Rutsiro: Uwahoze ari Gitifu afunzwe akekwaho kurigisa amafaranga ya Mutuelle z’abaturage
Uwahoze ari Gitifu w’Akagari ka Ruronde mu murenge wa Rusebeya afunzwe akekwaho kunyereza amafaranga arenga ibihumbi 200 Frw ya Mutuelle de Sante yahawe n’abaturage ntayageze muri konti. Uwiringiyimana Jean de Dieu, amafaranga akekwaho kurigisa, yayahawe n’abaturage akiri mu nshingano zo kuyobora akagari, nyuma aza guhindura imirimo ajya kuba Mwarimu ku ishuri ribanza. Nyuma […]
Continue Reading
