Espoir FC y’irusizi ishobora kumanurwa mu kiciro cya gatatu kubera amakosa yakoze

Ikipe ya ESPOIR FC yakuweho amanota mu mikino yose yakoreshejemo umukinnyi witwa Christian Watanga Milembe adafite ibyangombwa, biyiviramo kuguma mu cyiciro cya 2. AS MUHANGA niyo yabyungukiyemo, izakina kamarampaka,Playoffs n’amakipe y’Intare, Vision na Rutsiro FC. Uyu mwanzuro wafashwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ku wa 20 Gicurasi nyuma y’ikirego cyatanzwe na AS Muhanga. FERWAFA […]

Continue Reading

Amavubi yisubiyeho ku gukinisha Umunya-Nigeria Ani Elijah amwirukana mu mwiherero

Rutahizamu wa Bugesera FC, Umunya-Nigeria Ani Elijah yakuwe mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ kugira ngo abanze gushakirwa ibyangombwa byo kuba yakinira u Rwanda. Elijah ni umwe mu bakinnyi bari bitabiriye umwiherero w’Ikipe y’Igihugu mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Gicurasi 2024, aho Amavubi agiye kwitegura imikino ibiri ya Bénin na Lesotho mu gushaka itike […]

Continue Reading

Man City yegukanye Premier League ya kane yikurikiranya

Ikipe ya Manchester City yatsinze West Ham United ibitego 3-1, yegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) ku nshuro ya kane yikurikiranya, ikaba iya cyenda muri rusange. Mu gihe City yari ikeneye intsinzi kugirango yizere neza gutwara igikombe Arsenal bari bahanganye, yatangiye neza umukino itsinda ibitego hakiri kare. Phil Foden yafunguye amazamu kuri iyi […]

Continue Reading

Polisi yafunze Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi

RIB urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwemeje ko rwafunze umukinnyi Songa Isaïe akurikiranyweho gukoresha ibikangisho ku mugore babyaranye ariko batasezeranye imbere y’amategeko. Yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku wa 8 Gicurasi 2024.Dosiye y’umukinnyi Songa Isaïe yashyikirijwe Ubushinjacyaha ku wa 13 Gicurasi 2024. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko […]

Continue Reading

Umunyamakuru wa Radio10 yasezeye ajya muri Rayon Sports

Kuri iki Cyumweru taliki ya 12 Gicurasi 2024 nyuma y’umukino wahuzaga ikipe ya Manchester United na Arsenal zo muri shampiyona y’Ubwongereza, nibwo Uwizeyimana Sylvestre uzwi nka Wasili yahise atangaza ko ariwo munsi wa nyuma yumvikanye kuri Radio10 nk’umukozi wayo. Ntabwo yahise atangaza ahandi agiye gukomereza akazi ariko yavuze ko mu minota mike abantu bari kuba […]

Continue Reading

Aryoha asubiwemo akarasisi, umuziki, udushya ibyaranze umuhango wo gutanga igikombe kuri APR FC {AMAFOTO+VIDEO}

Ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu mupira w’Amaguru mu Rwanda mu 2023/24. APR FC yanganyije n’Amagaju FC igitego 1-1mu mukino wa nyuma wa shampiyona, yegukana Shampiyona ya 2023/24 idatsinzwe. Ni inshuro ya gatatu Ikipe y’Ingabo z’Igihugu itwaye Shampiyona idatsinzwe nk’uko byagenze mu 2019/20 na 2020/21. Iki gikombe cya Shampiyona […]

Continue Reading

Etoile de L’Est na Sunrise FC zikozeho zikubitwa akanyafu kunda zisanga iyo zavuye

Amarira ni menshi cyane ku ikipe ya Etoile del’Est imanutse mu cyiciro cya kabiri nyuma yo kunyagirirwa imbere y’abakunzi ba yo na Bugesera FC ibitego 3-0. Wari umukino Etoile del’Est yasabwaga gutsinda kugira ngo igume mu cyiciro cya mbere ariko birangira byanze kuko na Bugesera FC yari mu murongo utukura nta kosa yagombaga gukora. Etoile […]

Continue Reading

Umutoza w’Amavubi yahamagaye abakinnyi azakoresha kuri Benin na Lesotho

Umutoza w’ikipe y’igihugu ’Amavubi’yatangaje urutonde rw’Agateganyo rw’Abakinnyi yahamagaye, bazitabira umwiherero wo kwitegura imikino yo guhatanira kuzitabira Igikombe cy’isi kizaba mu mwaka wa 2026. Uru rutonde rw’agateganyo ruriho abakinnyi 37 barimo abakina hanze 16. Abo barimo abanyezamu batanu, ba myugariro 12, abakina hagati 14 na ba rutahizamu batandatu. Bugesera FC ishobora kumanukana mu cyiciro cya kabiri […]

Continue Reading

Kylian Mbappé yasezeye ku ikipe ya PSG

Rutahizamu Kylian Mbappé yasezeye byeruye kuri Paris Saint-Germain yari amazemo imyaka 7. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze,yatangaje ko atazongera amasezerano muri PSG – kugira ngo akureho ibihuha byavugaga ko ashobora kwisubiraho akagumana n’iyi kipe. Mbappe yasobanuye muri videwo ikora ku mutima ko atazava muri PSG gusa, ahubwo ko azava mu Bufaransa muri rusange […]

Continue Reading

FERWAFA ku byo kuzana rutahizamu Elijah mu Mavubi

Ferwafa ryatangaje ko kugeza ubu nta biganiro byari byaba hagati yabo na rutahizamu wa Bugesera Ani Elijah ngo abe yakinira ikipe y’igihugu Amavubi. Ibi Ferwafa ikaba yabitangaje nyuma y’amakuru yiriwe acaracara ku mbuga nkoranyambaga avuga ko bisa nk’ibyarangiye ko uyu mukinnyi ukomoka mu gihugu cya Nigeria yaba agiye gukinira ikipe y’igihugu Amavubi. Aganira na IGIHE […]

Continue Reading