U Rwanda rugomba kwirwanaho igihe cyose ruzaterwa

  Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa kabiri Nyakanga 2024, Umuyobozi w’ishyaka DGPR ndetse akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida yagarutse ku mutekano uvugwa mu KARERE Aho yatangaje igihe cyose u Rwanda rwaterwa rugomba kwirwanaho natwe rugishije inama. Kuba Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yaragiye yigamba kenshi azatera u Rwanda, uyu […]

Continue Reading

RUBAVU: Ishyaka DGPR ryaserukanye umucyo I Mahoko

  Kuri uyu wa Kabiri Nyakanga 2024 ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR ryakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza Aho imbaga y’abaturage yagaragaje akanyamuneza n’umunezero mu kwishimira imigabo n’imigambi iri shyaka ribazaniye. Abiganjemo urubyiruko n’abakuze nibo bari biganje mubari bitabiriye ibi bikorwa byo kwamamaza DGPR barazwe n’umudiho wikiranwaga n’akamwenyu mu maso. Hon Dr Frank Habineza Perezida […]

Continue Reading

Nyabihu : Dr Frank Habineza n’ishyaka DGPR bakoze ku mutima wa benshi

kuri uyu wa kabiri Nyakanga 2024 mu KARERE ka Nyabihu mu gasanteri ka Mukamira,abaturage ndetse na bamwe mu basirikare bashimiye Dr Frank Habineza bamwifuriza kuba Commandant in chief. Ibi ni ibyatangajwe na Bwana Modeste umurwanashyaka ndetse akaba n’umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) mu ntara y’iburengerazuba yakira abashyitsi yagarutse ku butumwa yahawe n’abasirikare […]

Continue Reading

Gushyira Agronome ku kagari imwe migambi mishya ishyaka DGPR rizaniye abanyarwanda nirimara gutorwa

Umuyobozi w’ishyaka rigamije Demokarasi no kurengera ibidukikije Hon Dr Frank Habineza yabwiye abaturage bo mu murenge wa Tyazo ahazwi nka Kanjongo mu KARERE ka Nyamasheke ko nibamutora bagatora n’abadepite b’iri shyaka ko service zimwe na zimwe zibarizwa ku murenge zizamanurwa ku kagari. Ni mu gikorwa cyo kwiyamamaza ku munsi wa 10, iri shyaka DGPR ryakorewe […]

Continue Reading

Rusizi: Ishyaka DGPR rizazana gari ya moshi no kudafunga imipaka n’ibihugu bituranyi

kuri uyu wa mbere tariki ya 1Nyakanga 2024, ishyaka rya Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR, ryatangaje ko ritazemera na Gato gufungwa umupaka uko ushatse ko niritorwa rizashyiraho uburyo kubyuka ugafunga umupaka uko ushaka bitazashoboka. Hon Jean Claude Ntezimana Umunyamabanga mukuru w’ishyaka aka umwe mu bakandida  depite 50  ba DGPR ndetse akaba ashinzwe ibikorwa byo kwamamaza […]

Continue Reading

DGPR izagabanya imyaka ya Pansion inashyireho umushahara fatizo

kuri iki cyumweru tariki ya 30 Kamena 2024, ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR ku munsi wa 9 wo kwiyamamaza mu matora ya Perezida wa Repubulika n’abadepite ryatangaje ko niriramuka ritowe rizagabanya imyaka ya pansiyo,gushyiraho umushahara fatizo ndetse no kongera umubare w’abadepite.Ibi byatangarijwe mu kagari ka Rango A umurenge wa Mukura mu KARERE ka […]

Continue Reading

DGPR yijeje abaturage ba Kabaya uruganda rukora Peteroli ndetse na Minisiteri y’itangazamakuru

Ku munsi wa 8 ubwo ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR mu murenge wa Kabaya mu KARERE ka Ngororero ryatangaje ku mugaragaro ko nibatora Dr Frank Habineza nka Perezida ndetse n’abadepite baryo ko rizabazanira uruganda rutunganya Peteroli ndetse na Minisiteri y’itangazamakuru. Perezida w’ishyaka DGPR akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, imbere […]

Continue Reading

Fra’s fusion of art, sustainability the dawn of new era in streetwear fashion?

WearFragile, a skateboarding brand born from a deep passion for art and sustainability, started with a vision to blend these elements into a distinctive community brand. Widely recognized within Rwanda’s hip-hop scene, WearFragile—often simply called ‘Fra’—was founded by Chris Manzi, Arsene Butare, and Davy Iyamuremye. Their ambition includes creating a private skatepark to serve as […]

Continue Reading

Umusore w’imyaka 19 arakekwaho kwica umukecuru n’umusaza abatemye

Umusore w’imyaka 19 utuye mu Murenge wa Musenyi mu Karere ka Bugesera, arakekwaho gusanga umukecuru n’umusaza bamureze, mu rugo rwabo akabica abatemye. Ibyo byabereye mu Mudugudu wa Gatare, mu Kagari ka Gicaca, Umurenge wa Musenyi, IGIHE dukesha aya makuru yamenye amakuru avuga ko bishobora kuba byaramenyekanye ku wa wa Kane tariki y 16 Gicurasi 2024. […]

Continue Reading

Abanyarwanda babiri bashakishwaga byemejwe ko bapfuye

Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego Mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko zirimo urwa Arusha rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT), Serge Brammertz, yemeje ko Abanyarwanda babiri bari bagishakisha bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bapfuye. Aba ni Sikubwabo Charles wabaye Burugumesitiri wa Komini Gishyira muri Perefegitura ya Kibuye, akaba n’umunyamuryango w’ishyaka CDR, mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu […]

Continue Reading