Kigali: Iminsi yo kubona ibyangombwa by’ubutaka n’imyubakire igiye kuba 14
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel, yatangaje ko arimo guharanira ko igihe abaturage babonera ibyangombwa by’ubutaka n’ibyo kubaka yava ku minsi 21 ikaba 14. Meya Dusengiyumva yagaragaje ko abaturage bamaze igihe binubira ko ibyo byangombwa bitinda kuboneka kandi ntibasobanurirwe icyabiteye. Ubwo yari amaze kongera guterwa kuyobora Umujyi wa Kigali, mu matora yabaye kuwa Kane tariki […]
Continue Reading
