RDC: Inyeshyamba za ADF zishe abasaga 40 mbere yo gutwika inzu 44.

Teritwari ya Mambasa mu Ntara ya Ituri ikomeje kumenekamo amaraso no kwangirika kw’imitungo myinshi kubera ibitero bya hato na hato by’intagondwa ziyitirira idini ya Islam zo mu mutwe wa ADF. Kuri uyu wa Kane, itariki ya 2 Mata 2026, ADF yagabye ikindi gitero ihitana abantu mirongo kandi yangiza ibintu byinshi muri kariya gace k’igihugu, kayobowe […]

Continue Reading

Abakunzi b’inkoko baranezerewe nyuma yuko KFC yongeye Gufungura nyuma y’amezi arenga 2.

Sosiyete yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika imenyerewe mu gutegura amafunguro yihuse azwi nka ‘Fast Food’, KFC (Kentucky Fried Chicken) yongeye gusubukura ibikorwa byayo mu mugi wa kigali nyuma ya amezi arenga abiri. KFC yari isanganywe ishami rimwe ryari riherereye i Remera, gusa ryari rimaze iminsi ridakora kuko inzu ryakoreragamo yasenywe, kubera imirimo yo […]

Continue Reading

Guverinoma yavuze ku biciro birimo ibya gaz byatumbagiye.

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Kane tariki ya 2 Mata 2026, yakomoje ku biciro birimo iby’ingufu n’iby’ibicuruzwa by’ibanze byatumbagiye kubera intambara ikomeje kubera mu burasirazuba bwo hagati. Guverinoma yakomeje kuri iki kibazo nyuma y’uko kuva mu mpera z’icyumweru gishize igiciro ku bicuruzwa bitandukanye cyazamutse mu buryo bukomeye, ku buryo hari n’aho cyazamutseho hafi 50%. Urugero […]

Continue Reading

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Amerika yirukanwe.

General Randy George wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yirukanwe kuri uwo mwanya nyuma yo gusabwa kwegura ku mirimo ye na Minisitiri w’Ingabo, Pete Hegseth. Amakuru atangwa n’inzego za Leta ya Amerika avuga ko Gen. George yasabwe guhita asezera ku mirimo ye ako kanya, nubwo yari agifite igihe kigera muri 2027 […]

Continue Reading

Gatsibo: Umusore yabeshye ko umusaza baturanye yapfuye, bamenya ko ari muzima bajyanye isanduku iwe.

Umusore wo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Remera, yitwaje itariki 1 Mata ko ari umunsi abantu benshi bitiriye kubeshya, abeshyera umusaza baturanye ko yapfuye kugeza ubwo babaza isanduku bayigeza mu rugo rw’uwo musaza basanga ari muzima. Byabaye tariki ya 1 Mata 2026 mu Mudugudu w’Akagarama II mu Kagari ka Bushobora mu Murenge Remera […]

Continue Reading

Kiyovu Sports ikibazo cyayo na Haringingo yamaze kukigeza muri FIFA.

Ikipe ya Kiyovu Sports yamaze kugeza muri FIFA ndetse na FERWAFA, ikibazo ifitanye na Haringingo Francis uheruka kuyisezera akerekeza muri Rayon Sports. Hashize igihe gito ikipe ya Kiyovu Sports igaragaje ko ifitanye ikibazo na Haringingo Francis nyuma yo gusezera iyi kipe akemera kuyishyura amafaranga y’Amezi abiri, ariko Kiyovu Sports ntiyanyurwa n’uko abasezeye agahita yerekeza muri […]

Continue Reading

Uganda: Umugabo yishe abana bane abasanze kw’ishuri ry’incuke.

Umugabo ufite imyaka 39 yishe abana bane abasanze mu ishuri. Nyuma yo kwica abo bana abateye ibyuma yafashwe na Polisi ikorera mu mujyi wa Kampala ndetse hatangiye iperereza kugirango hamenyekane icyamuteye gukora ayo mahano. Polisi ikorera mu mujyi wa Kampala mu gihugu cya Uganda yafashe uwo mugabo witwa Okello Christophe Onyum, nyuma yo kwica abana […]

Continue Reading

Rwamagana: Umwana yishwe n’amashanyarazi bakeka ko yayatezwe na musaza we.

Umuryango utuye mu Murenge wa Munyiginya mu karere ka Rwamagana, uri mu gahinda watewe n’urupfu rw’umwana wabo wishwe n’amashanyarazi. Amakuru avuga ko musaza we yaburiwe irengero bikavugwa ko ashobora kuba yarateze umuriro w’amashanyarazi mushiki we, agambiriye kumukanga kugira ngo adasohora igare mu nzu. Mu Mudugudu wa Karubishya, Akagari ka Nkomangwa, ku masaha ya Saa tanu […]

Continue Reading

DC Clement yanditse ibaruwa aca bugufi asaba imbabazi

Nyuma y’uko umunyamakuru Niyigaba Clement atawe muri yombi akurikiranyweho kwangiza ikintu cy’undi no kurwanya ububasha bw’amategeko, yaciye bugufi asaba imbabazi aho yavuze ko yabikoreshejwe n’umujinya. Uyu munyamakuru wamamaye nka DC Clement, yatawe muri yombi ejo hashize tariki ya 31 Werurwe 2026 nyuma y’uko asenyewe ishuri yarimo yubaka muri Jabana ariko mu buryo bunyuranyije n’amategeko. DC […]

Continue Reading

RSSB Tigers BBC yakoze amateka, ikatisha itike yo gukina imikino ya nyuma izabera i Kigali

RSSB TIGERS yanditse amateka igera muri playoffs za BAL 2026 itsinze Joburg giants. Ikipe ya RSSB Tigers  ikomeje kwitwara neza mu irushanwa rya Basketball Africa League 2026 nyuma yo gutsinda Joburg Giants amanota 102 kuri 89, ihita inabona itike ya Playoffs zizabera i Kigali muri Gicurasi 2026. Uyu mukino wabereye muri SunBet Arena waranzwe n’ihangana […]

Continue Reading

Senateri Gasana yatabarije inka za Girinka.

Senateri Gasana Alfred yatabarije inka za gahunda ya Girinka Munyarwanda, kuko ngo zititabwaho uko bikwiye kuko abazihabwa ahanini batabasha kuzivuza neza iyo zarwaye, bigatuma hari izipfa mu gihe bazihawe ngo zibafashe kwikura mu bukene. Yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Mata 2026, ubwo Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Ndabamenye Telesphore, yagezaga ku Basenateri ibisubizo mu […]

Continue Reading