Bugesera: Umusore yiyahuye kubera umukobwa bakundanaga yamwanze

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 18 wo mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Kabeza, Umurenge wa Ririma, mu Karere ka Bugesera, yiyahuye anyweye ibinini by’imbeba nyuma y’uko umukobwa bakundanaga amwanze. Uyu musore yabanje guhamagara umukobwa bakundanaga amubwira ko namwanga yiyahura, umukobwa amubwira ko ntakindi amwangira usibye ingeso y’ubujura agira ko naramuka ayiretse bazakomezanya. Umwe mu […]

Continue Reading

FARDC yagaragaje ko idafite ububasha kuri Wazalendo

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko nta bubasha gifite ku ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo rishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi. Byatangajwe n’Umuvugizi wa FARDC, Gen Maj Sylvain Ekenge Bomusa, kuri uyu wa 6 Nzeri 2025 mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Kinshasa kirebana n’intambara yo mu burasirazuba bwa RDC. Ishami […]

Continue Reading

Perezida Kagame yakiriye Jean Todt wa Loni na Michel Yeoh wamamaye muri filimi

Perezida Paul Kagame ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 6 Nzeri 2025 yakiriye intumwa y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe umutekano wo mu muhanda, Jean Todt, n’umukinnyi wa filimi w’icyamamare, Michelle Yeoh Todt. Todt na Yeoh usanzwe anamenyekanisha ibikorwa by’ishami rya Loni rishinzwe ibikorwa by’iterambere (UNDP) baje mu Rwanda mu muhango wo kwita abana b’ingagi amazina […]

Continue Reading

Amajyepfo: Inama y’Igihugu y’Abagore yagaragaje ko kutagira mudasobwa bidindiza imikorere yabo

Abahagarariye Inama y’Igihugu y’Abagore mu tugari n’imirenge yo mu Ntara y’Amajyepfo bavuga ko kutagira mudasobwa ari imwe mu mbogamizi zizitira imikorere yabo. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho mu Nteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Abagore ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo yabereye i Kibeho, mu Karere ka Nyaruguru. Depite Mukabalisa Gérmaine yatunguwe n’uburyo imihigo y’intara igaragaza ibikorwa by’abagore byakozwe […]

Continue Reading

Musanze: Kubera ubusinzi bw’umugore we bwatumye mutwarasibo yiyahura

Uwihayimana Samuel w’imyaka 43, wari usanzwe ari Mutwarasibo mu Mudugudu wa Bannyisuka, mu Karere ka Musanze, bikekwa ko yiyahuye kubera ubusinzi bw’umugore we, nk’uko urwandiko yasize rubigaragaza. Amakuru avuga ko abaturage bo mu Mudugudu wa Bannyisuka, Akagari ka Nyarubuye, mu Murenge wa Musanze, mu Karere ka Musanze basanze uwari Mutwarasibo wabo yapfuye bikekwa ko yiyahuye. […]

Continue Reading

Minisitiri Jimmy Gasore yatangaje icyateye izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yagaragaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byiyongereye bitewe n’impinduka zabaye ku isoko mpuzamahanga. Yabigarutseho mu Kiganiro na Televiziyo Rwanda aho yasobanuraga impinduka zabayeho mu biciro by’ibikomoka kuri peteroli bishya byatangiye gukurikizwa kuri uyu wa 6 Nzeri 2025 nk’uko byatangajwe n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye abaturage […]

Continue Reading

NESA yasabye ababyeyi kubahiriza gahunda y’ingendo z’abanyeshuri

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyasabye ababyeyi kubahiriza igihe cyo gusubiza abana ku mashuri ndetse no kubahiriza gahunda y’ingendo z’abanyeshuri hagendewe ku turere bigamo, kugira ngo abana bazabone umwanya wo kwitegura amasomo. Ibi byatangajwe ku wa 5 Nzeri 2025, ubwo icyiciro cya mbere cy’abanyeshuri cyatangiraga gusubira ku mashuri. Icyi cyiciro cya mbere cyagiye […]

Continue Reading

Kinshasa: Abadepite 12 bafungiwe gushaka kweguza Vital Kamerhe

Inzego z’umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zataye muri yombi abadepite 12 bari mu bategura igikorwa cyo kweguza Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Vital Kamerhe. Aya makuru yemejwe na mugenzi wabo, Olivier Kabeya Sombamanya, agaragaza ko gufungwa kwabo ari ukugaba igitero ku burenganzira shingiro no ku mikorere y’inzego z’igihugu. Yagize ati “Twamaganye ifungwa ry’abadepite 12 […]

Continue Reading

Donald Trump yahinduye Minisiteri y’Ingabo ayita iy’Intambara

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahinduye amazina ya Minisiteri y’Ingabo ayita Minisiteri y’Intambara, izina ryakoreshwaga mu myaka yo hambere. Minisiteri y’Intambara yatangiye imirimo mu 1789 kugera mu 1947 ubwo yahindurwaga ikagirwa Minisiteri y’Ingabo aho kwitwa iy’Intambara. Mu butumwa bwatanzwe mu guhindura izina, byasobanuwe ko izina rya Minisiteri y’Intambara ritanga ubutumwa bwo […]

Continue Reading

FARDC na Wazalendo byarasaniye muri Uvira

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi bo n’abarwanyi b’Ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo baraye barasaniye mu Mujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo kubera kutumvikana. Amasasu menshi muri uyu mujyi wegereye Ikiyaga cya Tanganyika yumvikanye kuva mu masaa Mbiri y’ijoro ryo ku wa 5 Nzeri 2025. Hifashishwaga imbunda zirimo Ak-47 na […]

Continue Reading