HomePage

Nate Ament ufite inkomoko mu Rwanda yigaragaje muri ‘NBA Draft 2026’

Umukinnyi ufite inkomoko mu Rwanda, Nate Ament wakiniraga Tennessee Basketball ibarizwa muri Shampiyona ya Kaminuza muri Amerika (NCAA), uvuka ku mubyeyi [mama] w’Umunyarwandakazi, yatoranyijwe na Miami Heat, ariko imutanga muri Milwaukee Bucks muri ‘NBA Draft’ za 2026 zabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu. Uyu mukinnyi ufite imyaka, 19 yaserutse yambaye ikote ririho amagambo […]

Continue Reading

Umusore ukekwaho gusambanya Shaddy Boo yatawe muri yombi.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Iradukunda Aimable uzwi nka Yugi Umukaraza, akurikiranyweho gusambanya ku gahato Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yemeje itabwa muri yombi ry’uyu musore anavuga ko hagikomeje iperereza ku byaha akekwaho. Yugi Umukaraza afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimironko akurikiranyweho […]

Continue Reading

RIB yakiriye ikirego cya Shaddy Boo wavuye gutanga ikizamini nyuma yo “gusambanywa”.

Nyuma y’uko Shaddy Boo atabaje Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), arusaba gukurikirana umusore witwa Iradukunda Aimable, benshi bazi nka Yugi Umukaraza, amushinja kumusambanya ku gahato, uru rwego rwemeje ko rwakiriye iki kirego. Kuri uyu wa 22 Kamena 2026 ni bwo Shaddy Boo yashyize ku mbuga nkoranyambaga ubutumwa butabaza RIB, nyuma ahamya ko yasabwe kujya kwa muganga […]

Continue Reading

Rayon Sports yatangaje umutoza mushya w’abazamu

Kuri uyu wa mbere tariki 22 Kamena 2026, ikipe ya Rayon Sports yatangaje Umufaransa Hugo Tricarico nk’umutoza wayo mukuru mushya w’abazamu uzajya ufatanya na Ndayishimiye Eric “Bakame” warusanzwe muri izo nshingano. Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Rayon Sports yatangaje uyu mutoza igira iti,”Tunejejwe no gutangaza Hugo Tricarico nk’umutoza mushya w’abanyezamu. Tricarico wakuriye muri OGC Nice, yari […]

Continue Reading

Bwa mbere Muri Sudani y’Epfo hagiye kuba amatora ya Perezida

Komisiyo y’Amatora muri Sudani y’Epfo yatangaje ko amatora rusange ya mbere azatorerwamo Perezida  kuva iki gihugu cyashingwa mu 2011 azaba ku wa 22 Ukuboza 2026, nyuma yo gusubikwa inshuro eshanu. Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Abednego Akok Kacuol, yavuze ko nubwo itariki y’amatora yamaze gutangazwa, hari ibibazo bitarakemuka birimo kubura amafaranga ayategura, ibyuho bikiri mu mategeko […]

Continue Reading

Dore ibyiza byo kubaho Utuje kandi Uvuga make.

Wigeze ubona umuntu utajya azamura ijwi rye iyo ari gutongana? Wa muntu haba ikibazo abantu bose bakabura amahwemo, ariko we akaba atuje? Wa muntu utavuga amagambo menshi y’ubusa ahubwo akavuga make y’ingenzi? Uwo muntu aba afite imbaraga nyinshi kurusha uko abantu babitekereza. Abantu benshi bitiranya gutuza no kutita ku bintu. Batekereza ko umuntu uvugira hejuru […]

Continue Reading

Perezida Tshisekedi wa Congo yatumiye Ndayishimiye w’u Burundi ngo baganire

Perezida Évariste Ndayishimiye w’u Burundi ategerejwe i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yatumiwemo na mugenzi we Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, rurangwa n’ibikorwa binyuranye birimo ibiganiro bibera mu muhezo. Uru ruzinduko ruteganyijwe gutangira none ku wa Mbere tariki 22 Kamena 2026 nk’uko byemejwe n’ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri DRC. Itangazo rashyizwe hanze […]

Continue Reading

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yamaze kwegura.

Sir Keir Starmer wari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kuva muri Nyakanga 2024, yeguye nyuma y’iminsi yotswa igitutu n’abarimo abahoze bamushyigikiye. Kuri uyu wa 22 Kamena 2026, Sir Starmer yamenyesheje Abongereza ko yanafashe icyemezo cyo kwegura ku mwanya wa Perezida w’ishyaka ry’Abakozi (Labour). Sir Starmer yasobanuye ko icyemezo cyo kwegura ku myanya yombi kigamije gushyira imbere […]

Continue Reading

Ruhango: Bafatiwe mu isoko bagurisha inka z’inyibano

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yafashe abagabo batatu bakekwaho ubujura bw’inka zirindwi, nyuma yo kuzifatanwa mu Karere ka Ruhango aho bari bazizanye kuzigurisha mu isoko. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Hassan Kamanzi, yatangaje ko ifatwa ry’aba bakekwa ryaturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage mu rwego rwo gukumira no kurwanya ibyaha. […]

Continue Reading

Ku myaka 14 agiye guhabwa impamyabumenyi y’ikirenga.

Mu gihe abana benshi bari mu myaka iri hagati ya 6 na 10 usanga baba bakiri mu mashuri abanza biga gusoma, kwandika no kubara, umwana w’umukobwa umwe ukomoka muri Mexico we ntiyigeze agira umwanya wo kunyura muri ibyo byiciro kubera ubwenge budasanzwe afite. Uyu mwana w’umukobwa yitwa Adhara Pérez Sánchez, wavutse mu 2011, amaze kwamamara […]

Continue Reading