Perezida Kagame aragirana ikiganiro na RBA
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 17 Kamena 2024 saa munani z’amanywa (2:00 PM), Ikigo cy’Iguhugu cy’Itangazamakuru RBA, cyararitse abanyarwanda muri rusange ikiganiro cyihariye bagirana na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame. Ni ikiganiro kinyura ku bitangazamakuru binyuranye by’iki kigo birimo n’ibyo ku mbugankoranyambaga Ni ikiganiro kiza kwibanda ku ngingo zinyuranye zirimo n’ibyagezweho mu myaka 30 ishize […]
Continue Reading
