Rayon Sports yasezereye Police FC Kuri Penalite.

Ikipe ya Rayon Sports yasezereye Police FC muri 1/4 cy’irangiza cy’igikombe cy’Amahoro. Ni umukino warangiriye muri Penalite aho, Rayon Sports yatsinze Penalite 4-2. Ku isaha ya saa Kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba zo kuri uyu wa Kane, nibwo ikipe ya Rayon Sports na Police FC zakinnye umukino wo kwishyura wa 1/4 cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro. Ni […]

Continue Reading

Nyagatare: Hangijwe ibiyobyabwenge birimo urumogi na kanyanga bifite agaciro k’arenga miliyoni 56 frw.

Mu Karere ka Nyagatare, habereyemo igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge birimo urumogi na kanyanga ndetse n’izindi nzoga zo mu mashashi zitujuje ubuziranenge. Iki gikorwa cyabaye ku Gatatu tariki ya 18 Werurwe 2026 mu bukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge n’inzoga zitemewe. Bimwe mu biyobyabwenge byangijwe birimo kanyanga, urumogi n’inzoga zo mu mashashi Ibi biyobyabwenge byakuwe mu mirenge itanu […]

Continue Reading

Kera kabaye umuhanzi Davis D agiye kugarara mu bitaramo bya Iwacu muzika Festival.

Nyuma y’imyaka irindwi atagaragara ku rubyiniro rwa MTN Iwacu Muzika Festival, umuhanzi Davis D yatangajwe mu bazataramira abakunzi b’umuziki muri iri serukiramuco rigeze ku nshuro ya karindwi. Nyuma y’imyaka irindwi atagaragara ku rubyiniro rwa MTN Iwacu Muzika Festival, umuhanzi Davis D yatangajwe mu bazataramira abakunzi b’umuziki muri iri serukiramuco rigeze ku nshuro ya karindwi. Ibi […]

Continue Reading

Camp kigali: abanyeshuri batunguwe no kubona mugenzi wabo w’imyaka 16 yabyariye kwishuri.

mu ishuri ryisumbuye rya GS cam kigali riherereye mu karere ka Nyarugenge habaye ibyatunguye benshi aho umwana w’umukobwa w’imyaka 16 wigaga mu mwaka wa wa kane w’amashuri yisumbuye S4 HGL abyariye mu Kigo. Amakuru aturuka ku banyeshuri n’abarimu muriki kigo bakaba bavugako ibyabaye byabatunguye, bikanateza urujijo kuko ntawaruzi ko uyu mwana w’umukobwa atwite ibi byabaye […]

Continue Reading

Joe Kent washinje Trump gukorera ku gitutu cya Israel yatangiye gukorwaho iperereza.

Joe Kent wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe kurwanya iterabwoba muri Amerika weguye ku mwanya we kubera ko intambara Amerika yagabye kuri Iran idafite impamvu, yatangiye gukorwaho iperereza akekwaho gushyira hanze amakuru y’ibanga. Abatangamakuru bavuze ko hatazwi neza amakuru y’ibanga yashyize hanze ariko yatangiye gukorwaho iperereza mbere y’uko atangaza ubwegure bwe. Joe Kent yeguye ku wa […]

Continue Reading

Perezida wa FERWAFA yasuye Al Hilal ayizeza Mbere yuko ikina umukino wo kwishyura na Rs Berkane.

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’, Shema Ngonga Fabrice yasuye ikipe ya Al Hilal Sports Club yo muri Sudani yitegura guhura na RS Berkane mu mukino wo kwishyura wa 1/4 cya CAF Champions League izakinamo na RS Berkane. Uyu mukino uteganyijwe ku Cyumweru Saa kumi n’ebyiri, ukazabera kuri Stade Amahoro. Ku munsi w’ejo iyi […]

Continue Reading

Uyu mwaka uzarangira Abanyarwanda bose babasha kubona amazi ahagije.

Minisitiri w’lbikorwa Remezo, Dr. Jimmy Gasore, yagaragaje ko imirimo yo kubaka inganda zitunganya amazi mu mijyi igeze kure aho hari kubakwa inganda nshya, izindi zikongererwa ubushobozi mu rwego rwo kugeza amazi meza ku baturage. Ibi Minisitiri Dr Gasore yabitangarije mu Nteko Rusange umutwe w’Abadepite wateranye tariki 17 Werurwe 2026 ubwo yagezaga ibisobanuro mu magambo ku […]

Continue Reading

U Rwanda na RDC byumvikanye kubahiriza amasezerano ya Washington.

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byumvikanye gufata ingamba zifatika mu kubahiriza amasezerano y’amahoro byasinyiye i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka ushize. Tariki ya 27 Kamena 2025, u Rwanda na RDC byagiranye amasezerano y’amahoro, bibifashijwemo na Amerika. Yibandaga ku gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR no gukuraho ingamba z’ubwirinzi […]

Continue Reading

Umunsi w’Ilayidi wamenyekanye.

Ubuyobozi bukuru bw’ Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC), bwatangaje ko umunsi mukuru usoza igisibo cy’Ukwezi Gutagatifu kwa Ramadhan (EIDIL FITRI 2026) uzaba ku wa Gatanu tariki 20 Werurwe 2026. RMC yakomeje itangaza ko isengesho ryo kuri uwo munsi mukuru uzwi nk’ilayidi wa EIDIL FITRI ku rwego rw’Igihugu rizabera i Nyamirambo kuri Kigali Pele Stadium ku […]

Continue Reading

Ikipe Pharco fc yafashe umwanzuro wo kutazigera yitabira amarushanwa ya CAF nyuma y’icyemezo yafashe cyo kwambura Senegal igikombe.

ikipe yo mu gihugu cya misiri yitwa Pharco Fc yafashwe umwanzuro ukomeye wo kutazigera yitabira amarushanwa ategurwa n’impuzamashirahamwe ya afurika ‘CAF’ ivugako icyo cyemezo kitarimo ubutabera. Pharco FC yasohoye itangazo itangaza ko yafashe icyemezo cyo kuva mu marushanwa yose yo muri Afurika, harimo nka CAF Champions League, Igikombe cya Confederation, Igikombe cya Super Cup, ndetse […]

Continue Reading

Iran yihoreye kuri Israel mu bitero byaguyemo abantu i tel aviv.

Ibitero byakozwe mw’ijoro bya misile za Iran byo guhorera urupfu rw’umwe mu bategetsi bakuru bayo byishe abantu babiri i Tel Aviv muri Israel. Umugabo n’umugore bari mu myaka za 70 bishwe na misile zabashije kugwa ku murwa mukuru Tel Aviv mu ijoro ryacyeye, nk’uko abategetsi muri iki gihugu babyemeza. Umukuru w’ingabo za Iran yarahiye ko iki […]

Continue Reading