Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi bahuriye i Burayi basabwa guhesha isura nziza igihugu cyabo

Abanyamuryango basaga 700 ba FPR-Inkotanyi baturutse mu bihugu butandukanye byo ku mugabane w’u Burayi bahuriye mu mwiherero wabereye mu mujyi wa Cologne mu gihugu cy’u Budage kuri uyu wa 30 Nzeri 2023. Uyu mwiherero wafunguwe n’umunyamabanga mukuru w’uyu muryango, Wellars Gasamagera wari uhagarariye perezida w’umuryango.   Gasamagera yabibukije ko ari intumwa z’u Rwanda, ababwira ko […]

Continue Reading

Abantu batandatu barimo na Gitifu w’Akarere ka Rulindo batawe muri yombi

Biravugwa ko abakozi b’akarere ka Rulindo barimo na Gitifu w’ako batawe muri yombi bakurikiranweho kunyereza umutungo wa Leta. Kigali Today iravuga ko amakuru yizewe ifite, ari uko mu batawe muri yombi harimo n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Rulindo, Kanyangira Ignace.   Biravugwa ko baba baranyereje amafaranga ataramenyekana umubare, mu ngengo y’imari igenewe kubaka umuhanda umwe muri […]

Continue Reading

Abantu bari kujya kwivuza indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina bari kwiyongera

Umubare w’abivuza indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina muri uyu mwaka wa 2023 wariyongereye ugera kuri 5.3% uvuye kuri 4.2% mu mwaka wa 2022. Ibi byatangajwe n’ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC.   Iyi mibare yakusanyijwe hagendeye ku makuru yakusanyijwe mu mavuriro atandukanye mu gihugu, ariko ngo ntabwo bivuze ko umubare w’abazandura biyongereye ahubwo ni uko abazisanganzwe bari […]

Continue Reading