Rubavu: Mukeshimana mu marira menshi nyuma y’uko umwana we yishwe arashwe, Harakekwa FARDC

Mukeshimanamana Jean Bosco, wo mu karere ka Rubavu avuga ko ari mu gahinda kenshi nyuma y’Uko umwana we witwa Icyimanishaka Sifa w’imyaka 22, wari uvuye gucuruza High (Tungurusumu) yishwe n’abo yita ko ari Ingabo za FARDC.   Uyu mubyeyi avuga ko ibi byabaye kuri uyu wa kabiri, tariki 23 Mutarama 2024, mu kagari ka Ryabizige […]

Continue Reading

Twitege iki mu nama y’Umushyikirano ya 19?

Guverunoma y’u Rwanda kuwa 13 Mutarama 2024 yatangaje ko inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 19, izaba kuva tariki 23-24 Mutarama 2024.   Guverinoma yabitangaje binyuze mu itangazo , aho iyi nama izatangira ku munsi w’ejo biteganyijwe ko izasuzumirwamo aho Igihugu kigeze mu nzego zitandukanye n’Imibereho y’Abanyarwanda muri rusange.   Itangazo ryagiraga riti “Uyu mwaka […]

Continue Reading

King James yasinyishije Manick Yani.

Mu minsi mike ishize nibwo umuhanzi muto uri mubatanga ikizere yashyize hanze agace gato k’indirimbo ye yise Akayobe, yakirwa neza n’abantu benshi gusa ntayari aziko igiye kumuhindurira ubuzima kuko na King James ariho yayumviye akanifuza kumufasha mu gihe cy’imyaka itanu.       Amazina ye nyakuri ni Manigabe Delphin ariko mu muziki akoresha Manick Yani […]

Continue Reading

Impamvu hakozwe impinduka mu bayobozi b’Imirenge igize Akarere ka Rutsiro yamenyekanye

Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro  buvuga ko impamvu hakozwe impinduka mh buyobozi bw’Imirenge, babitewe no kugira ngo bazanzahure imirenge yasanga nk’aho yasigaye inyuma mu mihigo.   N’Impinduka zatangiye kunugwanugwa mu mpera z’iki cyumweru turi kugana ku musozo, bamwe mu bayobozi b’Imirenge bahita bakora ihererekanyabubasha, abandi bikaba biteganyijwe ko bazarikora kuri uyu wa mbere.   Uko Impinduka […]

Continue Reading

Bruce Melody azataramira abazitabira Rwanda Day.

Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie niwe byamaze kwemezwa ko azataramira abazitabira Rwanda Day izaba tariki ya 02 kugeza kuri 03 gashyantare 2024  mu mujyi wa Washington.           Abinyujije k’urubuga rwa Rwanda Day nibwo yemeje ko azataramira Abanyarwamda n’inshuti zarwo ko kuri 02 kugeza kuri 03 gashyantare 2024 atumiye Abanya Rwanda […]

Continue Reading

Davido yongeye guca agahigo.

Murwego rwo gukomeza kumenyekanisha album ye yise ‘Timeless’ kuri ubu igitaramo azakorera ahitwa  02 arena London kuwa 28 mutarama uyu mwaka amatike yacyo yamaze gushira.       Umuhanzi David Adedeji Adeleke wamenyekanye nka Davido mu muziki wa Nigeria nahandi ku isi, hari kuya 31 werurwe 2023 ubwo uyu muhanzi yasohoraga album ye yise ‘Timeless’ […]

Continue Reading

Kikac yategetse Niyo Bosco gusiba amashusho ye n’umukunzi we.

Imbugankoranyambaga cyane cyane instagram kubakurikirana imyidagaduro babonye amashusho y’umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we barimo barasangira gusa  bidatinze amashusho ya Niyo Bosco yahise ayasiba kurukuta rwe yari yabitangarijeho.       Hari k’umunsi wejo tariki ya 16 mutarama 2023 ubwo umuhanzi Niyo Bosco yashyiraga hanze amashusho ari kumwe n’inkumi yihebeye yitwa Keza Nabrizza bagaragara baryohewe n’ubuzima […]

Continue Reading

Umuhanzi Niyo Bosco yategetswe gusiba amashusho y’umukobwa yihebeye

Niyo Bosco mu minsi ishize yasohoye indirimbo ye nshya ‘Eminado’ ikaba iya mbere yashyize hanze kuva yakwinjira muri KIKAC Music, none Imwe mu nkuru y’imyidagaduro igezweho muri iyi minsi ni iy’uyu muhazi Niyo Bosco waciye amarenga ko yaba asigaye afite inkumi yitwa Keza Nabrizza yihebeye mu buryo bw’urukundo. Ni amakuru yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga mu […]

Continue Reading

Abantu batanu batuma abakene biyongera ku Isi

Umuryango Oxfam watangaje ko kuva mu 2020, amafaranga y’abaherwe batanu bakize ku Isi wiyongereye hafi yo kwikuba kabiri, mu gihe abakene bakabakaba miliyari eshanu bakennye kurushaho. Raporo y’uyu muryango yasohotse ku wa 15 Mutarama 2024, igaragaza ko utewe impungenge n’uko ubukene bwiyongera, usobanura ko bukomeje kuri uyu muvuduko, n’iyo byatwara imyaka 229 kuburandura bitashoboka. Umuyobozi […]

Continue Reading

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bukomeje gushinjwa guhuzagurika bwiseguye ku baturage

Nyuma y’uko bamwe mu bakoze ibizamini by’akazi mu karere ka Karongi, bamwe bashyizwe mu myanya abandi bikarangira bategereje amaso agaheba, bajya kubona bakabona akarere kongeye kubaha ubutumwa ko icyo kizamini kizongera gukorwa bakavuga ko byabatunguye, Akarere kabyutse kabiseguraho.   Ubutumwa akarere ka Karongi kashyize ku rubuga rwa X, mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, […]

Continue Reading