Rubavu: Icyapa cyo kwa Rujende cyaba kigiye kugaragaza intege nke z’Inama njyanama?

Mu mpera z’Ugushyingo, Inama njyanama y’akarere ka Rubavu yarateranye isuzuma, ndetse itorera umwanzuro nta kuka wo gushyiraho aho imodoka zihagarara mu mujyi rwa gati, aho bavugaga ko bitarenze iminsi 15, iki kibazo cyagombaga kuba cyakemutse ariko iyi minsi ishize ntan’akanunu kuri uyu mwanzuro.   Ibi babigarutseho nyuma y’igihe abatuye n’abagana mu karere ka Rubavu, bijujutira […]

Continue Reading

Kayitesi watorewe kuyobora Rutsiro, azahabwa Imodoka ariko ntazatindaho – Umunyamakuru Ngoboka

Umunyamakuru wigenga Ngoboka Sylvain mu kiganiro cyihariye yahaye Umuyoboro wa Youtube wa KOFFITO TV yatangaje ko Kayitesi Dative, watorewe kuyobora akarere ka Rutsiro azahabwa Imodoka yo gutemberamo ariko atazatinda ku buyobozi.   Ibi yabigarutseho kuri uyu wa gatanu, ubwo yari mu karere ka Rubavu mu bushakashatsi ku bayobozi bashya batowe mu matora mu kuzuza inzego […]

Continue Reading

Twafatiranye Zahabu y’akarere abaturage batarayangiza – Niragire Theophile

Mu kiganiro cyihariye, Umuyobozi w’akarere ka Karongi w’agateganyo Niragire Theophile yahaye Rwandanews24, yavuze ko bajya gutekereza ku mushinga wo gutunganya icyanya cyahariwe ama Hotel n’Ubukerarugendo basaga nk’abahafatiranye iki cyanya abaturage batarahatura ku bwinshi ngo kuhabimura bizabatwarw imbaraga n’Ubushobozi.   Akarere ka Karongi gafite umwihariko nka kamwe mu dukurura ba mukerarugendo batugana kubera ibyiza nyaburanga bigatatse. […]

Continue Reading

Rutsiro: Yavuye mu murenge atuyemo ajya kwiba amabuye y’agaciro ikinombe kiramugwira

Umuturage wo mu karere ka Akarere ka Rutsiro, yavuye mu murenge asanzwe atuyemo ajya kwiba amabuye y’agaciro igisimu kiramugwira akurwamo yapfuye.   Ibi byabereye mu murenge wa Rusebeya, Akagari ka Remera, Umudugudu wa Kabarirwa ku gicamunsi cyokuri uyu 02 Ukuboza 2023.   Amakuru Rwandanews24 yamenye ni uko umugabo witwa  Bahigirubusa Thomas, uvuka mu murenge wa […]

Continue Reading

Dr Jimmy Gasore yagizwe Minisitiri w’Ibikorwaremezo

Mu itangazo ryaturutse mu biro bya minisitiri w’intebe kuri uyu wa 12 Nzeri 2023, Dr Gasore Jimmy yagizwe minisitiri w’ibikorwaremezo asimbuye Dr Erinest Nsabimana wari waragiye mu mwanya wo kuyobora iyi minisiteri muri Mutarama 2022. Kuri uyu wa 12 Nzeri 2023 nibwo Erinest Nsabimana yari yahagarariye amasezerano yo kuzubaka mu Rwanda uyuganda rutunganya ingufu za […]

Continue Reading

Biravugwa ko Tity Brown yafungishijwe n’abagabo babiri bakomeye! Akagambane gakomeye mu rubanza rwe

Hari abagabo babiri bakomeye bari kuvugwa mu rubanza rwa Ishimwe Thiery uzwi nka Tity Brown aho umwe ari umushinjacyaha ukomeye undi akaba umu polisi ufite amapeti. Ngo mu rubanza uyu mupolisi aba ahari yambaye imyenda ya gisivile kugira ngo amenye itekinika rikurikira ribambisha Titi Brown ndetse umucamanza we akagira uruhare mu gutinza urubanza rwa Titi […]

Continue Reading

Bamporiki Edouard ari mu bagororwa batinyitse I Mageragere

Kuva muri Mutarama 2023, Bamporiki Edouard wakatiwe n’urukiko igifungo cy’imyaka 5, afungiye mu igororero rya Nyarugenge riherereye mu murenge wa Nyarugenge. Bamporiki wahamwe n’icyaha gifitanye isano na ruswa no gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite, yabaye umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’urubyiruko n’umuco ndetse aba n’umuyobozi w’Itorero ry’igihugu.   Mutimura Abed wamenyekanye nka […]

Continue Reading

Amashirakinyoma ku kuba Bruce Melodie yarahuriye na The Ben muri studido bikarangira indirimbo idakozwe

Bruce Melodie yavuze ko yubaha The Ben kandi igihe icyo ari cyo cyose akaba yakorana indirimbo na we, asaba abafana be kwirinda abamuhanganisha na bagenzi be no kwirinda ibivugwa bibahanganisha. Hari haherutse kugaragara amashusho ya The Ben na Bruce Melodie bahuriye muri studio, nyuma y’uko The Ben agarutse mu Rwanda avuye gukora igitaramo mu baturanyi […]

Continue Reading

Sirimuka na ‘Tasty Bakery’ izwiho gukora Cakes ziryoshye irabigufashamo

Tasty Bakery , imwe mu makompanyi akora cakes n’ibindi biribwa bikomoka ku ifarini nk’imigati, amandazi na capati biryoshye, kuri ubu ikomeje gahunda yo kurushaho kunoza no gutanga serivizi nziza ku buryo abayigana bayirahira. Bakora cakes z’ubwoko bwose zirimo iz’ubukwe, Anniversaire bridalshower ndetse n’ibindi birori kandi bakagukorera design yose wifuza. Bakorera ku Kimironko urenze gato gare […]

Continue Reading

Abarundi bari guhirikira kuri Fatakumavuta iyibwa rya terefone ya The Ben

Mu rukerera rw’uyu wa 1 Ukwakira 2023 nibwo hamenyekanye amakuru avuga ko terefone ya The Ben ndetse n’iz’abandi bantu batanu zibwe ubwo The Ben yari mu gitaramo cya ‘Meet and Greet’ cy’umusangiro yateguye mbere y’uko akora igitaramo nyirizina n’ubundi uyu munsi. Ni igitaramo cyitabiriwe cyane ndetse abantu barishyura ku buryo amatiki ya VIP na VVIP […]

Continue Reading

Abapasiteri muri ADEPR bararira ayo kwarika kubera ibyo iri torero ryabakoreye

Hashize imyaka irenga ibiri mu itorero rya ADEPR habayemo impinduka mu buryo butunguranye. Icyo gihe abashumba 30 bayoboraga itorero ku Rwego rw’Ubuterere bavanweho hashyirwaho abandi bashya, ndetse abapasiteri 10 barimo batanu bayoboye Ururembo n’ababungirije biyongeraho. Abavanwe ku nshingano zabo icyo gihe banavuga ko hari 5 bari bagize Biro Nkuru y’Itorero ry’Abapantekote mu Rwanda bandi bakuwe […]

Continue Reading