“Nange narimfite gahunda yo kumuhagarika,” Karasira avuga ku munyamategeko we wikuye mu rubanza rwe
Umunyamateko Me Gatera Gashabana yivanye mu rubanza yunganiragamo Uzaramba Karasira Aimable uri gukurikiranwa n’Urukiko Rukuru Urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye i Nyanza. Uyu munsi, mbere y’uko urubanza rutangira Gatera Gashabana, wari uri mu rukiko, yandikiye urukiko ibaruwa ko yivanye muri uru rubanza yari yaratangiranye narwo. Amaze kwandika iyo baruwa no kuyishyira muri ‘system’ […]
Continue Reading
