Dr Habineza Frank n’ishyaka DGPR bahakanye gukorera mu kwaha kwa FPR
Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 11 Nyakanga 2024, yahakanye yivuye inyuma ko ishyaka rye ridakorera mu kwaha kwa FPR Inkotanyi Dr Habineza Frank yabwiye abanyamakuru ko abakwirakwiza amakuru nk’aya Ari abanzi b’igihugu birengagiza ukuri […]
Continue Reading
