Nzotanga yerekeje muri Police FC

Myugariro w’iburyo, Ndayishimiye Dieudonné uzwi nka Nzotanga, yerekeje muri Police FC yasinyiye amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi wari umaze imyaka itanu muri APR FC, yashyize umukono ku masezerano kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 11 Nyakanga 2025. Ndayishimiye wifuzwaga na Rayon Sports, azahanganira umwanya na Nsengiyumva Samuel iyi kipe yaguze imukuye muri Gorilla FC. Yabaye […]

Continue Reading

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya, akaba n’umwe mu bahuza mu biganiro bigamije gushaka umuti w’amakimbirane amaze igihe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibiganiro byabo byagarutse ku ngamba zigamije gushaka amahoro arambye mu Burasirazuba bw’icyo gihugu binyuze mu gukemura impamvu muzi y’ibibazo byateje intambara. Ibi biganiro bihuje Abanye-Congo […]

Continue Reading

Ubujurire bwa Kazungu bwateshejwe agaciro

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Nyakanga 2025, ubujurire bwa Denis Kazungu bwateshejwe agaciro nyuma y’aho ajuririye icyemezo cy’urukiko cyari cyafashwe. Urukiko Rukuru rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bwa Kazungu wasabye kugabanyirizwa igihano yahawe cyo gufungwa burundu. Ni nyuma y’aho Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamuhamije ibyaha 10 birimo icy’ubwicanyi no guhisha imirambo […]

Continue Reading

Inteko ya Amerika yatoye umwanzuro usaba Tshisekedi kutarenza manda yemerewe

Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatoye umwanzuro usaba Félix Tshisekedi kutarenza manda yemerewe ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu ni umwe mu myanzuro abagize Inteko ya Amerika babona ko ishobora gufasha Leta ya RDC kugarura amahoro no kwimakaza ubwiyunge hagati y’Abanye-Congo n’ihame rya demokarasi. Bagize bati […]

Continue Reading

Muri Masisi Haravugwa Umutwe W’Abarwanyi Bashamikiye Kuri FDLR

Hashize iminsi mike ahitwa Mishipo muri Teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri DRC hadutse abantu babarirwa mu ijana bayobowe n’uwitwa Mudayonga bivugwa ko bakorana na FDLR kandi bitwaje intwaro n’amasasu byinshi. Ibyabo byakuye abantu umutima, batangira kwibaza iby’abo barwanyi n’icyo bagamije. Abo barwanyi bahise bajya guca ingando ahitwa Makungurano, bahageze basaba abahatuye […]

Continue Reading

Mu Rwanda havumbuwe lithium ya mbere nziza

Ikigo gikora imirimo ijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Aterian PLC, cyatangaje ko ubushakashatsi bw’ibanze cyakoze, bwagaragaje ko mu Rwanda hari amabuye ya ‘Lithium’ ya mbere meza. Ni ubushakashatsi Aterian PLC ikomoka mu Bwongereza yafatanyijemo n’ikigo Rio Tinto gisanzwe gikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda. Bwakorewe mu Majyepfo y’u Rwanda. Aterian ikorera imirimo mu bihugu birimo u Rwanda, […]

Continue Reading

Trump yandagaje abakuru b’ibihugu bya Afurika yakiriye i Washington

Ku wa 9 Nyakanga 2025, Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye Perezida wa Liberia, uwa Gabon, Mauritania, Sénégal na Guinée Bissau, bagirana ikiganiro cyibanze ku bufatanye mu iterambere ry’ubukungu. Igice cya mbere cy’iki kiganiro cyabereye mu ruhame, imbere y’abanyamakuru nk’uko Trump amaze asanzwe abigenza kuva yasubira ku butegetsi muri Mutarama 2025. […]

Continue Reading

Uganda yafunguye imipaka iyihuza n’ibice bigenzurwa na AFC/M23

Perezida Yoweri Museveni yafunguye umupaka wa Bunagana n’indi ihuza Uganda n’ibice bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23. Bunagana ku ruhande rwa RDC igenzurwa na AFC/M23 kuva muri Kamena 2022. Ku icyo gihe, Leta ya Uganda yafashe icyemezo cyo gufunga uyu mupaka mu rwego rw’ubucuruzi, igamije gusigasira umubano mwiza ifitanye na RDC. Umugaba […]

Continue Reading

Umunyeshuri wakoze impanuka yakoreye ibizamini bya Leta mu Bitaro

Adeline Niyonagize, urimo gusoza icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye, yakoze ibizamini bya Leta ari mu bihe bidasanzwe kuko agifite imvune n’ibikomere byatewe n’impanuka yatumye akaguru bagashyiraho sima. Uyu munyeshuri w’imyaka 20 y’amavuko wiga Ubukerarugendo ku Rwunge rw’Amashuri rw Mutenderi, yasangishijwe impapuro z’ibizamini bya Leta aho aryamye mu Bitaro Bikuru bya Kibungo. Amafoto yafashwe n’abageze ku […]

Continue Reading

Umushumba wa Kiliziya Gatolika yahaye umugisha umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 Corneille Nangaa

Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Musenyeri Fulgence Muteba Mugalu, yahaye umugisha Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bw’iki gihugu, Corneille Nangaa. Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Goma, Musenyeri Willy Ngumbi, ndetse n’uwa Diyosezi ya Kamina, Musenyeri Leonard Kakudji, na bo bahaye Nangaa umugisha. Musenyeri Muteba na bagenzi be bahuriye i Goma […]

Continue Reading

Ibitaravuzwe ku mbunda Gaddafi yahaye Museveni zihishwa i Burundi, zimugeraho zinyuze mu Rwanda

Mu rugamba rwo gufata Uganda, hari benshi bafashije Yoweri Kaguta Museveni barimo Charles Taylor wayoboye Liberia, Foday Sankoh wayoboye Sierra Leone ndetse na Muammar Gaddafi wayoboye Libya.   Museveni yatangiye intambara zo kubohoza Uganda mu 1972, binyuze mu mutwe wa FRONASA (Front for National Salvation) yashinze. Muri uwo mwaka nibwo yagabye igitero aturutse muri Tanzania, […]

Continue Reading