Ukraine yasabwe guserezanya abaryamana bahuje ibitsina mbere yo kwinjira muri EU
Minisitiri w’intebe wa Suède, Ulf Kristersson, yavuze ko kugira ngo Ukraine yemererwe kuba umunyamuryango w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), igomba kubanza guha uburenganzira busesuye abaryamana bahuje igitsina, bakemererwa serivisi zose mu gihugu, ndetse ikemera no kujya ibasezeranya imbere y’amategeko. Ibi yabitangaje ku wa 1 Kanama 2025, nyuma yo guhura n’abasirikare ba Ukraine baryamana n’abo bahuje […]
Continue Reading
