Biravugwa ko Tity Brown yafungishijwe n’abagabo babiri bakomeye! Akagambane gakomeye mu rubanza rwe

Hari abagabo babiri bakomeye bari kuvugwa mu rubanza rwa Ishimwe Thiery uzwi nka Tity Brown aho umwe ari umushinjacyaha ukomeye undi akaba umu polisi ufite amapeti. Ngo mu rubanza uyu mupolisi aba ahari yambaye imyenda ya gisivile kugira ngo amenye itekinika rikurikira ribambisha Titi Brown ndetse umucamanza we akagira uruhare mu gutinza urubanza rwa Titi […]

Continue Reading

Amashirakinyoma ku kuba Bruce Melodie yarahuriye na The Ben muri studido bikarangira indirimbo idakozwe

Bruce Melodie yavuze ko yubaha The Ben kandi igihe icyo ari cyo cyose akaba yakorana indirimbo na we, asaba abafana be kwirinda abamuhanganisha na bagenzi be no kwirinda ibivugwa bibahanganisha. Hari haherutse kugaragara amashusho ya The Ben na Bruce Melodie bahuriye muri studio, nyuma y’uko The Ben agarutse mu Rwanda avuye gukora igitaramo mu baturanyi […]

Continue Reading

Sirimuka na ‘Tasty Bakery’ izwiho gukora Cakes ziryoshye irabigufashamo

Tasty Bakery , imwe mu makompanyi akora cakes n’ibindi biribwa bikomoka ku ifarini nk’imigati, amandazi na capati biryoshye, kuri ubu ikomeje gahunda yo kurushaho kunoza no gutanga serivizi nziza ku buryo abayigana bayirahira. Bakora cakes z’ubwoko bwose zirimo iz’ubukwe, Anniversaire bridalshower ndetse n’ibindi birori kandi bakagukorera design yose wifuza. Bakorera ku Kimironko urenze gato gare […]

Continue Reading

Abarundi bari guhirikira kuri Fatakumavuta iyibwa rya terefone ya The Ben

Mu rukerera rw’uyu wa 1 Ukwakira 2023 nibwo hamenyekanye amakuru avuga ko terefone ya The Ben ndetse n’iz’abandi bantu batanu zibwe ubwo The Ben yari mu gitaramo cya ‘Meet and Greet’ cy’umusangiro yateguye mbere y’uko akora igitaramo nyirizina n’ubundi uyu munsi. Ni igitaramo cyitabiriwe cyane ndetse abantu barishyura ku buryo amatiki ya VIP na VVIP […]

Continue Reading