Impunzi z’Abakongomani ziba mu gihugu cy’u Burundi, zategetswe kugabanya amasengesho no kudakora ingendo.

Ni ibikubiye mu byegeranyo by’i Nama yahuje impunzi z’Abanyekongo n’inzego zishinzwe umutekano muri icyo gihugu.   Urebye ku cyegeranyo iy’i Nama yabaye k’u itariki ya 28/02/2024, ikaba yarahuje aba chefs bayoboye ama Quartier, abapasitoli, abakozi bashinzwe impunzi muri HCR, ikaba yari iyobowe n’ubuyobozi bukora mu kurinda umutekano w’igihugu cy’u Burundi.   Muri iyo Nama ibyari […]

Continue Reading

Impuzi z’abanyecongo zimaze imyaka 27 mu Rwanda ziramagana Jenocide ikorerwa Abatutsi, Abahema n’Abanyamulenge

Impunzi z’Abanyecongo mu Rwanda muri iki cyumweru turimo zatangiye imyigaragambyo zamagana jenoside zivuga ko irimo gukorerwa Abatutsi, Abahema n’Abanyamulenge mu burasirazuba bwa DR Congo zisaba kandi amahanga kubafasha gusubira mu gihugu cyabo. Louise Musabyimana w’imyaka 28, yabwiye itangazamakuru ko yageze mu nkambi ya Kiziba afite umwaka umwe, ubu ni umubyeyi w’abana. Muri iyi nkambi abamo […]

Continue Reading
Bimwe mubisasu impande zirwana muri DRC

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi utewe Ubwoba n’ibisasu bihanura indege na Drone zigezweho bya M23

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi  watangaje ko utewe ubwoba n’ikoreshwa ry’intwaro zigezweho z’intambara zifite ubushobozi bwo guhanura indege (ground to air missiles) na misile, mu ntambara uyu muryango w’Ibihugu ubona ko igenda irushaho kumera nabi. Mu itangazo ryo kuwa mbere, EU ivuga ko imirwano ikaze irimo gutera kwiyongera kw’ibibazo by’ubuhunzi, kugirirwa nabi, ubugizi bwa nabi bishingiye ku […]

Continue Reading

Abatiyumvamo Perezida Paul Kagame, wiswe intwari y’Afrika, bahawe ubutumwa

  U Rwanda rwageneye ubutumwa abanyekongo n’abandi bose  batiyumvamo Perezida w’igihugu cyabo Paul Kagame.   Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, abinyujije k’urubuga rwa X, avuga ku nkuru iheruka gutangazwa n’i Kinyamakuru cya African Stream.   Nk’uko iy’inkuru ibivuga nuko “mu butumwa buherekeje inkuru y’amashusho y’iki Kinyamakuru, ibaza abantu impamvu Perezida w’u Rwanda, Paul […]

Continue Reading

Rutsiro: Abarenga 1551 bamazaze imyaka 12 bishyuza Kiliziya Gaturika amaso yaheze mu kirere

Paruwasi ya Biruyi ibarizwa muri Kiliziya gaturika yashyizwe mu majwi n’abaturage 1551 bahoze ari abanyamuryango ba Koperative yo kubitsa no kugurizanya Coopec-Dukire yashyizwe mu bihombo kubera imicungire mibi y’umutungo, abari barabikijemo ayabo imyaka ibaye 12 barihanaguye, kuko babuze uwabarengera.     Amakuru agera kuri Rwandanews24 avuga ko Ibihombo bya Coopec Dukire byatumye ihita ifunga imiryango, […]

Continue Reading

Rutsiro: Harerimana yishwe n’Umwicanyi utaramenyekana, Umugore we arakomeretswa

Urugo rwa Harerimana Vianney wo mu karere ka Rutsiro rwatewe n’umwicanyi utaramenyekana aramwica ndetse akomeretsa umugore we.     Ibi byabaye mu rukerera rwa tariki 25 Gashyantare 2024, mu murenge wa Gihango ho mu kagari ka Ruhingo, ku isaha ya saa saba z’ijoro.     Kayitesi Dative, Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro yahamije aya makuru.   […]

Continue Reading

Rubavu: Ubuyobozi ntibuvuga rumwe n’Abaturage ku mpamvu zateye uwahoze ari Sedo kwiyahura

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kanama bwahakanye amakuru avuga ko Nzitatira Naphtal wahoze ari Sedo w’akagari yaba yiyahuye anyweye Tiyoda kubera ko yafatiye undi mugabo mu buriri bwe.       Ibi byabereye mu karere ka Rubavu, Umurenge wa Kanama ho mu kagari ka Musabike muri iki cyumweru turi kugana ku musozo.     Nzitatira wahoze ari […]

Continue Reading

Rubavu: Urujijo kuri TVET imaze imyaka 11 yubakwa ikaba itaruzura

Hari abaturage bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko batiyumvisha impamvu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro (Rambo TVET) mu murenge wa Nyamyumba rimaze imyaka 11 ryubakwa ariko rikaba ritaruzura.     Ubwo imirimo y’ubwubatsi yatangiraga, Uruganda rwa Bralirwa nirwo rwemeye gutanga ingengo y’imari yagombaga kuzakoreshwa nk’umufatanyabikorwa w’Akarere, abaturage nabo batanga ubutaka rizubakwaho dore ko ryari ryitezweho guhindura […]

Continue Reading

Rutsiro: Umukozi wa REG yishwe n’umuriro w’amashanyarazi

Umukozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu REG ishami rya Rutsiro, yapfuye yishwe n’amashanyarazi.     Amakuru agera kuri Rwandanews24 avuga ko Uwiringiyimana Japhet, wari umukozi wa REG yapfuye yishwe n’amashanyarazi, kuri uyu wa kabiri, tariki 20 Gashyantare 2024.     Ibi byabereye mu murenge wa Musasa, mu masaha ashyira saa 15:00′ ubwo uyu mukozi yari mukazi […]

Continue Reading

Nyuma y’Ijambo rya Perezida Kagame mu 2019, hatangijwe ishuri ryigisha Ikidage mu Rwanda

Bamwe mu banyarwanda baba mu Gihugu cy’Ubudage bavuga ko bakataje mu gushyira mu bikorwa ibyo bemereye Perezida Kagame, ubwo bari bahuriye muri Rwandaday yabereye i Bonn.     Kuwa gatandatu tariki 05 Ukwakira 2019 nibwo Abanyarwanda baba mu Rwanda, ababa mu mahanga n’inshuti z’u Rwanda bose hamwe barenga ibihumbi bitanu,  bateraniye i Bonn, ubwo yabaga […]

Continue Reading