kwishakamo ibisubizo bafatanyije n’Ubuyobozi bw’Akarere yarabafashije kwesa Imihigo, bava ku mwanya wa nyuma bisanga mu myanya 6 ya mbere mu Gihugu.   Kuwa Kabiri tariki 28 Gashyantare 2023 nibwo hasozwaga Inama y’Igihugu y’Umushyikirano, ari nabwo uko Uturere twarushanijwe mu kwesa Imihigo 2021 – 2022 […]

Continue Reading

Expo y’Iburengerazuba yafunguriye amarembo abanyamahanga barimo abo muri Ghana

Ubwo hatangizwaga imurikagurisha ryateguwe n’Intara y’Iburengerazuba hagaragayemo abaje kumurika no kugurisha ibyo bakora bakomoka mu burengerazuba bw’Afurika, ibyo Umuyobozi w’Urugaga rw’Abikorera muri iyi ntara yavuze ko ari amahirwe kubanyarwanda bazayigana.   Ku ikubitiro Iri murikagurisha ribera ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu ryitabiriwe n’ibigo 171  birimo inganda, ibigo by’itumanaho, ubukorikori, ubuhinzi n’ubworozi, ubucuruzi busanzwe, ubukerarugendo n’ibindi, […]

Continue Reading

Ingamba dufata ni uguha agaciro ubuzima, Dukumire icuruzwa ry’abantu – Nzabonimpa Deogratias

Umuyobozi w’akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Nzabonimpa Deogratias avuga ko bitewe n’aho akarere ka Rubavu gaherereye, icuruzwa ry’abantu rishobora kuba kimwe mu bigize ibyaha byambukiranya umupaka. Akaba asanga ingamba zifatwa mu guhangana n’icuruzwa ry’abantu ari uguha agaciro ubuzima.   Ibi yabigarutseho  mu bukangurambaga bwo kurwanya icyaha cy’icuruzwa ry’abantu mu murenge wa Gisenyi uhana […]

Continue Reading

Murekatete wigeze kuyobora Rutsiro yeruye ko Dosiye ya Rwamucyo yari ibarenze

Murekatete Triphose wahoze ayobora akarere ka Rutsiro, utaherukaga kuvugwa mu itangazamakuru kuva Inama njyanama y’akarere yaboraga yaseswa na Perezida wa Repubulika, yavuze byinshi mu nzira y’umusaraba yanyuzemo ariko yageze kuri Dosiye ya Rwamucyo n’imicanga arababwa avuga ko yari irenze ubushobozi bw’akarere.   Murekatete Triphose aherutse kugaragara mu itangazamakuru ameze nkugambiriye kuvuguruza amwe mu makuru yamuvuzweho, […]

Continue Reading

Rutsiro: Perezida w’abacuruzi arashinjwa gusahura ibicuruzwa bya Kampani y’Umugore batandukanye

Perezida wa Santere y’Ubucuruzi ya Gakeri, Twagirayezu Anastase arashinjwa n’abanyamuryango ba Kampani Amahoro M&F Ltd, gusahura ibicuruzwa byabo abyitirira Hakuzwemariya Bibiyana batandukanyijwe n’Urukiko.   Mu gahinda kenshi Hakuzwemariya n’abo bahuriye kuri iyi Kampani bavuga ko bakeneye ubutabera, nyuma y’Uko Twagirayezu kuri uyu wa kane, tariki 14 Ukuboza 2023 azanye Umuhesha w’inkiko w’umwuga agafatira umutungo wari […]

Continue Reading

Rubavu: Abashoferi ba Twegerane babyukiye mu gisa n’imyigaragambyo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri mu abakora umurimo wo gutwara abagenzi mu modoka zizwi nka Twegerane mu karere ka Rubavu babyukiye mu gisa n’imyigaragambyo. Kubera ikibazo cy’amafaranga ibihumbi 2,900 Frw bishyuzwa bya buri munsi.   Aba bashoferi abaganiriye n’itangazamakuru bashyiraga mu majwi abakozi ba Jali ari nayo igenzura imikorere ya za Gare ziri […]

Continue Reading

Rubavu: Icyapa cyo kwa Rujende cyaba kigiye kugaragaza intege nke z’Inama njyanama?

Mu mpera z’Ugushyingo, Inama njyanama y’akarere ka Rubavu yarateranye isuzuma, ndetse itorera umwanzuro nta kuka wo gushyiraho aho imodoka zihagarara mu mujyi rwa gati, aho bavugaga ko bitarenze iminsi 15, iki kibazo cyagombaga kuba cyakemutse ariko iyi minsi ishize ntan’akanunu kuri uyu mwanzuro.   Ibi babigarutseho nyuma y’igihe abatuye n’abagana mu karere ka Rubavu, bijujutira […]

Continue Reading

Kayitesi watorewe kuyobora Rutsiro, azahabwa Imodoka ariko ntazatindaho – Umunyamakuru Ngoboka

Umunyamakuru wigenga Ngoboka Sylvain mu kiganiro cyihariye yahaye Umuyoboro wa Youtube wa KOFFITO TV yatangaje ko Kayitesi Dative, watorewe kuyobora akarere ka Rutsiro azahabwa Imodoka yo gutemberamo ariko atazatinda ku buyobozi.   Ibi yabigarutseho kuri uyu wa gatanu, ubwo yari mu karere ka Rubavu mu bushakashatsi ku bayobozi bashya batowe mu matora mu kuzuza inzego […]

Continue Reading

Twafatiranye Zahabu y’akarere abaturage batarayangiza – Niragire Theophile

Mu kiganiro cyihariye, Umuyobozi w’akarere ka Karongi w’agateganyo Niragire Theophile yahaye Rwandanews24, yavuze ko bajya gutekereza ku mushinga wo gutunganya icyanya cyahariwe ama Hotel n’Ubukerarugendo basaga nk’abahafatiranye iki cyanya abaturage batarahatura ku bwinshi ngo kuhabimura bizabatwarw imbaraga n’Ubushobozi.   Akarere ka Karongi gafite umwihariko nka kamwe mu dukurura ba mukerarugendo batugana kubera ibyiza nyaburanga bigatatse. […]

Continue Reading