AFC/M23 ihamya ko abasirikare ba FARDC na Wazalendo bayiyunzeho ku bushake

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagaragaje ko ritahatiye abasirikare b’iki gihugu, Wazalendo n’abasivili kuryiyungaho, ahubwo ko babikoze ku bushake bwabo kandi babyishimiye. Byasobanuwe n’Umuyobozi wungirije w’iri huriro ushinzwe ubukungu n’imari, Freddy Kaniki Rukema, ubwo umushakashatsi Dr. Bojana Coulibaly yamwibutsaga ko hari raporo zavuze ko aba bantu binjijwe muri AFC/M23 ku […]

Continue Reading

Musanze: Ababyeyi basubiye ku ntebe y’ishuri byabahinduriye ubuzima

Mu Karere ka Musanze, bamwe mu babyeyi biyemeje gusubira mu ishuri, bavuga ko n’ubwo babanje kunengwa n’abaturanyi, barangije amasomo yabo neza kandi bibahindurira ubuzima. Bamwe bazamuwe mu ntera mu kazi, abandi bongererwa imishahara, bituma barushaho guteza imbere imiryango yabo. Manishimwe Fulgence w’imyaka 45, umubyeyi w’abana batatu, yarangije amasomo mu bijyanye n’amashanyarazi muri imwe muri Kaminuza […]

Continue Reading

Ubuyobozi bwa CECAFA bwasabye imbabazi APR FC

Nyuma y’uko APR FC yegukanye umwanya wa gatatu muri CECAFA Kagame Cup 2025, ubuyobozi bwa CECAFA bwiseguye ku makosa yabaye, bigatuma iyi kipe itahabwa imidali ku gihe nk’uko byari biteganyijwe. Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda yatsinze KMC igitego 1-0 cyatsinzwe na Memel Raouf Dao, bituma isoza iri rushanwa iri ku mwanya wa gatatu. Nyuma y’umukino, APR […]

Continue Reading

Rusizi: Umukozi wo mu rugo yatawe muri yombi akekwaho gutwika umwana

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rusizi yataye muri yombi umukobwa wareraga umwana w’imyaka 2 wo mu Murenge wa Rwimbogo, nyuma y’uko uwo mwana yari agiye guhira mu nzu, Imana igakinga ukuboko. Abaturanyi b’iwabo w’uyu mwana bamutabaye yahiye ku gice cy’umutwe, yihishe mu nguni y’inzu. Icyo gihe umukozi umururera yavuze ko yamukarabije aramuryamisha ashiduka […]

Continue Reading

Nyabihu: Barasaba ingurane z’ibyabo bimaze imyaka 3 byangijwe

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Kinyababa, Akagari ka Rubaya, Umurenge wa Mukamira, Akarere ka Nyabihu, bavuga ko bamaze imyaka 3 basiragira ku ngurane z’ibyabo byangijwe n’umuyoboro w’amashanyarazi, bakaba bifuza ko inzego bireba zabafasha kubona ingurane. Abo baturage bavuga ko batewe igihombo n’ikorwa ry’umuyoboro w’amashanyarazi kuko wangije imitungo yabo inyuranye harimo imyaka, amashyamba n’ibiti […]

Continue Reading

Uganda: Abarimu barahiriye gukomeza imyigaragambyo

Ihuriro ry’Abarimu muri Uganda, UNATU, ryagaragaje ko rigomba gukomeza ibikorwa by’imyigaragambyo mu gihe inzego z’ubuyobozi zitagira icyo zikora ku cyo basaba. Perezida wa UNATU, Zadock Tumuhimbise, yavuze ko imyigaragambyo y’abarimu itagamije gusa imibereho myiza yabo ahubwo igamije umutekano ku banyeshuri b’ahazaza ha Uganda. Ati “Imyigaragambyo izakomeza mu bice bitandukanye kandi iki gikorwa gitandukanye cyane n’ibindi […]

Continue Reading

Amavugurura mu biciro by’amashanyarazi: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 15 Nzeri 2025

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 15 Nzeri 2025 iyobowe na Perezida Kagame yamenyeshejwe ko harimo gukorwa ivugururwa ry’ibiciro by’amashanyarazi bitigeze bihinduka kuva mu mwaka wa 2020, nk’imwe mu ngamba zo kwihaza mu bijyanye n’ingufu mu buryo burambye. Mu byaganiriwe muri iyi nama y’Abaminisitiri harimo kuba abagerwaho n’amashanyarazi mu Rwanda ubu bageze kuri 85% mu gihe […]

Continue Reading

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zerekeje Cabo Delgado

Abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda berekeje mu butumwa bwo kubungabunga umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado mu gihugu cya Mozambique. Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Gen Maj Vincent Nyakarundi n’Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’Igihugu ushinzwe ibikorwa, DIGP Vincent Sano, basezeye Ingabo n’Abapolisi b’u Rwanda bagiye mu butumwa bwo […]

Continue Reading

Urujijo ku musaza w’i Karongi wasanzwe mu mugozi yapfuye

Seboyi Vincent w’imyaka 62, wo mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi, yasanzwe mu mugozi yapfuye, hakekwa ko yiyahuye, ariko ntihamenyekane icyaba cyabimuteye. Byabereye mu Mudugudu wa Kambogo, Akagari ka Nyarugenge Umurenge wa Rubengera, Akarere ka Karongi. Umugore wa nyakwigendera, Mukashema Claudine yavuze ko yavuye guhinga, asanga urugi rufungiye imbere, afata umwanzuro wo kurwica […]

Continue Reading

Rusizi: Umwana w’imyaka 2 n’amezi 7 yahiriye mu nzu akurwamo akiri muzima

Umwana  w’imyaka 2 n’amezi 7 yahiriye mu cyumba yari aryamyemo mu Mudugudu wa Ruzeneko, Akagari ka Karenge, Umurenge wa Rwimbogo, Akarere ka Rusizi, ashya igice cy’umutwe, amaguru n’amaboko, akurwamo hasigaye gato ngo umuriro umukongore ariko akiri muzima. Uwo mwana w’umuhungu yahiriye mu nzu mu gihe se ukora akazi ko gucunga umutungo wa koperative yari amaze ibyimweru […]

Continue Reading