Kinshasa: Abadepite 12 bafungiwe gushaka kweguza Vital Kamerhe

Inzego z’umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zataye muri yombi abadepite 12 bari mu bategura igikorwa cyo kweguza Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Vital Kamerhe. Aya makuru yemejwe na mugenzi wabo, Olivier Kabeya Sombamanya, agaragaza ko gufungwa kwabo ari ukugaba igitero ku burenganzira shingiro no ku mikorere y’inzego z’igihugu. Yagize ati “Twamaganye ifungwa ry’abadepite 12 […]

Continue Reading

Donald Trump yahinduye Minisiteri y’Ingabo ayita iy’Intambara

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahinduye amazina ya Minisiteri y’Ingabo ayita Minisiteri y’Intambara, izina ryakoreshwaga mu myaka yo hambere. Minisiteri y’Intambara yatangiye imirimo mu 1789 kugera mu 1947 ubwo yahindurwaga ikagirwa Minisiteri y’Ingabo aho kwitwa iy’Intambara. Mu butumwa bwatanzwe mu guhindura izina, byasobanuwe ko izina rya Minisiteri y’Intambara ritanga ubutumwa bwo […]

Continue Reading

FARDC na Wazalendo byarasaniye muri Uvira

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi bo n’abarwanyi b’Ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo baraye barasaniye mu Mujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo kubera kutumvikana. Amasasu menshi muri uyu mujyi wegereye Ikiyaga cya Tanganyika yumvikanye kuva mu masaa Mbiri y’ijoro ryo ku wa 5 Nzeri 2025. Hifashishwaga imbunda zirimo Ak-47 na […]

Continue Reading

Batatu bapfiriye mu myigaragambyo ya Wazalendo yamagana Gen Gasita wa FARDC

Imyigaragambyo y’ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo mu mujyi wa Uvira, yo kwamagana ishyirwaho rya Brig Gen. Gasita Olivier wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yapfiriyemo abantu batatu. Wazalendo isanzwe ishyigikiwe na Leta ya RDC yatangiye iyi myigaragambyo tariki ya 2 Nzeri 2025. Yafunze umuhanda munini wo muri Uvira, ihagarika ibikorwa byose […]

Continue Reading

Sobanukirwa uko wagura Ibendera ry’u Rwanda

Witegereje mu biro by’inzego za Leta, abikorera cyangwa bamwe mu Banyarwanda bajya mu mahanga usanga bafite Ibendera ry’Igihugu, bamwe bayahawe igihe bagiye mu butumwa boherejwe n’igihugu na ho abandi barayiguriye kugira ngo aho bari hose bamenyekanishe u Rwanda. Ibendera ry’u Rwanda ni kimwe mu birango bikomeye byubahwa, ndetse bishyirwa ku nyubako z’ubutegetsi. Itegeko rigena imiterere, […]

Continue Reading

Rusizi: Impanuka y’imodoka yakomerekeyemo 3 barimo umwana w’imyaka 6

Imodoka yo mu bwoko bwa Camion Truck Mercedes Benz, ubwo yari igeze mu Kagali ka Mushaka mu Murenge wa Rwimbogo yakoze impanuka igwisha urubavu. Iyo kamyo yari ifite pulake RAC 843B, yavaga Kamembe yerekeza mu Bugarama mu Karere ka Rusizi, yikoreye imizigo, itwawe na Nsengiyumva Enock w’imyaka 38, atwaye umugore n’umwana w’umukobwa w’imyaka 6, bageze […]

Continue Reading

Ibiciro by’ibikomoka Kuri peteroli mu Rwanda byongeye kuzamuka

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro, RURA,rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli aho litiro ya lisansi yiyongereyeho 59 Frw, igera 1.862 Frw ivuye ku 1.803 Frw. RURA kandi yatangaje ko igiciro cya mazutu cyageze ku 1.808 Frw ivuye ku 1.757 Frw. Ibi biciro biratangira gushyirwa mu bikorwa guhera ku wa […]

Continue Reading

Abatwara abagenzi basabwe gufasha abanyeshuri gusubira ku mashuri mu ituze

Kuva kuri uyu Gatanu, tariki ya 5 Nzeri, abanyeshuri barimo gusubira ku bigo by’amashuri, gutangira igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri wa 2025/2026, hirya no hino mu turere dutandukanye tw’igihugu. Polisi y’u Rwanda yasabye abatwara abagenzi mu buryo bwa rusange gufasha abanyeshuri gusubira ku mashuri mu ituze n’umutekano. Polisi y’u Rwanda kandi yaboneyeho gushishikariza abo bireba […]

Continue Reading

Israel yanze uruzinduko rwa Perezida Macron

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel yakuriye inzira ku murima Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron wifuzaga gusura iki gihugu, nyuma yo kuvuga ko u Bufaransa buzemera ubwigenge bwa Palestine. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel, Gideon Saar, yabwiye mugenzi we w’u Bufaransa, Jean-Noel Barrot ko Perezida Emmanuel Macron adahawe ikaze muri Israel “mu gihe bugikomeje umugambi wo […]

Continue Reading

Kabila yamaganye ubugizi bwa nabi bwa FDLR

Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yamaganye ubugizi bwa nabi bw’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukomeje gukorera mu burasirazuba bw’iki gihugu. Kabila yagaragaje ko ntacyo amasezerano y’amahoro RDC n’u Rwanda byagiranye tariki ya 27 Kamena 2025 ari kugeraho kuko ubugizi bwa nabi bwa FDLR n’indi mitwe ishyigikiwe […]

Continue Reading