Iki ni igihe cyo gushyira Imbuto mu butaka- MINAGRI

Minisiteri y’Ubuhinzi, MINAGRI yatangaje ko imyiteguro y’igihembwe cy’ihinga 2026A igeze kure, aho ubutaka bwateguwe buri ku kigero cya 74,6% mu gihe gutera bigeze kuri 15,6%; iki kikaba ari cyo gihe cyo gutera. ‎Umuyobozi Mukuru Wungirije ushinzwe Ubuhinzi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) Dr. Florence Uwamahoro yavuze ko kuri ubu igihembwe cy’ihinga […]

Continue Reading

U Rwanda na Maroc basinyanye amasezerano y’ubufatanye

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS, n’Urwego rushinzwe amagereza mu gihugu cya Maroc basinye amasezerano mu bijyanye no kugorora. Aya masezerano yasinywe mu gihe Komiseri Mukuru wa RCS, CG Evariste Murenzi, yari yitabiriye ubutumire bwa mugenzi we wo muri Maroc, DG Mohamed Salah Tamek. Ni ubutumire bugamije guteza imbere umubano w’inzego zombi. Umuvugizi w’Urwego rw’u […]

Continue Reading

UEFA Champions League: Real Madrid na Arsenal zatangiye neza

Imikino ya UEFA Champions League ya 2025/26 yatangiye guca ibintu, aho amakipe akomeye yo ku mugabane w’u Burayi yatangiye kwerekana ko yiteguye guhatanira igikombe cy’uyu mwaka. Ku mugoroba wo ku wa Kabiri, tariki ya 16 Nzeri 2025, Arsenal yatsinze Atletico Bilbao ibitego 2-0 mu gihe Real Madrid yatsinze Olympique de Marseille ibitego 2-1. Umukino wabimburiye […]

Continue Reading

RDF yababajwe n’impanuka ya drone yakomerekeje abana i Rutsiro

Ingabo z’u Rwanda zatangaje ko drone nto itagira abapilote yakoreye impanuka mu Karere ka Rutsiro ikomeretsa abanyeshuri batatu, bahita bajyanwa kwa muganga ngo bahabwe ubuvuzi. Iyi mpanuka yabaye ku wa 16 Nzeri 2025 saa Saba n’iminota 40 z’amanywa. Itangazo rya RDF risobanura ko ari drone nto itagira abapilote y’Ingabo z’u Rwanda yakoreshwaga mu myitozo. Riti […]

Continue Reading

Robert Redford wamamaye i Hollywood yitabye Imana

Umukinnyi wa filime akaba n’uzitunganya, Robert Redford, wamamaye mu ruganda rwa sinema i Hollywood yitabye Imana ku myaka 89. Uyu mugabo wamenyekanye muri filime zirimo ‘Butch Cassidy and the Sundance Kid’ na ‘The Sting’, yitabye Imana kuri uyu wa 16 Nzeri 2025. Abari bashinzwe kumenyekanisha amakuru ye bashyize hanze itangazo, bavuga ko yitabye Imana ari […]

Continue Reading

RIB yafunze abakozi ba FERWAFA barimo Kalisa Adolphe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri bamwe mu bakozi b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) barimo Kalisa Adolphe wahoze ari Umunyamabanga Mukuru wayo. Ni mu itangazo ryashyizwe ku mbuga nkoranyambaga zayo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Nzeri 2025, nyuma y’amakuru yari amaze iminsi avugwa […]

Continue Reading

The Nos could not Stop Paul Lamar Hunter

Interviewer: Paul, you recently launched Paul Lamar Hunter LLC. Can you tell us what this business is all about? Paul Lamar Hunter: Absolutely. Paul Lamar Hunter LLC is more than just a company it’s a platform for growth and empowerment. We operate across several industries including podcast entertainment, real estate, rental and leasing services, sports […]

Continue Reading

Musanze: Polisi yafunze babiri bafatanywe litiro zirenga 1000 z’inzoga bise “Muhenyina”

Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafunze abagabo babiri bo mu Mirenge ya Muhoza na Muko, bafatanywe litiro zirenga 1000 z’inzoga zitemewe bengeraga mu ngo zabo. Aba bagabo bafashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri, taliki ya 16 Nzeri 2025, ku bufatanye n’izindi nzego mu bikorwa byo gufata ibinyobwa bitemewe n’amategeko. Umuvugizi wa Polisi […]

Continue Reading

MINEDUC yatanze amabwiriza ku mashuri mu gihe cya Shampiyona y’Isi y’Amagare

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko mu gihe u Rwanda ruzaba rwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare amashuri y’inshuke kugeza ku makuru na kaminuza azaba ahagaritse ibikorwa hagamijwe imigendekere myiza y’irushanwa. Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera mu Mujyi wa Kigali kuva ku wa 21-28 Nzeri 2025. Itangazo rya Minisiteri y’Uburezi rimenyesha amashuri yose ko muri iki gihe amasomo azahagarikwa by’agateganyo […]

Continue Reading

Ingabo z’u Rwanda zavuye abarenga 200 muri Centrafrique ku buntu

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrique zigize amatsinda ya RWABG VII na RWAMED X yita ku buvuzi, zahaye serivisi z’ubuvuzi abarenga 200 bo mu Bitaro bya Sam-Ouandja ku buntu. Aba baturage basuzumwe ndetse banavurwa indwara zitandukanye bikorwa nta kiguzi batanze. Hasuzumwe indwara zirimo malaria indwara zo mu nda, iz’imikaya, iz’ubuhumekero, […]

Continue Reading