Kigali: Iminsi yo kubona ibyangombwa by’ubutaka n’imyubakire igiye kuba 14

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel, yatangaje ko arimo guharanira ko igihe abaturage babonera ibyangombwa by’ubutaka n’ibyo kubaka yava ku minsi 21 ikaba 14. Meya Dusengiyumva yagaragaje ko abaturage bamaze igihe binubira ko ibyo byangombwa bitinda kuboneka kandi ntibasobanurirwe icyabiteye. Ubwo yari amaze kongera guterwa kuyobora Umujyi wa Kigali, mu matora yabaye kuwa Kane tariki […]

Continue Reading

MIFOTRA yavuze ku mushahara fatizo isubiza n’abibaza niba uzatuma imishahara yiyongera

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko umushahara fatizo mushya uri kwigwaho utazatangazwa ugamije kongera amafaranga abakozi basanzwe bahembwa nkuko bamwe babikeka. Hashize imyaka itandatu hasohotse itegeko N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018 rigenga umurimo mu Rwanda, ryemeje ko umushahara fatizo ugomba kujyaho ariko bikagenwa n’Iteka rya Minisitiri ufite umurimo mu nshingano ze nyamara kugeza […]

Continue Reading

Impuruza ku cyorezo cya Mpox

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yatangaje ko bari gukorana n’izindi nzego zose mu gihugu ndetse n’imiryango mpuzamahanga ishinzwe ubuzima kugira ngo icyorezo cya Mpox giteye impungenge gihagarikwe burundu, avuga kandi ko bishoboka nk’uko byakozwe no ku bindi byorezo. Minisitiri Dr. Nsanzimana yavuze ko hari gushyirwa imbaraga mu gushyiraho ingamba zo guhangana n’iki cyorezo kugira ngo […]

Continue Reading

Perezida Kagame Yavuze ku Kibazo cya Moteri icana amatara muri Kigali Pelé Stadium

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ikibazo cya moteri icana amatara muri Kigali Pelé Stadium idatanga urumuri ruhagije, kitagombaga kuba cyarabayeho. Iyi moteri ifite imbaraga nke zatumye Umujyi wa Kigali usaba ko nta mikino ya Shampiyona yazongera guhabera nijoro kugeza icyo kibazo gikemutse. Abinyujije ku rubuga rwa X ku mugoroba wo kuri uyu wa 22 Kanama […]

Continue Reading

Basketball: U Rwanda rwatsinzwe na Great Britain ariko rukomeza muri 1/2

Ikipe y’Igihugu y’Abagore mu mukino wa Basketball yatsinzwe na Great Britain amanota 75-61 mu mukino wa nyuma wo mu itsinda D mu majonjora y’ibanze yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026, amakipe abona itike 1/2 cy’iyi mikino. Uyu mukino wabaye ku mugoroba wo ku wa Kane tariki 22 Kanama 2024 muri BK Arena bitabirwa na […]

Continue Reading

Kigali: Meya Dusengiyumva akimara gutorwa yahize gutera ibiti

Dusengiyumva Samuel, nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora Umujyi wa Kigali yatangaje ko agiye gukorana n’Abajyanama b’Umujyi, bagatera ibiti miliyoni 3 bizafasha abatuye i Kigali guhumeka neza. Dusengiyumva Samuel yongeye gutorerwa kuyobora Umujyi wa Kigali kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kanama 2024, nyuma y’aho bwa mbere yari yatorewe kuyobora Umujyi wa Kigali tariki 15 […]

Continue Reading

Umusirikare yarashe umukuriye kubera kunyereza umushahara we

Mu kigo cya gisirikare cya Karisimbi giherereye i Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), haravugwa inkuru y’akababaro aho umusirikare witwa Banza Ilunga yishe mugenzi we Capitaine Albert Bosina amuziza kunyereza umushahara we. Iyi mpanuka yabaye ku wa Gatatu tariki ya 21 Kanama 2024, ahagana saa Cyenda z’amanywa, ubwo Ilunga yarasaga Bosina […]

Continue Reading

Nyamasheke: Umugabo wari umaze amezi 8 ataye urugo rwe yakubiswe izakabwana n’abo mu rugo yinjiye

Mugemangango Thacien umaze amezi 8 yarataye urugo rwe akinjira umugore baturanye mu Mudugudu wa Kirehe, Akagari ka Rwesero, Umurenge wa Kagano, Akarere ka Nyamasheke, yahuye n’uruva gusenya ubwo yatahaga muri urwo rugo yinjiye umugore n’abana be bakamuhondagura bakamugira intere. Uyu mugabo w’imyaka 40 y’amavuko, yari amaze imyaka irenga 5 afitanye amakimbirane n’umugore we w’isezerano ashingiye […]

Continue Reading

Menya uko wasaba indishyi ku mpanuka yakozwe n’ikinyabiziga kitamenyekanye

Hari ubwo umuntu agwa mu mpanuka yatewe n’ikinyabiziga kitamenyekanye cyangwa uwagiteje akaba yahise atoroka. Ibi bishobora gusigira uwahohotewe igihombo gikomeye, bikaba n’imbogamizi mu kubona indishyi ku byangiritse. Ariko, hari uburyo bwo gusaba izi ndishyi binyuze mu Kigega Cyihariye cy’Ingoboka (Special Guarantee Fund). Iki Kigega Cyihariye Cy’Ingoboka ni iki? Iki Kigega ni ikigo cya Leta gishinzwe […]

Continue Reading

Basketball: U Rwanda rwatsindiye Argentina imbere ya Perezida Kagame

Imbere ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, ikipe y’Igihugu y’Abagore muri Basketball yabonye itike yo gukina 1/2 cy’amajonjora y’ibanze yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cy’Abagore cya 2026 nyuma gutsinda Argentina amanota 61-36 mu mukino wa kabiri wo mu itsinda D. Uyu mukino wabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 […]

Continue Reading