Iki ni igihe cyo gushyira Imbuto mu butaka- MINAGRI
Minisiteri y’Ubuhinzi, MINAGRI yatangaje ko imyiteguro y’igihembwe cy’ihinga 2026A igeze kure, aho ubutaka bwateguwe buri ku kigero cya 74,6% mu gihe gutera bigeze kuri 15,6%; iki kikaba ari cyo gihe cyo gutera. Umuyobozi Mukuru Wungirije ushinzwe Ubuhinzi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) Dr. Florence Uwamahoro yavuze ko kuri ubu igihembwe cy’ihinga […]
Continue Reading
