Ibiza bihombya u Rwanda miliyoni 210 buri mwaka
Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yashyize hanze raporo igaragaza ingaruka ibiza bigira ku bukungu bw’igihugu n’ingamba zafashwe zo kubikumira bitaraba. Iyi raporo igaragaza ko buri mwaka u Rwanda ruhomba asaga miliyari 210 Frw kubera Ibiza, ndetse ashobora kwiyongera mu gihe hadafashwe ingamba zo kubikumira hakiri kare. Yamuritswe ku wa 23 Ukwakira 2025, mu nama nyunguranabitekerezo […]
Continue Reading
