M23 yungutse abarwanyi bashya barenga 7000
Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo watangaje ko wungutse abarwanyi bashya 7.437 bari bamaze amezi atandatu batorezwa mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuhango wo kwinjiza aba barwanyi mu gisirikare witabiriwe n’umuyobozi w’ihuriro AFC, Corneille Nangaa Yobeluo, n’umuyobozi w’abarwanyi ba M23, Gen Maj […]
Continue Reading
