Gicumbi: yishwe nyuma yo gusambanywa n’abagabo batatu

Umugore witwa Mukarabarisa Belthilde, uzwi ku izina rya Tenesi w’imyaka 48, wo mu Mudugudu wa Mataba, Akagari ka Munyinya, mu Murenge wa Rukomo, mu Karere ka Gicumbi, yishwe nyuma yo gusambanywa n’abagabo batatu. Aya mahano yabaye mu ijoro ryo kuri Gatanu, tariki 16 Kanama 2024, ariko amakuru yabyo yatangajwe gusa mu gitondo cyo ku wa […]

Continue Reading

Umukozi wa Minisiteri y’Ubutabera ari mu maboko ya RIB kubera kutabasha gusobanura inkomoko y’umutungo we

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko Ruranga Jean w’imyaka 53 wahoze ari umunyamategeko wa Minisiteri y’Ubutabera, wari ushinzwe kuburanira Leta imanza yarezwemo yatawe muri yombi akaba afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kicukiro mu Mujyi wa Kigali.   Ruranga wari usigaye ari umuhesha w’inkiko w’umwuga nyuma yo gusezera akazi muri minisiteri, yatawe muri yombi ku […]

Continue Reading

Kigali: Abantu 22 bafatiwe mu kabyiniro kabamo inkumi zambaye ubusa buri buri

Mu ijoro ryo ku wa 17-18 Kanama 2024, inzego zishinzwe umutekano zataye muri yombi abantu 22 bari basohokeye mu kabyiniro kabamo inkumi zambaye ubusa buri buri mu Karere ka Gasabo. Ni akabyiniro ubusanzwe gakora gafunze ndetse gacungiwe umutekano n’abasore b’ibigango mu kwirinda ko hari uwahinjira atari umukiliya. Aka kabyiniro kafatiwemo abantu 22 barimo na nyirako, […]

Continue Reading

Urubanza rw’ukekwaho kuriganya Abanyarwanda asaga miliyari 12 Frw rwasubitswe

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwasubitse iburanisha ry’urubanza ku ifunga n’ifungura ry’agateganyo, ruregwamo Manzi Sezisoni ukekwaho kuriganya abantu 500 amafaranga arenga miliyari 12 Frw, binyuze mu kigo gitanga serivisi z’ivunjisha rikorerwa kuri internet cya Billion Traders FX.   Manzi yinjiye mu cyumba cy’iburanisha yambaye ishati y’ibara ry’icyatsi ya Made In Rwanda, lunettes, ipantalo y’ibara ry’ivu n’inkweto […]

Continue Reading

Ukekwaho kuriganya Abanyarwanda miliyari zirenga 12 Frw agiye kuburanishwa

Umuyobozi w’Ikigo “gitanga serivisi z’ivunjisha rikorerwa kuri internet” cya Billion Traders FX, Davis Sezisoni Manzi ukekwaho kuriganya Abanyarwanda miliyoni 10$ agiye gutangira kubunanishwa. Manzi yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB ku wa 30 Nyakanga 2024. Akurikiranyweho ibyaha by’iyezandonke, kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gucuruza cyangwa kuvunja amafaranga mu buryo butemewe n’amategeko. Biteganyijwe ko uyu […]

Continue Reading

Umuceri wo mu Bugarama wari warabuze isoko watangiye kugurishwa

Abahinzi b’umuceri bo mu Kibaya cya Bugarama mu karere ka Rusizi barashimira Perezida wa Repubulika Paul Kagame wabafashije umuceri wabo ukabona abaguzi nyuma y’amezi abiri bari mu gihirahiro. Kuri uyu wa 18 Kanama 2024 nibwo umuceri wa Bugarama wari warabuze abaguzi watangiye kugurwa n’Ikigo East Africa Exchange (EAX) gikora ubucuruzi bwambukiranya imipaka. Iki kigo kizakorana […]

Continue Reading

Abagize Guverinoma nshya igihe bazarahiriraho cyamenyekanye

Abagize Guverinoma nshya iheruka gushyirwaho na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, bararahirira inshingano nshya kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Kanama 2024, ari na bwo batangira inshingano byemewe muri manda nshya y’imyaka itanu iri imbere. Guverinoma igiye gutangira inshingano nyuma y’icyumweru Dr. Ngirente Edouard yongeye kugirwa Minisitiri w’Intebe, akaba ari we wagiriye inama Umukuru […]

Continue Reading

Bugesera: Abagore barinubira kurara irondo bahetse abana

Abagore bo mu Mudugudu wa Rugero, Akagari ka Rugando, mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Bugesera barinubira uburyo bakomeza koherezwa kurara irondo banafite abana bato, kubera kutabona amafaranga 1500 Frw y’umusanzu w’umutekano cyangwa kugira abagabo babafasha muri iki gikorwa. Nk’uko Tv1 ibitangaza, aba bagore bavuga ko igihe batarabona amafaranga 1500 Frw yo kwishyura umusanzu […]

Continue Reading

NEC yatangaje urutonde rw’Abakandida Senateri bemejwe

Iteka rya Perezida ryemeje ko amatora y’Abasenateri azaba muri Nzeri, 2024. Iri teka ryasohotse mu igazeti ya Leta. Rivuga ko kwiyamamaza bizatangira taliki 26 Kanama, birangire ku wa Gatandatu taliki 14, Nzeri, 2024. Nk’uko bigengwa n’ingengabihe y’amatora Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje urutonde rw’Abakandida Senateri bemejwe. NEC ishingiye ku ngingo ya 99 y’itegeko ngenga No 001/2019.OL […]

Continue Reading

Rusizi: Abasore 9 bakekwaho kwiba bitwaje inzembe bafatanywe n’urumogi

Mu Karere ka Rusizi, Akagari ka Cyangugu, abaturage bamaze iminsi bataka kwibwa amatelefoni no gutoborerwa inzu nijoro, ibintu byarangiye hafashwe abasore icyenda bakekwaho ibi bikorwa, barimo n’umuzamu w’aho bajyanaga ibyo bibye. Umuyobozi w’Umurenge wa Kamembe, Iyakaremye Jean Pierre, yemeje ko aba basore bafashwe ku bufatanye n’inzego z’umutekano, irondo, n’abaturage. Uyu muzamu w’imyaka 38 ashinjwa ubufatanyacyaha […]

Continue Reading