Indirimbo ‘ celebrate me’ yakozwe na AI iyoboye Isi

Indirimbo ya R&B yakozwe hifashishijwe ubwenge buhangano (AI) yitwa “Celebrate Me” iri ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa iTunes ku Isi hose, ibintu bikomeje kugaragaza uko umuziki ukozwe n’imashini uri kwigarurira isoko. Iyi ndirimbo yakozwe n’umuhanzi w’ikoranabuhanga witwa IngaRose, aho iri kugurwa cyane kurusha izindi ndirimbo zose ku rwego mpuzamahanga. Aya makuru yatangajwe n’urubuga […]

Continue Reading

AFC/M23 na FARDC bitanye ba mwana ku bitero byagabwe muri Masisi na Minembwe

Umutwe wa AFC/M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku Cyumweru buri ruhande rwashinje urundi kuba inyuma y’ibitero byagabwe muri Masisi na Minembwe hakoreshejwe drone, nyuma y’amasaha make bavuye mu biganiro by’iminsi itanu byaberaga i Montreux mu Busuwisi. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, saa 17:15 yanditse ku rubuga rwe rwa X ko mu […]

Continue Reading

Isi yahombye miliyari 50$ z’ibikomoka kuri peteroli kubera intambara ya Iran.

Kuva intambara ya Iran yatangira, Isi yahombye miliyari 50$ nk’agaciro k’ibikomoka kuri peteroli bitatunganyijwe mu minsi irenga 50 iyi ntambara imaze. Impamvu ni uko gutunganya uyu mutungo kamere byahagaze ntunacuruzwe. Abahanga mu by’ubukungu bavuga ko iki ari igihombo gikomeye cyabaye mu bihe bya vuba ndetse ko ingaruka zacyo zishobora kuzamara imyaka. Ubwo iyi ntambara yatangiraga […]

Continue Reading

Rayon Sports n’umutoza wayo mushya Haringingo bakomeje kubura insinzi.

‎Ikipe ya Rayon Sports yakomeje gutakaza amanota mu rugamba rwo guhatanira igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda nyuma yo kunganya na Rutsiro FC ubusa ku busa mu mukino w’umunsi wa 27 wabereye kuri Stade Umuganda. Uyu mukino wasize Gikundiro yujuje imikino itanu yikurikiranya ya Shampiyona itazi uko gukura amanota atatu mu kibuga bimera kuko iheruka kuyabona […]

Continue Reading

Inzozi arsenal yarotaga zirasa nizigeze ku musozo nyuma yo gutsindwa na manchester city.

Ibitego bya Rayan Cherki na Erling Haaland byafashije Manchester City gutsinda Arsenal 2-1, iyisatira ku rutonde rwa Shampiyona y’u Bwongereza igeze mu mikino ya nyuma. Uyu mukino w’Umunsi wa 33 wa Premier League, wari utegerejwe na benshi, wabereye kuri Etihad Stadium ya Manchester City kuri iki Cyumweru. Iyi kipe yari mu rugo yatangiye umukino yotsa […]

Continue Reading

Meta igiye kugabanya hafi 10% by’abakozi bayo kubera AI.

Sosiyete ya Meta ifite imbuga nkoranyambaga za WhatsApp, Facebook na Instagram, iri guteganya kugabanya umubare w’abakozi bayo mu rwego rwo kuvugurura imikorere no kurushaho kwibanda ku ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI). Biteganyijwe ko icyiciro cya mbere cyo kugabanya abakozi kizatangira ku wa 20 Gicurasi 2026 nk’uko Reuters yabitangaje. Meta izasezerera hafi 10% by’abakozi bayo ku rwego […]

Continue Reading

AFC/M23 yongeye gusaba Leta gufungura amabanki i Goma n’i Bukavu.

Ihuriro rya AFC/M23 rihanganye n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryongeye gusaba ko Leta ifungura amabanki mu bice rigenzura kandi ikanakuraho ibihano byafatiwe abayobozi bakuru baryo. Ni ibyagarutsweho mu biganiro byahuje AFC/M23 na Leta ya RDC, byabereye mu Busuwisi guhera ku wa 13 Mata 2026. Kuva Ihuriro rya AFC/M23 ryafata Umujyi wa Goma muri […]

Continue Reading

Uganda: batangiye guhabwa umuti urinda kwandura Agakoko gatera Sida ufatwa kabiri mu mwaka.

Guverinoma ya Uganda yatangije ku mugaragaro itangwa ry’umuti mushya urinda kwandura Agakoko gatera SIDA witwa Lenacapavir, mu rwego rwo kongera ikibatsi mu guhangana n’icyo cyorezo kimaze imyaka myinshi kibasiye abatuye Isi. Umuti wa Lenacapavir utangwa buri mezi atandatu ndetse utanga amahirwe ya 99,9% yo kurinda uwawuhawe kwandura Virusi itera Sida. Uterwa mu rushinge aho iyo […]

Continue Reading

Iran yongeye gufunga umuhora wa Hormuz, ishinja Amerika kudakurikiza amasezerano.

Iran yatangaje ko yongeye gukaza igenzura ku muhora wa Hormuz, nyuma yo gushinja Leta Zunze Ubumwe za Amerika kutubahiriza ibyari byemeranyijweho mu biganiro byaherukaga gutuma uyu muhora ufungurwa by’agateganyo. Ibi bibaye nyuma y’uko kuri uyu wa Gatanu Iran yari yemeye gufungura inzira ya Hormuz mu gihe cy’iminsi 10 y’agahenge, igamije korohereza ubwato butwara peteroli n’ibindi […]

Continue Reading

Umuhanzi Yago Pon dat arwariye mu bitaro muri Uganda.

Pondat, arembeye mu bitaro byo muri Uganda aho asigaye aba, nyuma yo gukora impanuka Akimara gukora impanuka, uwo bafitanye isano ya hafi mu muryango yanditse kuri konti ya Instagram y’uyu muhanzi ashimira Imana ko yamurokoye iyi mpanuka yashoboraga no kumuhitana, ndetse asaba abafana be kumusengera. Iyi mpanuka yangije imodoka uyu muhanzi yari arimo yabaye ku […]

Continue Reading