Abanyamahanga 64 basubijwe iwabo kubera ibyaha byo gukubita no gukomeretsa
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mezi 12 ashize abanyamahanga 64 basubijwe iwabo kubera ibyaha byo gukubita no gukomeretsa mu gihe abarenga 240 bashyikirijwe inzego zubutabera bakekwaho ibyaha bitandukanye. Bikubiye mu butumwa Polisi y’u Rwanda yatambukijwe kuri X ku wa 19 Kanama 2025. Polisi yasubizaga ibyavuzwe kuri TV1, bikanasangizwa ku mbuga nkoranyambaga zayo aho Kakooza […]
Continue Reading
