Umusore w’imyaka 17 wafashwe avuye kwiba inka mu masaha y’ijoro

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Kanama 2024, umusore witwa Mukiza Lodge Claude w’imyaka 17 yafashwe ari kumwe na mugenzi we wahise atoroka, bashoreye inka ebyiri bikekwa ko bari bazibye mu rugo rw’umuturage. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Nyarucyamu ya III mu Kagari ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga. […]

Continue Reading

Ubuzima bw’ubuhunzi,Abahanzi akunda,n’uwo afata nk’icyitegererezo ubuzima bwa Perezida w’Inteko hanze y’akazi

Kazarwa Gertrude, umugore w’imico myiza n’indangagaciro zikomeye, ni we watorewe kuyobora Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ku itariki ya 14 Kanama 2024. Uyu mubyeyi w’abana batatu n’umukazana, yamenyekanye cyane kubera umwete no gukunda igihugu, ibintu yagaragaje mu bikorwa bye bya politiki n’ibindi akora buri munsi. Ubuzima n’Ubuhunzi Kazarwa yavukiye mu Karere ka […]

Continue Reading

Intandaro y’igihombo cyasaga miliyari 10 Frw MTN Rwanda yagize

Mu mezi atandatu ya mbere y’umwaka wa 2024, MTN Rwanda Plc, ikigo kizwi cyane mu by’itumanaho mu Rwanda, cyatangaje igihombo cya miliyari 10.5 Frw nyuma yo kwishyura imisoro. Iki gihombo ni ikintu kidasanzwe kuri MTN Rwanda, igisanzwe gifite abafatabuguzi benshi kandi ikigurisha serivisi zitandukanye. Ibyari byaratangiye kugenda nabi mu 2022 Ikigo MTN Rwanda cyatangiye kugorwa […]

Continue Reading

Uwari ugiye kuba Umudepide mu Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda arashinjwa gukora Jenoside

Umugabo witwa Musonera Germain wo mu Karere ka Muhanga, mu Ntara y’Amajyepfo, arashinjwa n’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kuba yaragize uruhare mu kwica ababo muri Jenoside. Aba barokotse Jenoside bo mu Mirenge igize agace ka Ndiza barasaba ko Musonera ahanwa n’amategeko, bakavuga ko yari umwe mu bayobozi bagize uruhare mu bitero byiciwemo Abatutsi i […]

Continue Reading

Ushinjwa kwica abagore 42 akabajugunya mu ngarani yatorotse gereza aburirwa irengero

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Kanama 2024, umugabo witwa Jumaisi Collins wo mu gihugu cya Kenya yatorotse kasho ya Polisi iri i Nairobi, aho yari afungiye akekwaho kwica abagore bagera kuri 42, harimo n’umugore we, maze akajugunya imirambo yabo muri kariyeri ishaje. Uyu mugabo yari yatawe muri yombi mu kwezi gushize nyuma y’aho […]

Continue Reading

Muhanga: Umugabo w’imyaka 44 arakekwaho gusambanya umukobwa we ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga

Mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Mushishiro, haravugwa inkuru y’umugabo w’imyaka 44 ukekwaho gusambanya umukobwa we w’imyaka 24 ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga. Uyu mugabo yashinjwe iki cyaha nyuma y’aho umukobwa we akoresheje amarenga abwira nyina ibyabaye ubwo yari atashye. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mushishiro, Niyonzima Gustave, yemeje ko aya makuru yabagezeho ku wa […]

Continue Reading

Nyarugenge: Umuyobozi w’Ibitaro bya Gakoma yatawe muri yombi arakekwaho kwica umwana w’umugore we

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Gakoma biherereye mu Karere ka Gisagara witwa Ngiruwonsanga Pascal w’imyaka 38, kubw’iperereza riri gukorwa ku rupfu rw’umwana w’umugore we, witwa Ganza Rayane w’imyaka umunani. Uyu mwana yari uw’umugore wa Ngiruwonsanga Pascal bashakanye byemewe n’amategeko, akaba yaramutahanye muri urwo rugo. Umuvugizi wa RIB yabwiye IGIHE […]

Continue Reading

Leta yavuze icyo igiye gukora kubera umuceri wabuze isoko

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yatangaje kugeza ubu hari toni 31 000 z’umuceri utarabona umuguzi, ku buryo Leta ifatanyije n’ikigo East Africa Exchange (EAX) gikora ubucuruzi bwambukiranye imipaka, bafashe ingamba zo kuwugura ukagaburira abanyeshuri undi ugacuruzwa. Hamaze iminsi havugwa ikibazo cy’abahinzi hirya no hino mu gihugu bahinze umuceri ubura isoko ndetse na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda […]

Continue Reading

Perezida Kagame yavuze ku batagarutse muri Guverinoma

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko kuba hari bamwe mu bayobozi batagarutse muri Guverinoma muri manda nshya y’imyaka itanu, iherutse gushyirwaho, batirukanwe ahubwo bahinduriwe imirimo. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Kanama, ubwo yakiraga indahiro z’abo bagize Guverinoma, barimo Abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta ndetse n’iy’Umuyobozi Mukuru mushya w’Urwego […]

Continue Reading

Kabuye: Toni 800 z’umuceri zigiye kumara amezi atatu ku mbuga zarabuze isoko

Abahinzi b’umuceri bawuhinga kuri hegitari 250 mu Kibaya cya Kabuye kiri mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali bamaze amezi hafi atatu bategereje isoko ry’umuceri urenga toni 800 bejeje mu gihembwe cy’ihinga giheruka, ariko magingo ntibarabona isoko ndetse bafite impungenge ko ku mbuga wanitseho ushobora kuhangirikira. Abahinzi bo muri Koperative KORIKA baganiriye na IGIHE […]

Continue Reading