Perezida Kagame yavuze ku byo kwifashisha ’drones’ za Zipline Rwanda mu bucuruzi
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko nyuma y’imyaka hafi 10 Zipline Rwanda imaze itanga umusaruro ufatika, ubu u Rwanda ruri gushaka uburyo ubu bwikorezi bukoresha drones bwakwifashishwa no mu mijyi, zikazajya zishyikiriza abaturage ibicuruzwa mu buryo bwo guteza imbere ubucuruzi bukorewe ku ikoranabuhanga. Yabigarutseho kuri uyu wa 5 Nzeli 2025 mu nama nyafurika ya cyenda yiga […]
Continue Reading
