Leta ya RDC na AFC/M23 byumvikanye ku buryo bwo kurekura imfungwa
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya byumvikanye ku buryo bwo kurekura imfungwa za buri ruhande, bibifashijwemo na Leta ya Qatar. Aya makuru yemejwe n’umujyanama wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na Afurika, Massad Boulos, kuri uyu wa 12 Nzeri 2025, agaragaza ko ari intambwe nziza iganisha impande zombi ku […]
Continue Reading
