Rayon Sports yasinyishije Hakizimana Muhadjiri

Ikipe ya Rayon Sports yarangije kumvikana n’umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’, Hakizimana Muhadjiri, warangije gushyira umukono ku masezerano y’umwaka umwe akinira iyi kipe y’i Nyanza. Ibiganiro bya Muhadjiri na Rayon Sports byatangiye ubwo umwaka wa shampiyona wasozwaga dore ko uyu mukinnyi benshi bafata nk’ufite impano kurusha abandi bakina mu Rwanda, yanze kwemera icyifuzo Police FC yamuhaga […]

Continue Reading

Manchester United yafashe icyemezo cyo kugumana na Erik ten Hag

Inama y’ubuyobozi ya Manchester United yafashe icyemezo cyo kugumana Umutoza Erik ten Hag ndetse hagiye gukurikiraho ibiganiro byo kumwongerera amasezerano dore ko asigaje umwaka umwe gusa. Mbere y’umukino wa nyuma wa FA Cup wabaye ku wa 25 Gicurasi, hari amakuru yavugaga ko Manchester United itazakomezanya na Erik ten Hag hatitawe ku cyari kuwuvamo. Nyuma yo […]

Continue Reading

Amavubi yisubije umwanya wa mbere mu itsinda atsinze Lesotho

Ikipe y’Igihugu Amavubi yatsinze Lesotho igitego 1-0, bituma yisubiza umwanya wayo wa mbere mu itsinda C mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026. Muri uyu mukino waberaga muri Afurika y’Epfo, Amavubi yihagazeho arinda iki gitego yatsinze mu gice cya mbere,bituma atahana intsinzi. Amavubi yatangiye uyu mukino ahererekanya neza ndetse akinira mu rubuga rwa […]

Continue Reading

APR FC yananiwe kumvikana na rutahizamu mwiza wa Shampiyona ya Ghana

Ikipe ya APR yananiwe kumvikana na rutahizamu w’Umunya-Uganda Steven Desse Mukwala wayisabye kumwishyura agera ku bihumbi 70$. APR FC izahagararira u Rwanda muri CAF Champions League ya 2024/25, ikomeje kurambagiza abakinnyi batandukanye bazayifasha kwitwara neza nyuma yo gusezererwa nabi mu mwaka w’imikino ushize. Amakuru dukesha  IGIHE  ni uko muri aya mezi abiri, umwe mu bakinnyi […]

Continue Reading

Ijambo rya mbere Kylian Mbappé yavuze agitangazwa nk’umukinnyi wa Real Madrid

Rutahizamu Kylian Mbappé w’imyaka 25 yamaze gutangazwa nk’umukinnyi mushya wa Real Madrid ndetse ahita agaragaza ko ari ikipe yari yarihebeye kuva mu bwana bwe. Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Kamena 2023, ni bwo iyi kipe yo muri Espagne yatangaje umukinnyi wayo mushya nyuma y’igihe kirekire bivugwa ko impande zombi zamaze kumvikana. Mbappé wahawe […]

Continue Reading

Kiyovu Sports yabonye umuyobozi mushya

Nkurunziza David niwe watorewe kuyobora Kiyovu Sports imyaka 3 iri imbere mu nama y’inteko rusange y’iyi kipe yabaye kuri iki Cyumweru,tariki ya 26 Gicurasi 2024. Asimbuye Ndolimana Jean Francois Regis “General” weguye ayisigira Mbonyumuvunyi Abdul Karim. Uyu mugabo wari umaze igihe kinini aba hafi Kiyovu Sports mu bikorwa bitandukanye birimo n’ahakenewe ubushobozi bw’amafaranga, wanayifashije kuba […]

Continue Reading

Police FC yatandukanye n’abakinnyi icyenda barimo bakapiteni bayo babiri

Ikipe ya Police FC iheruka gutwara igikombe cy’amahoro,yatandukanye n’abakinnyi icyenda barimo abazwi cyane nka Rutanga Eric na Nshuti Savio bari bakapiteni. Amakuru  avuga ko abakinnyi bashoje amasezerano babwiwe gushakira ahandi barimo Gadi Ndizeye ukina inyuma ibumoso, Rurangwa Mossi ukina mu bwugarizi bwo hagati, Patrick Ruhumuriza ukina inyuma iburyo, Rutanga Eric wigeze kuba kapiteni wayo, Kapiteni […]

Continue Reading

Abakinnyi 9 mu muryango isohoka muri APR FC

Mbere y’uko umwaka w’imikino wa 2024-25 utangira, APR FC irateganya gukora impinduka ikarekura abakinnyi benshi. Iyi kipe y’ingabo z’igihugu yegukanye shampiyona ya 2023-24 ikaba izakina CAF Champions League, igomba kwiyubaka bigendanye n’urwego igiye gukinaho akaba ari na yo mpamvu izarekura abakinnyi benshi. Mu bakinnyi izarekura abanyamahanga ba yo benshi izabagumana cyane ko basinye imyaka 2 […]

Continue Reading

Rutahizamu Ani Elijah yasubiye mu mwiherero nyuma yo kuwukurwamo

Rutahizamu wa Bugesera FC, Ani Elijah, yasubiye mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ yitegura guhura na Bénin ndetse Lesotho mu mikino y’amatsinda yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Imikino yombi iteganyijwe mu ntangiriro za Kamena aho Bénin izakirira u Rwanda muri Côte d’Ivoire naho umukino wa Lesotho ukabera muri Afurika y’Epfo. Nubwo atari yatangajwe ku […]

Continue Reading