Rick Ross yatangaje urutonde rw’Abahanzi bo muri Africa yemera.

Rick Ross nyuma y’uko abahanzi benshi bo muri Africa batishimiye uko itangwa ry’ibihembo bya grammy awards   byagenze, yafashe umwanya atangaza urutonde rw’Abahanzi bo muri Africa akunda kandi yemera.         Umuraperi William Leonard Roberts w’imyaka 48 wamenyekanye nka Rick Ross azwiho kutarya indimi kandi akaba umwe mu baraperi badatinya kuvugira m’uruhame no gutanga […]

Continue Reading

Rayvanny America ikomeje kumuryohera.

Umuhanzi wo muri Tanzania Rayvanny akomeje kuryoherwa na America kuko nyuma yo gusura studio ya Micheal Jackson yanahuye na Maruma banasubiranyemo indirimbo.         Raymond Shaban uzwi ku izina rya Rayvann ku itariki 4 gashyantare 2024 mu ijoro ryo ku cyumweru muri Leta zunze ubumwe za America hatanzwe ibihembo bikuriye ibindi aribyo grammy […]

Continue Reading

Miliyoni 5 zarokora ubuzima bwa Yubahe ugeze mu marembera kubera uburwayi bw’Impyiko

Yubahe Beatrice w’imyaka 15 akeneye Miliyoni 5 Frw ngo ubuzima bwe bugeze habi burokoke kubera uburwayi bw’impyiko, atuye mu murenge wa Karago mu Karere ka Nyabihu.   Uyu mwana arasabirwa ubutabazi bwihuse bw’amafaranga yo kumufasha kuyungurura amaraso (Dialysis) mu gihe hategerejwe ko hakorwa ibizami byo gupima uwamwereye impyiko no kuyimushyiramo.     Yubahe yatangiye kugaragaza […]

Continue Reading

Miss Japan yeguye nyuma y’iminsi 16 atsindiye ikamba ry’ubwiza.

Miss wo mu Gihugu cya Japan, yitwa Karolina Shiino yeguye kuri uyu mwanya yari yaratorewe akambara ikamba marushanwa y’ubwiza, nyuma y’iminsi 16.           Uyu mukobwa  yegukanye ikamba ry’ubwiza kuwa 22 mutarama 2024, nyuma y’uko bitavuzweho rumwe, kubera akomoka muri Ukraine. Ibi byatumye aba umunyaburayi wa mbere wabaye Miss muri Japan, ibyo […]

Continue Reading

Rutsiro: Abaturage ntibavuga rumwe n’Ubuyobozi kubyo kwinubira “Ikibuga cya Mukebera”

Bamwe mu batuye akarere ka Rutsiro barinubira ko ikibuga cya Sitade Mukebera yabaye intabire, bakavuga ko Ubuyobozi butarebye kure bujya kuyubaka mu Gishanga, ibyo batavugaho rumwe n’Ubuyobozi bw’akarere.     Ubwo Rwandanews24 yaganiraga na bamwe mu bakinnyi ba Rutsiro FC mu cyumweru dusoje bavuze ko iki kibuga kibagoye.     Umwe muri bo yagize ati […]

Continue Reading

Ibirangirire mu magare y’u Rwanda bitagikina biri hehe?

Mu gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange bari kwitegura irushanwa rya Tour du Rwanda 2024 ribura ibyumweru bibiri ngo itangire kuva tariki ya 18 kugeza ku ya 25 Gashyantare, Rwandanews24 twabakusanyirije amwe mu makuru y’ibanze y’aho bamwe mu banyarwanda banditse amateka muri iri rushanwa baherereye n’impamvu nyamukuru ikomeza kunugwanugwa ku mpamvu hafi ya bose […]

Continue Reading

Itangwa ry’ibihembo bya Grammy Awards byaherekeshejwe imijugujgu.

Mu ijoro ryo kuwa kane gashyantare 2024 nibwo hatanzwe ibihembo bitegurwa na Recording Academy bizwi nka Grammy Awards bitangirwa Crypto Arena muri Los Angeles bisanzwe bitavugwaho rumwe mukubitanga ariko kuri ubu noneho byafashe indi ntera kuko bamwe mu bahanzi banafite amazina akomeye ku Isi batariye indimi barimo abaraperi  bakomeye nka Jay z, Drake, Meek Mill […]

Continue Reading

Abasirikare b’u Burundi bafashwe na M23 ku rugamba yaberekanye

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 03 mutarama 2024, Umutwe w’inyeshyamba wa M23, weretse itangazamakuru abasirikare b’u Burundi wafatiwe ku rugamba, utangaza ko wabikoze mu rwego rwo gutabara ubuzima bwabo.   Aba barimo Adjudant chef Ndikumasabo Therence wo muri Brigade ya 410 muri Division ya 4, Undi ni Adjudant chef Nkurunziza wakoraga muri Etat Major ya […]

Continue Reading

Ibyo Mivumbi yaboneye muri Gereza ya Mpanga byamuteye ubwoba

Mivumbi, Umwe mu banyarwanda bafungiwe muri Gereza ya Mpanga yavuze ko ubutinganyi yabomye bwiganje mu bakuze baba basambanya abana bakiri bato b’abahungu, byamuteye ubwoba bwo kumva ko ahazaza h’u Rwanda hashobora kuzaba nta Rubyiruko ruzima hafite.   Mu kiganiro Mivumbi Umudu, yahaye umuyoboro wa Youtube wa Ukwezi TV, tariki 26 Mutarama 2024 yavuze ko n’ubwo […]

Continue Reading