“Navuye muri FPR Inkotanyi ku mugaragaro ari bwo natangije ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya DGPR.” Ubuhamya bwa Dr. Frank Habineza

Mu kiganiro The Long Form na Sanny Ntayombya, Dr Habineza yagarutse ku rugendo rwe muri politiki, kuva kuri wa mwana wakuriye mu nka zo mu buhungiro muri Mityana, Uganda kugeza ku guhatanira kuyobora u Rwanda. Democratic Green Party of Rwanda, ni ishyaka rimaze imyaka 15 muri politiki itavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda ndetse rikomeje gukura […]

Continue Reading

U Rwanda rwamaganye amagambo ya Minisitiri wa RDC abeshyera Perezida Kagame

  , yamaganye ibyatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa RDC wavuze ko Perezida Paul Kagame amaze iminsi avugira mu bitangazamakuru mpuzamahanga ko “ingabo z’u Rwanda ntizizava muri RDC kugeza igihe Abatutsi b’abanye-Congo bazabonera uburenganzira bwabo.” Imbere y’abadipolomate bakorera i Kinshasa, tariki ya 8 Gicurasi 2024, Minisitiri Lutundula yavuze ko Perezida Kagame aherutse kubwira ikinyamakuru cyo […]

Continue Reading

Diane Rwigara atangaje ko aziyamamaza ku mwanya wa perezida mu matora ya 2024

Diane Rwigara yabwiye BBC ko yafashe icyemezo cyo kongera kwiyamamariza umwanya wa perezida wa Repubulika mu matora azaba muri Nyakanga uyu mwaka. Diane yaherukaga kugerageza ibi mu 2017 ariko kandidatire ye yanzwe na komisiyo y’amatora ivuga ko yakusanyije imikono mihimbano y’abantu basabwa muri buri karere kugira ngo umuntu yemerwe nk’umukandida ku mwanya wa perezida. Diane […]

Continue Reading

Bicahaga yasabiwe gufungwa imyaka 30 umugore we asabirwa 29

Mu rukiko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye I Nyanza, rwaburanishije urubanza ruregwamo Bicahaga Abdallah, umugore we Mukamana Marie Louise ndetse n’undi mugabo witwa Gatete Theophile. Mu gihe ubushinjacyaha bwari bwarasoje gusobanura ikirego cyabwo kuri iyi nshuro humviswe umugore wa Bicahaga yiregura, aho yabwiye urukiko ko icyaha cy’ubufatanyacyaha ku cyaha cyo guhakana no gupfobya jenoside, […]

Continue Reading

Lt Col Nsengiyumva wagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yapfuye

Lieutenant Colonel Anatole Nsengiyumva wahamijwe kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Perefegitura ya Gisenyi na Kibuye, yapfiriye muri Niger. Tariki ya 18 Ukuboza 2008, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwari rwarashyiriweho u Rwanda (ICTR) i Arusha rwamukatiye igifungo cya burundu. Inkuru dukesha igihe iravuga ko, Abacamanza b’uru rukiko bari bamaze kwemeza ko yateguye umugambi wo kwica […]

Continue Reading

U Rwanda rwasubije Amerika ko yarengereye ishinja ingabo zarwo kwica impunzi

Guverinoma y’u Rwanda yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje ingabo zarwo kurasa ku baturage bavuye mu byabo mu nkengero z’umujyi wa Goma, mu gihe nta perereza ryigenga rirakorwa. U Rwanda rwagaragaje ko Amerika yarengereye cyane ibeshyera ingabo zarwo, mu gihe imiryango mpuzamahanga imaze igihe igaragaza ko ingabo za Congo (FARDC) ku bufatanye n’iz’u Burundi […]

Continue Reading

Babuze uwo bashinja ibisasu byarashwe ku mpunzi

Mu gihe hacyibazwa uwarashe ibisasu ku mpunzi z’i Mugunga,umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi na MONUSCO babuze uwo babishinja gusa basaba ko ababikoze bagezwa imbere y’ubutabera. Mu itangazo ryashyizwehanze, intumwa z’Ubumwe bw’Uburayi muri DR Congo ntizishinja M23 ibi bitero ku mpunzi, nubwo zamagana kuba uyu mutwe ukomeje kwigira imbere, gusa zisaba ko ababikoze bashyikirizwa ubucamanza. Izo ntumwa […]

Continue Reading

Byagaragaye  ko ingabo za FARDC zacitse intege, bikaba bigiye gutuma M23  gufata umujyi wa Goma 

Haravugwa ugucika intege gukomeye mu ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rw’u butegetsi bwa Repubilika ya demokarasi ya Congo. Kuri uyu wa  Gatandatu, ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zivanye mu gace ka Bitongo, ko muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nk’uko byemejwe na sosiyete sivile yo muri ibyo bice. Ubuyobozi […]

Continue Reading

Tshisekedi aracyahamya  ko azashoza  intambara ku Rwanda

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yashimangiye ko agitekereza gushoza intambara ku Rwanda mu gihe ibiganiro bihuza abayobozi bo mu bihugu byombi nta musaruro mwiza byatanga.   Uyu Mukuru w’Igihugu ubwo yimamarizaga kuyobora iki gihugu mu mpera za 2023, yatangaje ko mu gihe umutwe witwaje intwaro wa M23 warasa mu […]

Continue Reading