Paul Muvunyi, Gacinya na Sadate mu bagiye gufasha Rayon Sports mu gihe itarabona ubuyobozi

Nyuma y’uko Komite Nyobozi ya Rayon Sports isoje manda y’imyaka ine, amatora y’abayobozi bashya akaba ataraba, inzego zitandukanye zateranye zigena akanama k’agateganyo kazafasha iyi kipe mu gihe gito iri mu nzira zo kwitegura ubuyobozi bushya. Aka kanama kagizwe na Paul Muvunyi, Munyakazi Sadate, na Gacinya Chance Denis, kagamije gufasha Rayon Sports gutegura ahazaza no kwinjira […]

Continue Reading

Barcelona vs Real Madrid : Amanota y’Abakinnyi ku 10 muri El Clasico

Mu mukino wari witezwe cyane muri shampiyona ya La Liga, ikipe ya FC Barcelona yatunguye Real Madrid kuri stade ya Santiago Bernabeu, ibatsinda ibitego 4-0 muri El Clasico. Ikipe ya Hansi Flick yakoze impinduka zashimangiye intsinzi ikomeye, mu gihe Real Madrid yari mu bihe bigoye mu gice cya mbere cy’umukino. Barcelona yatangiye umunsi nabi, ariko […]

Continue Reading

Umukino wa APR FC na Rayon Sports wasubitswe, uzashakirwa indi tariki

Ubuyobozi bwa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) bwatangaje ko umukino wagombaga guhuza APR FC na Rayon Sports ku itariki ya 19 Ukwakira 2024 wasubitswe. Ibi byaje nyuma y’ubusabe bwa APR FC bwo gusaba ko ingengabihe isanzwe ya Shampiyona yakubahirizwa, bityo uyu mukino ukazashakirwa undi munsi uzakinirwaho. Aya makipe azwiho guhangana cyane […]

Continue Reading

Myugariro wa Gasogi United yatumijweho na RIB mbere yo guhura na Rayon Sports

Umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, Nshimiyimana Marc Govin, yatumijwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kugira ngo yisobanure ku birego ashinjwa. Ibaruwa yatumijweho Nshimiyimana Govin yari iteganya ko yitaba RIB ya Kanombe ku wa Gatanu tariki ya 20 Nzeri 2024 saa tatu n’igice za mu gitondo. Amakuru atangwa na IGIHE dukesha iyi nkuru […]

Continue Reading

CAF Champions League: APR FC yanganyije na Pyramids FC, urugendo rwo kugera mu matsinda rurakomera

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Nzeri 2024, ikipe ya APR FC yanganyije igitego 1-1 na Pyramids FC yo mu Misiri mu mukino ubanza w’ijonjora rya nyuma rya CAF Champions League wabereye i Kigali. APR FC yatangiye umukino ishaka kwitwara neza imbere y’abafana bayo, yishingikirije abakinnyi bayo nka Byiringiro Gilbert, Mugisha Gilbert, na Ruboneka […]

Continue Reading

Rayon Sports iraganahe ? Uwayezu Jean Fidele yahagaritse kuyobora iyi kipe

Uwayezu Jean Fidele wari Perezida w’Umuryango wa Rayon Sports yasezereye ku nshingano ku mpamvu z’Uburwayi. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Nzeri 2024, ni bwo ikipe ya Rayon Sports yemeje ko Jean Fidele yahagaritse inshingano zo kuyobora umuryango wa Rayon Sports ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Uwayezu w’imyaka 58 yatorewe kuyobora Rayon […]

Continue Reading

Imbere ya Perezida Kagame Amavubi yanganyije na Nigeria

Mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2025 wabereye kuri Stade Amahoro, Amavubi yanganyije na Nigeria 0-0. Ni umukino udasanzwe mu mateka y’u Rwanda kuko ari wo wa mbere waberaga kuri iyi stade ivuguruye, yakira abantu ibihumbi 45. Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yari mu barebye uyu mukino, ushyira umukino wa kabiri mu matsinda […]

Continue Reading

Rubavu: Hatashywe ikibuga cya Basketball cyubatswe na Giants of Africa

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Nzeri 2024, mu Karere ka Rubavu hatashywe ikibuga cya Basketball cyubatswe ku bufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda na Giants of Africa, kigamije gufasha kuzamura impano z’urubyiruko muri uyu mukino. Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA), Désiré Mugwiza, yashimiye Masai Ujiri ku ruhare rwe mu guteza imbere […]

Continue Reading

Amavubi yanganyije na Libya mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika

Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yanganyije na Libya igitego 1-1 mu mukino wa mbere wo mu itsinda D mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2025 kizabera muri Morocco. Uyu mukino wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 4 Nzeri 2024, ubera kuri Tripoli International Stadium. Umukino watangiye utuje ku mpande zombi umupira ukinirwa cyane mu […]

Continue Reading

Rayon Sports yihanije Addax SC ibitego 10-1 Robertinho atanga ubutumwa

Umutoza wa Rayon Sports, Umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka ‘Robertinho’, yasabye guhabwa igihe kugira ngo abashe kubaka ikipe ikomeye. Robertinho yemeje ko azabigeraho, akoresheje ubunararibonye bwe mu gutoza. Ibi yabivuze nyuma y’umukino wa gicuti wabaye ku wa Gatandatu, aho Rayon Sports yanyagiye Addax SC [yahindutse Imena FC] ibitego 10-1 mu Nzove. Nyuma […]

Continue Reading