Perezida Museveni yatakiwe na Anita Among kugira ngo afungure konti ze zafatiriwe.
Uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Anita Annet Among, yatangaje ko konti ze za banki zafatiriwe n’inzego z’ubutabera, ibintu avuga ko byamugizeho ingaruka zikomeye mu mibereho ye ndetse no mu bikorwa bye by’ubucuruzi n’iby’ubugiraneza. Ibi Among yabivuze ku wa 02 Nyakanga 2026, mu nama yagiranye n’abayobozi gakondo bo mu karere ka Teso ndetse […]
Continue Reading
