Rutsiro: Abaturage ntibavuga rumwe n’Ubuyobozi kubyo kwinubira “Ikibuga cya Mukebera”
Bamwe mu batuye akarere ka Rutsiro barinubira ko ikibuga cya Sitade Mukebera yabaye intabire, bakavuga ko Ubuyobozi butarebye kure bujya kuyubaka mu Gishanga, ibyo batavugaho rumwe n’Ubuyobozi bw’akarere. Ubwo Rwandanews24 yaganiraga na bamwe mu bakinnyi ba Rutsiro FC mu cyumweru dusoje bavuze ko iki kibuga kibagoye. Umwe muri bo yagize ati […]
Continue Reading
