Hashyizweho komite igenzura ukwihuza kwa BDF na BRD

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko hashyizweho komite izagenzura ibikorwa byo guhuza Ikigega cy’Iterambere gishinzwe guteza Imbere Imishinga (BDF) na Banki y’Amajyambere y’u Rwanda (BRD). Ku wa 31 Nyakanga 2025, ni bwo BDF yahujwe na Banki y’Amajyambere y’u Rwanda (BRD) hagamijwe kwihutisha uburyo bwo kubona inguzanyo no gutanga inguzanyo ziteguye neza, zigafasha umukiliya kugera ku ntego […]

Continue Reading

Burundi: Umupolisi ufite ipeti rya Colonel afungiwe gucuruza lisansi mu buryo bwa magendu

Leta y’u Burundi ifunze umwe mu bofisiye bakuru muri Polisi y’igihugu, Colonel Moïse Arakaza Alias Nyeganyega, azira gucuruza ibikomoka kuri peteroli binyuze mu nzira zitemewe n’amategeko. Tariki ya 13 Kanama 2025, abapolisi bakorera muri Komini Rumonge mu Ntara ya Burunga bahagaritse Col Arakaza wari utwaye imodoka nto ya Probox, yari irimo litiro 60 za lisansi. […]

Continue Reading

Uganda: Yihaniye mu rusengero ko yishe umukunzi we, ahita ahamagarirwa Polisi

Umusore w’imyaka 24 witwa Clinton Mwesiime yatawe muri yombi na Polisi ya Uganda ubwo yihaniraga mu rusengero ko yiciye umukunzi we mu karere ka Kabale mu kwezi gushize. Muri Nyakanga, Mwesiime wakoreraga ku kigo nderabuzima cya Hamurwa mu gace ka Rubanda yajyanye n’umukunzi we, Loenada Kobusingye, muri ‘lodge’ yitwa Cheers muri Kabale, bararanamo. Mu gitondo […]

Continue Reading

Abasirikare 35 b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore ngo baryamane

Iperereza rya gisirikare ryakozwe hagati ya Nyakanga 2022 kugeza mu mpera za 2024, ryagaragaje dosiye 35 z’abasirikare b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore kugira ngo bakore imibonano mpuzabitsina. Ibyavuye mu iperereza byagaragaje ko nubwo hari itegeko ryashyizweho rigamije guca burundu ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’icuruzwa ry’abantu muri Kenya, abasirikare b’Abongereza bari mu kigo cy’imyitozo kiri ahazwi […]

Continue Reading

Guhemba miliyoni 80 Frw itwaye Shampiyona: Intego za Shema Fabrice muri FERWAFA

Shema Ngoga Fabrice uri kwiyamamariza kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amagaguru (FERWAFA) yijeje Ko natorwa azahemba Ikipe yatwaye Shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu bagabo miliyoni 80 z’amafaranga y’u Rwanda. Yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Kanama 2025, mu kiganiro n’itangazamakuru cyari kigamije kugaragaza imigabo n’imigambi y’ibyo azakora mu gihe yaba atsinze amatora y’iri shyirahamwe. Ubwo […]

Continue Reading

“Assumption,” umunsi w’ijyanwa mu Ijuru rya Bikira Mariya usobanuye byinshi ku bakristu, ni ayahe mateka ubumbatiye?

Assumption ni umunsi ukomeye ku bakirisitu, by’umwihariko abakristu gatolika ukaba wizihizwa buri wa 15 Kanama buri mwaka. Assumption biva ku ijambo ry’ikilatini ‘Assumptio’ bisobanura kujyanwa/kuzamurwa. Uyu munsi wizihizwa hafi ku Isi hose, mu bihugu byinshi abaturage baba bishimye ndetse n’ibigo byinshi bya Leta n’ibyigenga biba byatanze ibiruhuko ku bakozi babyo. Hano mu Rwanda benshi baba […]

Continue Reading

Perezida Ndayishimiye atewe impungenge n’abagabo batakibasha gutera akabariro

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yagaragaje ko ahangayikishijwe no kuba abagabo b’i Bujumbura barishoye mu biyobyabwenge n’inzoga zikaze, bikabambura ubushobozi bwo gutera akabariro. Ubwo yari mu muhango wo gushyiraho Guverineri wa Bujumbura, Gen Maj Aloys Ndayikengurukiye, byabereye muri Stade Intwari tariki ya 12 Kanama 2025, yamumenyesheje ko mu bibazo byugarije abatuye muri iyi ntara harimo […]

Continue Reading

Minisitiri w’intebe Dr Nsengiyumva Justin, yahaye impanuro abarangije itorero indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin, yasabye abasore n’inkumi barangije Itorero Indangamirwa, guharanira guteza imbere u Rwanda aho bari hose birinda kuba ibikoresho by’amahanga. Yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 14 mu Kigo cy’Ubutore cya Nkumba mu Karere ka Burera mu Ntara y’Amajyaruguru, ubwo yasozaga Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15. Ni icyiciro cyatojwemo abasore n’inkumi […]

Continue Reading

Uganda: Uwahoze ari umupolisi afungiwe kwakira umushahara w’imyaka itatu yaravuye mu kazi

Urukiko rwa Uganda rushinzwe kuburanisha ibyaha bya ruswa ku wa 13 Kanama 2025 rwaburanishije uwahoze ari umupolisi, Francis Oyet, ushinjwa kwakira umushahara mu gihe cy’imyaka itatu kandi atagikorera Leta. Oyet w’imyaka 44 y’amavuko yasezeye muri Polisi ya Uganda ku bushake muri Nzeri 2020. Ubushinjacyaha bwasobanuye ko kuva icyo gihe kugeza mu Ukwakira 2023, yakiriye umushahara […]

Continue Reading