U Buyapani : Ibihumbi 16 by’imbunda byahawe abana bibwira ko ari ibikinisho
Mu Buyapani, abayobozi bahangayikishijwe cyane no gushaka uburyo hagaruzwa imbunda 16000 za palasitiki zatanzwe bizwi ko ari ibikinisho hirya no hino mu gihugu, nyuma bikaza kumenyekana ko zifite ubushobozi bwo kurasa n’amasasu asanzwe. Polisi yo mu Buyapani, ‘National Police Agency (NPA)’ iherutse gusohora itangazo riburira abantu bose ko hari imbunda zibarirwa mu bihumbi zatanzwe nk’ibikinisho […]
Continue Reading
