Basketball: U Rwanda rwatsindiye Argentina imbere ya Perezida Kagame

Imbere ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, ikipe y’Igihugu y’Abagore muri Basketball yabonye itike yo gukina 1/2 cy’amajonjora y’ibanze yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cy’Abagore cya 2026 nyuma gutsinda Argentina amanota 61-36 mu mukino wa kabiri wo mu itsinda D. Uyu mukino wabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 […]

Continue Reading

Ibihangage mu mukino w’iIteramakofe Mayweather na Pacquiao bashobora guhurira mu mukino i Kigali

Floyd Mayweather, umwe mu bakinnyi bakomeye bahoze bakina umukino w’iteramakofe na Manny Pacquiao bashobora guhurira mu Rwanda mu Ugushyingo uyu mwaka. Ni amakuru yatangajwe n’Umunyamakuru wo muri Uganda, Andrew Mwenda, mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru ‘The Long Form Rwanda’ gikorera kuri murandasi. Muri iki kiganiro Mwenda yatanze urugero, avuga ko mbere y’uko mu cyumweru gishize akorera […]

Continue Reading

Rayon Day 2024: Mu dushya twinshi Haruna yakirewe nk’umwami

Rayon Sports yateguye ibirori byizihizwamo umunsi w’Igikundiro, aho yerekanye abakinnyi bayo bazakina umwaka w’imikino wa 2024-25. Abahanzi bakunzwe nka Bushali na Platini basusurukije abitabiriye ibi birori byabereye kuri Kigali Pelé Stadium. Ibirori byatangiye n’urugendo rwari ruyobowe na perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele, rutangirira ku Ishuri ry’Intwali i Nyamirambo rugana kuri Kigali Pelé Stadium. […]

Continue Reading

Robertinho yatsinze umukino we wa mbere muri Rayon Sports

Rayon Sports yatsinze Muhazi United igitego kimwe ku busa mu mukino wa mbere w’umutoza Robertinho. Uyu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade ya Kigali, wabaye uwa nyuma Rayon Sports yakinnye mbere yo guhura na Azam FC kuri Rayon Day. Wari umukino wihariye kuko ari wo wa mbere Robertinho ayoboye Rayon Sports nyuma yo kugaruka muri […]

Continue Reading

Menya byinshi ku Irushanwa ‘Ironman 70.3’ rigiye kongera kubera mu Rwanda mu Karere ka Rubavu

U Rwanda rugiye kwakira ku nshuro ya gatatu irushanwa rizwi nka IRONMAN 70.3, rikinwamo umukino wa Triathlon ubumbatiye gusiganwa ku magare, ku maguru no koga. Iri rushanwa ryatangiye gukinwa mu 2001, rikaba ryarashyizwe mu maboko y’Ishyirahamwe ry’imikino ya Triathlon ku Isi (World Triathlon Corporation-WTC) mu 2005. Amateka n’Ibisobanuro bya Ironman 70.3 Iri rushanwa ryitwaga Half […]

Continue Reading

Rayon Sports yatsinze Musanze FC mu mukino wa gicuti

Rayon Sports yatsinze Musanze FC ibitego 3-1 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Ubworoherane, kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 27 Nyakanga 2024. Uyu mukino wari ubanziriza ‘Umunsi w’Igikundiro’, witabiriwe n’imbaga y’abafana benshi ku mpande zombi ndetse n’abafana b’andi makipe. Stade Ubworoherane yari yuzuye impande zose, uretse mu myanya y’icyubahiro harimo icyuho. Rayon Sports […]

Continue Reading

Live: RAYON SPORTS vs AMAGAJU

https://www.youtube.com/watch?v=yWNhP4mbG2k UMUKINO WARANGIYE Rayon Sports yatsinze Amagaju FC ibitego 3-1, ibona intsinzi ya mbere mu mikino ibiri ya gicuti imaze gukina yitegura umwaka w’imikino mushya wa 2024/25. Ayabonga Lebitsa utoza Rayon Sports yitabaje: Ndikuriyo Patient, Omborenga Fitina (c), Gning Omar, Nshimiyimana Emmanuel, Bugingo Hakim, Kanamugire Roger, Ishimwe Fiston, Rukundo Abdoul Rahman, Iraguha Hadji, Ndayishimiye Richard […]

Continue Reading

LIVE – APR FC vs Al-Hilal CECAFA Kagame Cup igezemuri1/2

  XI ba APR FC babanzamo habaye impinduka imwe Ku nshuro ya mbere muri ino mikino ya CECAFA Kagame Cup, APR FC yakoze impinduka mu bakinnyi babanzamo. Seidu Yassif Dauda yafashe umwanya wa Taddeo Lwanga. Pavel Ndzila Mugisha Gilbert Niyibizi Ramadhan Niyigena Clement Nshimiyimana Yunusu Ruboneka Jean Bosco Byiringiro Gilbert Dauda Yassif Dushimimana Olivier Muzungu […]

Continue Reading

APR FC yatsinze Police FC mu mukino ufungura stade Amahoro uko umukino wagenze [AMAFOTO]

Rwandanews24 iguhaye Ikaze kuri Stade Amahoro ahagiye kubera umukino wo gufungura iki gikorwaremezo giheruka kuvugururwa kigashyirwa ku rwego rwo kwakira abantu ibihumbi 45 bicaye neza, bavuye ku bihumbi 25. Ni umukino uza guhuza APR FC na Police FC guhera saa Kumi n’Imwe. Uretse uyu mukino, hateganyijwe kandi n’ibirori byo gutaha iyi “Stade Amahoro nshya” aho […]

Continue Reading

Perezida Kagame niwe uzafungura ku mugaragaro Stade Amahoro menya byose bijyanye nuyu muhango

Minisiteri ya Siporo yatangaje ko Perezida Paul Kagame azataha ku mugaragaro Stade Amahoro ku wa Mbere, tariki ya 1 Nyakanga. Umukuru w’Igihugu azanakurikirana umukino uzahuza APR FC na Police FC kuri uwo munsi, guhera saa Kumi n’Imwe z’umugoroba. Amarembo y’iyi Stade iheruka gushyirwa ku rwego rwo kwakira abantu ibihumbi 45 bicaye neza, azafungurwa saa Tanu, […]

Continue Reading

Niyonzima Olivier Sefu yasinye muri Rayon Sports

Niyonzima Olivier yasubiye muri Rayon Sports nyuma yo guca muri APR FC, AS Kigali na Kiyovu Sports. Sefu wagaragaye mu mukino wa gicuti uheruka guhuza APR FC na Rayon Sports, akina hagati mu kibuga afasha ba myugariro, yasinye amasezerano y’umwaka umwe. Yari akina muri Rayon Sports kuva 2015 kugera 2019, atwaramo igikombe cy’amahoro na shampiyona. […]

Continue Reading