Rayon Sports igiye kugura abakinnyi batatu barimo ba rutahizamu babiri n’umwe ukina asatira aciye ku mpande

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana n’abakinnyi batatu barimo ba rutahizamu babiri n’umwe ukina asatira aciye ku mpande, mu rwego rwo kongera imbara mu rugendo irimo rwo gushaka igikombe cya Shampiyona. Amakuru yizewe avuga ko nyuma y’aho Ubuyobozi bushya bwa Rayon Sports butangiye imirimo mishya, bwahise butangira kuvugana n’abakinnyi batandukanye bazaza muri iyi kipe muri […]

Continue Reading

Rayon Sports iri mu biganiro n’umukinnyi ukina hagati mu kibuga

Ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro na Jospin Nshimirimana wasinyiye Kiyovu Sports mu mpeshyi ya 2024, ariko ntayikinire kubera ibihano ifite. Amakuru yizewe ni uko mu gihe hategerejwe isoko ryo muri Mutarama 2025, mu bakinnyi Rayon Sports yatekerejeho ndetse inageze kure ibiganiro na bo harimo Jospin Nshimirimana ukina hagati mu kibuga yugarira, wasinyiye Kiyovu […]

Continue Reading

Muhire Kevin yavuze ko yabeshyeye Kapiteni wa APR FC

Kapiteni wa Rayon Sports, Muhire Kevin, yatangaje ko amagambo yavuze kuri Kapiteni wa APR FC, Claude Niyomugabo, ko yamubwiye ko hari gahunda y’uko yari kuvunwa na Taddeo Lwanga atari yo avuga ko byari ugutebya. Ibi yabitangaje nyuma y’umukino w’ikirarane cy’Umunsi wa Gatatu wa Shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri Stade Amahoro ku wa Gatandatu, tariki ya […]

Continue Reading

Menya amafaranga Umukino wa Rayon Sports na APR FC winjije

Umukino Rayon Sports yakiriyemo APR FC ku wa Gatandatu, tariki ya 7 Ukuboza 2024 winjije miliyoni 227 Frw, zirimo 142 Frw zavuye mu baguze amatike. Uyu mukino w’amateka wahurije impande zombi muri Stade Amahoro nyuma y’imyaka ine, ndetse kuri iyi nshuro yari yuzuye abantu ibihumbi 45 isigaye yakira nyuma yo kuvugururwa. Muri rusange, uyu mukino […]

Continue Reading

Amakipe yose azakina igikombe cy’Isi yamenye amatsinda abarizwamo

  Amakipe 32 yabonye itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cy’amakipe kizaba mu 2025, yamaze kumenya amatsinda aherereyemo, aho Paris Saint Germain yisanze mu itsinda rimwe na Atletico Madrid, Botafogo na Sounders FC. Iyi tombola igaragaza uko amakipe azahura mu matsinda yabaye ku mugoroba ku wa Kane tariki 5 Ukuboza 2024 ibera mu Mujyi wa Miami […]

Continue Reading

Igihe umukino wa Rayon Sports na APR FC uzabera cyamenyekanye

Nyuma y’igihe kinini hariho urujijo ku gihe Umukino w’Umunsi wa Gatatu wa Shampiyona y’u Rwanda ugomba guhuza Rayon Sports na APR FC uzakinirwa, wamaze gushyirwa tariki ya 7 Ukuboza 2024. Tariki ya 14 Nzeri 2024 ni bwo Rayon Sports yagombaga kwakira ikipe ya APR FC kuri Stade Amahoro, ariko ntiwakinwa kuko Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yakinaga […]

Continue Reading

MINISPORTS igiye gukemura ikibazo cy’abakinnyi b’amagare basabwe gusubiza ayo bitorezagaho

Minisiteri ya Siporo yijeje gukurikirana ibibazo byatangajwe n’abakinnyi b’umukino w’amagare, bavuze ko badafite amahirwe yo kwitabira amarushanwa, ndetse ko bahura n’ibibazo mu myitozo yabo, kandi hari amagare yakuweho yari yaratanzwe n’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare (FERWACY). Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, Nelly Mukazayire, aherutse gusura ikigo cya UCI gishinzwe imyitozo y’umukino w’amagare mu Rwanda, giherereye mu […]

Continue Reading

FERWACY yihakanye Munyaneza Didier Mbappé

Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryanyomoje Munyaneza Didier uzwi nka Mbappé wavuze ko yimwe igare ry’ikipe y’igihugu nyamara atararisabye. Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 30 Ukwakira 2024, ibinyujije ku rukuta rwe rwa x yagaragaje ko yimwe igare ryo kwitegura isiganwa bitewe nuko mugenzi we yagaragaje ibitagenda neza mu Ishyirahamwe. Ati: “Mu gihe […]

Continue Reading