Rutsiro: Uwahoze ari Gitifu afunzwe akekwaho kurigisa amafaranga ya Mutuelle z’abaturage

Uwahoze ari Gitifu w’Akagari ka Ruronde mu murenge wa Rusebeya afunzwe akekwaho kunyereza amafaranga arenga ibihumbi 200 Frw ya Mutuelle de Sante yahawe n’abaturage ntayageze muri konti.   Uwiringiyimana Jean de Dieu, amafaranga akekwaho kurigisa,  yayahawe n’abaturage akiri mu nshingano zo kuyobora akagari, nyuma aza guhindura imirimo ajya kuba Mwarimu ku ishuri ribanza.   Nyuma […]

Continue Reading

Abakorera mu Isoko rishaje rya Gisenyi barataka ibihombo bikabije

Bamwe mu bakorera mu isoko rishaje rya Gisenyi barataha ibihombo bikabije baterwa n’imvura, kubera ko isakaro ryaryo rishaje.   Bamwe mu baganiriye na Rwandanews24 bavuga ko iri soko ari irya kera bakeneye kwimurirwa mu isoko rishya rimaze imyaka 12 ryubakwa.   Rwagasana Silas, Avuga ko amaze imyaka irenga 40 akorera mu isoko rya Gisenyi, ni […]

Continue Reading

Uko Tujyanemo yabaye imbarutso yo kwesa Imihigo i Rusizi

Bamwe mu batuye akarere ka Rusizi basanga gahunda ya Tujyanemo igamije kwishakamo ibisubizo bafatanyije n’Ubuyobozi bw’Akarere yarabafashije kwesa Imihigo, bava ku mwanya wa nyuma bisanga mu myanya 6 ya mbere mu Gihugu.   Kuwa Kabiri tariki 28 Gashyantare 2023 nibwo hasozwaga Inama y’Igihugu y’Umushyikirano, ari nabwo uko Uturere twarushanijwe mu kwesa Imihigo 2021 – 2022 […]

Continue Reading

Hamenyekanye ibyamamare bizitabira ubukwe bwa The Ben na Pamella

Ubukwe bwa The Ben na Pamella buzabera muri Kigali Convention Centre, ku wa 23 Ukuboza 2023, bikaba byitezwe ko buzatahwa n’abantu batandukanye biganjemo ab’ibyamamare. Byakunze kuvugwa ko hari abahanzi benshi b’amazina akomeye bazabwitabira ariko kugeza uyu munsi amakuru y’ibanze ahari akomoza ku mazina ya bamwe mu bamaze gupakira ibikapu bitegura urugendo rugana i Kigali. Mu […]

Continue Reading

Ingamba dufata ni uguha agaciro ubuzima, Dukumire icuruzwa ry’abantu – Nzabonimpa Deogratias

Umuyobozi w’akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Nzabonimpa Deogratias avuga ko bitewe n’aho akarere ka Rubavu gaherereye, icuruzwa ry’abantu rishobora kuba kimwe mu bigize ibyaha byambukiranya umupaka. Akaba asanga ingamba zifatwa mu guhangana n’icuruzwa ry’abantu ari uguha agaciro ubuzima.   Ibi yabigarutseho  mu bukangurambaga bwo kurwanya icyaha cy’icuruzwa ry’abantu mu murenge wa Gisenyi uhana […]

Continue Reading

Victoire Ingabire yanyomoje abavuga ko urugo rwe rwagoswe n’Abapolisi

Hashize iminsi ku mbugankoranyambaga hari abatabariza Ingabire Victoire bavuga ko urugo rwe rwagoswe n’abapolisi kubera ibitekerezo bye bitavuga rumwe na leta. Gusa mu kiganiro yagiranye n’Ijwi ry’Amerika, yavuze ko kugeza ubu atekanye kandi ko ntabapolisi bagose urugo rwe. Umunyamakuru wa Ijwi rya Amerika, yatangiye abaza madame Ingabire Victoire niba amakuru ari kuvugwa ko urugo rwe […]

Continue Reading

Murekatete wigeze kuyobora Rutsiro yeruye ko Dosiye ya Rwamucyo yari ibarenze

Murekatete Triphose wahoze ayobora akarere ka Rutsiro, utaherukaga kuvugwa mu itangazamakuru kuva Inama njyanama y’akarere yaboraga yaseswa na Perezida wa Repubulika, yavuze byinshi mu nzira y’umusaraba yanyuzemo ariko yageze kuri Dosiye ya Rwamucyo n’imicanga arababwa avuga ko yari irenze ubushobozi bw’akarere.   Murekatete Triphose aherutse kugaragara mu itangazamakuru ameze nkugambiriye kuvuguruza amwe mu makuru yamuvuzweho, […]

Continue Reading

Rutsiro: Perezida w’abacuruzi arashinjwa gusahura ibicuruzwa bya Kampani y’Umugore batandukanye

Perezida wa Santere y’Ubucuruzi ya Gakeri, Twagirayezu Anastase arashinjwa n’abanyamuryango ba Kampani Amahoro M&F Ltd, gusahura ibicuruzwa byabo abyitirira Hakuzwemariya Bibiyana batandukanyijwe n’Urukiko.   Mu gahinda kenshi Hakuzwemariya n’abo bahuriye kuri iyi Kampani bavuga ko bakeneye ubutabera, nyuma y’Uko Twagirayezu kuri uyu wa kane, tariki 14 Ukuboza 2023 azanye Umuhesha w’inkiko w’umwuga agafatira umutungo wari […]

Continue Reading

Rubavu: Abashoferi ba Twegerane babyukiye mu gisa n’imyigaragambyo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri mu abakora umurimo wo gutwara abagenzi mu modoka zizwi nka Twegerane mu karere ka Rubavu babyukiye mu gisa n’imyigaragambyo. Kubera ikibazo cy’amafaranga ibihumbi 2,900 Frw bishyuzwa bya buri munsi.   Aba bashoferi abaganiriye n’itangazamakuru bashyiraga mu majwi abakozi ba Jali ari nayo igenzura imikorere ya za Gare ziri […]

Continue Reading

Rubavu: Icyapa cyo kwa Rujende cyaba kigiye kugaragaza intege nke z’Inama njyanama?

Mu mpera z’Ugushyingo, Inama njyanama y’akarere ka Rubavu yarateranye isuzuma, ndetse itorera umwanzuro nta kuka wo gushyiraho aho imodoka zihagarara mu mujyi rwa gati, aho bavugaga ko bitarenze iminsi 15, iki kibazo cyagombaga kuba cyakemutse ariko iyi minsi ishize ntan’akanunu kuri uyu mwanzuro.   Ibi babigarutseho nyuma y’igihe abatuye n’abagana mu karere ka Rubavu, bijujutira […]

Continue Reading

Rutsiro: Yavuye mu murenge atuyemo ajya kwiba amabuye y’agaciro ikinombe kiramugwira

Umuturage wo mu karere ka Akarere ka Rutsiro, yavuye mu murenge asanzwe atuyemo ajya kwiba amabuye y’agaciro igisimu kiramugwira akurwamo yapfuye.   Ibi byabereye mu murenge wa Rusebeya, Akagari ka Remera, Umudugudu wa Kabarirwa ku gicamunsi cyokuri uyu 02 Ukuboza 2023.   Amakuru Rwandanews24 yamenye ni uko umugabo witwa  Bahigirubusa Thomas, uvuka mu murenge wa […]

Continue Reading