Perezida Kagame yahinduye ba Minisitiri b’Ibikorwa remezo ndetse nuw’Ubucuruzi n’inganda.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasimbuje ba Minisitiri b’Ibikorwa Remezo, uw’Ubucuruzi n’Inganda ndetse n’uw’Abakozi ba Leta n’Umurimo. Ni impinduka Perezida Kagame yakoze mu ijoro ryo ku wa 10 Kamena 2026, zasize Minisiteri y’Ibikorwaremezo ihawe umwihariko wo kugira abanyamabanga ba leta babiri. Hari hashize iminsi Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi bibaza impamvu hari imwe […]
Continue Reading
