U Rwanda ku mwanya w’ 144 n’amanota 40% mu bwisanzure bw’itangazamakuru

Raporo y’umuryango uharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru, Reporters Sans Frontières (RSF), yashyize u Rwanda ku mwanya wa karindwi mu bihugu bizige Umuryango w’Afrika y’Iburasirazuba Iyi raporo y’uyu muryango wo mu Bufaransa, yasohotse kuri iyi tariki ya gatatu Gicurasi (5), umunsi ngarukamwaka w’ubwisanzure bw’itangazamakuru washyizweho n’Umuryango w’Abibumbye, ishyira u Rwanda ku mwanya wa 144 n’amanota 40/100 mu bihugu […]

Continue Reading

Ubugambanyi muri FDLR buri guhitana bamwe mu bayobozi bayo

Umwe mu bahoze mu gisirikare cya FDLR witandukanyije nayo aremeza urupfu rwa Ruhinda rwaba rwaratewe n’ubugambanyi bwakozwe n’umwe mubo bari bafatanyije kuyobora uyu mutwe w’iterabwoba Amezi atanu arihiritse hamenyekanye urupfu rutavuzweho rumwe rw’uwari Umuyobozi w’Ingabo zidasanzwe z’Umutwe wa FDLR, Colonel Ruhinda Gaby ubusanzwe witwa Protogène Ruvugayimikore. Hagiye havugwa amakuru menshi ku rupfu rwe, aho umutwe […]

Continue Reading

Uwifuza guhatanira kuyobora u Rwanda yatangaje gahunda imuganisha ku kuba umukandida

Uwigeze kwiyamamariza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Mpayimana Philippe , agatsindwa ku majwi 0,7%, akaba yifuza kongera kwiyamamaza, yatangaje gahunda yo gutangira gusinyisha abashyigikira Kandidatire ye. Mpayimana Phillipe wiyamamaje mu matora y’Umukuru w’Igihugu ya 2017, aherutse kwemeza ko azongera akiyamamaza mu matora y’uyu mwaka azaba muri Nyakanga 2024. Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, iherutse […]

Continue Reading

M23 iravuga ko Leta y’u Burundi imaze iminsi yohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imihoro ndetse n’Imbonerakure zo kuhakorera ubwicanyi

Umutwe wa M23 uravuga ko Leta y’u Burundi imaze iminsi yohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imihoro ndetse n’Imbonerakure zo kuhakorera ubwicanyi. Mu ntangiriro z’uku kwezi ni bwo ikinyamakuru Le Mandat cy’i Burundi cyanditse ko Leta y’iki gihugu imaze igihe yaratumije kontineri enye z’imihoro mu Bushinwa, ndetse ko ikimara kugera mu Burundi yahise ihabwa […]

Continue Reading

Kiliziya Gatolika irashinja Tshisekedi kubuza igihugu umutekano

Karidinali Fridolin Ambongo uhagarariye arikidiyoseze ya Kinshasa mu gihugu cya DRC yasobanuye uruhare rw’ubutegetsi bwa Kinshasa burangajwe imbere na Perezida Tshisekedi mu bibazo by’umutekano muke ubugarije none abaturage bakaba bari kwishyura Fagitire Uyu wihaye Imana amaze iminsi adacana uwaka n’ubutegetsi bwa Peresida Tshisekedi, kuri ubu ari kuvuga ko ikosa ryakozwe na Leta yemeye guha intwaro […]

Continue Reading

FARDC yafunze abandi ba ofisiye bakekwaho kugambanira igihugu

Général Christian Tshiwewe Songesha, umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko hari abofisiye mu gisirikare n’igipolisi batawe muri yombi, bakekwaho kugambanira igihugu. Ubwo Tshiwewe yari mu kigo cya gisirikare cya Kokolo cyabereyemo akarasisi k’abasirikare n’abapolisi kuri uyu wa 15 Mata 2024, yasobanuye ko abatawe muri yombi ari abakorera i Kinshasa na […]

Continue Reading

Umunsi Idi Amin agusha indege za gisirikare i Kanombe, abasirikare ba EX-FAR bagahunga

Gen (Rtd) Ibingira Fred yatangaje ko u Rwanda rumaze imyaka 30 ari igihugu kitavogerwa ku buryo nta muntu ushobora kugira icyo ahakora nta burenganzira abifitiye, bitandukanye n’uko mu myaka ya 1970 uwari Perezida wa Uganda, Idi Amin yigeze kugusha indege za gisirikare ku kibuga cy’indege cya Kigali nta muyobozi w’u Rwanda ubizi. Ingingo yerekeye umutekano […]

Continue Reading

Haribanzwa niba Tshisekedi yaba ashaka gufunga Kabila

Félix Tshisekedi , Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashobora kuba ashaka gufunga Joseph Kabila yasimbuye ku butegetsi, mu gihe yaba amaze kumushyira ku rutonde rw’abagambanyi b’igihugu Aba  bombi bigeze kuba inshuti z’akadasohoka bigaragarira buri wese ukurikira ibibera muri RDC, kuko bahererekanyije ubutegetsi mu 2019, bemera gusaranganya imyanya muri Guverinoma no mu Nteko Ishinga […]

Continue Reading

Haribazwa impamvu umubyeyi wa IngabireVictoire akidegembya mu Gihugu kirimo Urugereko ruburanisha abakekwaho Jenoside

Ambasade y’u Rwanda mu Buholandi irasaba iki Gihugu guta muri yombi abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, bagituyemo, barimo Theresa Dusabe [umubyeyi wa Ingabire Victoire] ukidegembya muri iki Gihugu gisanzwe kirimo icyicaro cy’Urugereko ruburanisha imanza zasizwe n’Urukiko Mpuzamahanga rwari rwarashyiriweho u Rwanda. Ambasaderi Olivier Nduhungirehe uhagarariye u Rwanda mu Bihugu binyuranye birimo u Buholandi ari […]

Continue Reading

Abasirikare bakuru b’u Bwongereza basabye ko abanya-Afghanistan babaye mu gisirikare batangomba koherezwa mu Rwanda

Uwahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo n’abandi bari abayobozi mu gisirikare cy’u Bwongereza babwiye Minisitiri w’Intebe Rishi Sunak ko mu gihe abimukira bakoreye ingabo z’igihugu haba imbere no hanze yacyo baba boherejwe mu Rwanda byaba ari igisebo cyo kunanirwa kubahiriza indangagaciro zabo. Abasirikare bakuru 13 bo mu nzego zitandukanye z’igisirikare batangaje ko abanya-Afghanistan n’abandi babaye mu […]

Continue Reading