Rutsiro: Perezida w’abacuruzi arashinjwa gusahura ibicuruzwa bya Kampani y’Umugore batandukanye

Perezida wa Santere y’Ubucuruzi ya Gakeri, Twagirayezu Anastase arashinjwa n’abanyamuryango ba Kampani Amahoro M&F Ltd, gusahura ibicuruzwa byabo abyitirira Hakuzwemariya Bibiyana batandukanyijwe n’Urukiko.   Mu gahinda kenshi Hakuzwemariya n’abo bahuriye kuri iyi Kampani bavuga ko bakeneye ubutabera, nyuma y’Uko Twagirayezu kuri uyu wa kane, tariki 14 Ukuboza 2023 azanye Umuhesha w’inkiko w’umwuga agafatira umutungo wari […]

Continue Reading

Rubavu: Abashoferi ba Twegerane babyukiye mu gisa n’imyigaragambyo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri mu abakora umurimo wo gutwara abagenzi mu modoka zizwi nka Twegerane mu karere ka Rubavu babyukiye mu gisa n’imyigaragambyo. Kubera ikibazo cy’amafaranga ibihumbi 2,900 Frw bishyuzwa bya buri munsi.   Aba bashoferi abaganiriye n’itangazamakuru bashyiraga mu majwi abakozi ba Jali ari nayo igenzura imikorere ya za Gare ziri […]

Continue Reading

Rubavu: Icyapa cyo kwa Rujende cyaba kigiye kugaragaza intege nke z’Inama njyanama?

Mu mpera z’Ugushyingo, Inama njyanama y’akarere ka Rubavu yarateranye isuzuma, ndetse itorera umwanzuro nta kuka wo gushyiraho aho imodoka zihagarara mu mujyi rwa gati, aho bavugaga ko bitarenze iminsi 15, iki kibazo cyagombaga kuba cyakemutse ariko iyi minsi ishize ntan’akanunu kuri uyu mwanzuro.   Ibi babigarutseho nyuma y’igihe abatuye n’abagana mu karere ka Rubavu, bijujutira […]

Continue Reading

Rutsiro: Yavuye mu murenge atuyemo ajya kwiba amabuye y’agaciro ikinombe kiramugwira

Umuturage wo mu karere ka Akarere ka Rutsiro, yavuye mu murenge asanzwe atuyemo ajya kwiba amabuye y’agaciro igisimu kiramugwira akurwamo yapfuye.   Ibi byabereye mu murenge wa Rusebeya, Akagari ka Remera, Umudugudu wa Kabarirwa ku gicamunsi cyokuri uyu 02 Ukuboza 2023.   Amakuru Rwandanews24 yamenye ni uko umugabo witwa  Bahigirubusa Thomas, uvuka mu murenge wa […]

Continue Reading

Biravugwa ko Tity Brown yafungishijwe n’abagabo babiri bakomeye! Akagambane gakomeye mu rubanza rwe

Hari abagabo babiri bakomeye bari kuvugwa mu rubanza rwa Ishimwe Thiery uzwi nka Tity Brown aho umwe ari umushinjacyaha ukomeye undi akaba umu polisi ufite amapeti. Ngo mu rubanza uyu mupolisi aba ahari yambaye imyenda ya gisivile kugira ngo amenye itekinika rikurikira ribambisha Titi Brown ndetse umucamanza we akagira uruhare mu gutinza urubanza rwa Titi […]

Continue Reading

Amashirakinyoma ku kuba Bruce Melodie yarahuriye na The Ben muri studido bikarangira indirimbo idakozwe

Bruce Melodie yavuze ko yubaha The Ben kandi igihe icyo ari cyo cyose akaba yakorana indirimbo na we, asaba abafana be kwirinda abamuhanganisha na bagenzi be no kwirinda ibivugwa bibahanganisha. Hari haherutse kugaragara amashusho ya The Ben na Bruce Melodie bahuriye muri studio, nyuma y’uko The Ben agarutse mu Rwanda avuye gukora igitaramo mu baturanyi […]

Continue Reading

Sirimuka na ‘Tasty Bakery’ izwiho gukora Cakes ziryoshye irabigufashamo

Tasty Bakery , imwe mu makompanyi akora cakes n’ibindi biribwa bikomoka ku ifarini nk’imigati, amandazi na capati biryoshye, kuri ubu ikomeje gahunda yo kurushaho kunoza no gutanga serivizi nziza ku buryo abayigana bayirahira. Bakora cakes z’ubwoko bwose zirimo iz’ubukwe, Anniversaire bridalshower ndetse n’ibindi birori kandi bakagukorera design yose wifuza. Bakorera ku Kimironko urenze gato gare […]

Continue Reading

Abarundi bari guhirikira kuri Fatakumavuta iyibwa rya terefone ya The Ben

Mu rukerera rw’uyu wa 1 Ukwakira 2023 nibwo hamenyekanye amakuru avuga ko terefone ya The Ben ndetse n’iz’abandi bantu batanu zibwe ubwo The Ben yari mu gitaramo cya ‘Meet and Greet’ cy’umusangiro yateguye mbere y’uko akora igitaramo nyirizina n’ubundi uyu munsi. Ni igitaramo cyitabiriwe cyane ndetse abantu barishyura ku buryo amatiki ya VIP na VVIP […]

Continue Reading