Kinshasa: Abanyamategeko ba Leta basabye urukiko kwemeza ko Kabila ari Umunyarwanda

Abanyamategeko baharanira inyungu za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basabye urukiko rukuru rw’igisirikare cy’iki gihugu guhamya Joseph Kabila ibyaha ashinjwa nk’Umunyarwanda, bahamya ko yiyitiriye Laurent Désiré Kabila. Ubwo urubanza rwa Kabila rwasubukurwaga kuri uyu wa 21 Kanama 2025, aba banyamategeko basobanuye ko Kabila yahoze yitwa Hippolyte Kanambe kandi ko yari Umunyarwanda wari ushinzwe ibikoresho mu […]

Continue Reading

Umwana warusoje icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye yiyahuye nyuma y’uko abuze igice ku manota yafatiweho

Ishimwe Osamu warusoje icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye yiyahuye nyuma y’uko abuze igice ku manota yafatiweho Mugitondo Cyo kuri uyu wa Kane Mumudugudu wa Binunga mukagari ka Murama mumurenge wa Kinyinya , Umwana warusoje ikicoro rusajye Cyamashuri Yisumbuye . Uyu mwana witwaga Ishimwe Osamu wimyaka 18 Yamavuko Yasanzwe mucyumba yararagamo yapfuye aho bacyeka ko yiyahuye akoresheje […]

Continue Reading

Banki Nkuru y’u Rwanda yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo kigera kuri 6.75%

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo (Central Bank Rate – CBR) cyakurikizwaga na banki z’ubucuruzi, ikigeza kuri 6.75% kivuye kuri 6.5%. Iki cyemezo cyafashwe na Komite ishinzwe Politiki y’Ifaranga (MPC) hagamijwe gukumira izamuka ry’ibiiciro no gukomeza gushyigikira ihungabana ry’ubukungu bw’igihugu. Mu gihembwe cya kabiri cya 2025, umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro (inflation) […]

Continue Reading

National Bank of Rwanda raises Central Bank rate to 6.75%

The National Bank of Rwanda (BNR) has increased its Central Bank Rate (CBR) by 25 basis points, moving it from 6.5% to 6.75%, in a bid to curb inflationary pressures and maintain macroeconomic stability. The new rate will apply for the next three months. According to the Monetary Policy Committee (MPC), inflation in the second […]

Continue Reading

Musanze: Bagaragaje inyungu biteze ku muhango wo Kwita Izina abana b’ingagi

Abaturage, abikorera ndetse n’abafatanyabikorwa batandukanye bavuga ko biteze kungukira cyane mu munsi udasanzwe w’ubukerarugendo, ubwo hazaba umunsi wo Kwita Izina abana b’ingagi. Kwita Izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20, hazitwa abana 40, biteganyijwe kuba ku itariki ya 5 Nzeri 2025, mu Kinigi, mu Karere ka Musanze. Abanyabukorikori bo mu mujyi wa Musanze bavuga ko […]

Continue Reading

Umuryango w’umukobwa “wapfuye urupfu rutavuzweho rumwe” witeguye kurega Ibitaro

Umuryango w’umukobwa warusoje amashuri yisumbuye wapfuye urupfu rutavuzweho rumwe uravuga ko wababajwe n’uko umwana wabo yapfuye, ibitaro by’i Gitwe bigatangaza ko nta ruhare ‘Ambulance’ yabyo ibifitemo, umuryango wo ukavuga ko ufite amakuru ko umwana yishwe agonzwe n’imbangukiragutabara. Rtd. Major Bosco Mubarakah Kayinamura akaba umukuru w’umuryango wa nyakwigendera Umulisa Cynthia w’imyaka 20 wapfuye urupfu rutavuzweho rumwe, […]

Continue Reading

Gusoma urubanza ruregwamo abasivili n’abasirikare byimuriwe undi munsi

Urukiko rwa Gisirikare rwimuye isomwa ry’Urubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’abantu 28 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) n’abasivili, bakekwaho ibyaha bijyanye n’uburyo haguzwe amatike y’indege hakoreshejwe konti ya Minisiteri y’Ingabo binyuranyije n’amategeko. Abo barimo Umuvugizi wa RCS, CSP Hillary Sengabo na CSP Olive Mukantabana na we ukorera muri uru […]

Continue Reading

AFC/M23 yamaganye HRW iyishinja kwica abantu 140

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryamaganye raporo y’umuryango Human Rights Watch (HRW) irishinja kwica abaturage barenga 140 mu duce twegereye Pariki y’Igihugu ya Virunga. Ku wa 20 Kanama 2025, uyu muryango watangaje ko aba baturage “biganjemo Abahutu” biciwe mu midugudu 14 yo muri Gurupoma ya Binza muri teritwari ya Rutshuru […]

Continue Reading

U Bubiligi bwiyemeje guheka RDC kugeza ijwi ryayo ryumvikanye i Burayi

Guverinoma y’u Bubiligi yiyemeje guheka iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugeza ijwi ry’ibyifuzo byayo ku ntambara yo mu burasirazuba ryumvikanye mu muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU). Iri sezerano ryatanzwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, ubwo yari mu ruzinduko muri RDC tariki ya 19 Kanama 2025. Minisitiri Prévot yatangaje ko kuva mu […]

Continue Reading

Putin na Zelensky ntibavuga rumwe ku hazabera inama izabahuza

Perezida Vladmir Putin ashaka ko ibiganiro bizamuhuza na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, bizabera mu gihugu cye, mu murwa mukuru, Moscow, aho kuba ahandi. Uru ruhande Putin ahagazeho rwatangajwe na France24, yavuze ko ari amakuru yakuye mu kiganiro uyu mukuru w’igihugu aherutse kugirana na Perezida Donald Trump, kuri telefone. Iki kinyamakuru cyakomeje kivuga ko […]

Continue Reading